Shema Arnaud de Bosscher wamamaye nka DJ Toxxyk yakatiwe n’Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge igifungo cy’umwaka n’amezi atandatu ndetse anacibwa ihazabu...
Umuhanzikazi w’icyamamare Shakira yatangaje ko yatumiye itsinda rya Ghetto Kids kuzataramana na we mu birori byo hagati mu mukino wa...
Umuhanzikazi wo muri Uganda Spice Diana yongeye kuvugisha abakunzi b’umuziki nyuma y’amakuru avuga ko yongereye Selecta Rizzon mu ikipe imufasha...
Urban Boyz yongeye kuvugisha benshi nyuma y’amakuru avuga ko ishobora kongera guhuza imbaraga nyuma y’imyaka icyenda itandukanye. Iri tsinda ryigeze...
Shakira yasabye abana bo muri Ghetto Kids kuzamubyinira mu bikorwa bijyanye n’Igikombe cy’Isi cya 2026. Aba bana bamaze imyaka bamenyekana...
Muri Kenya, inkuru y’urupfu rw’umuririmbyi w’indirimbo zihimbaza Imana Rachel Wandeto yakomeje kuvugisha benshi nyuma yo gutwikirwa lisansi n’abantu bataramenyekana. Rachel...
Abigael Kendi ni umukobwa w’imyaka 19 wo muri Kenya ufite ubuzima budasanzwe bwatangaje benshi. Yavutse afite inkondo ebyiri z’umura, nyababyeyi...
Read moreDetailsAfrica Centres for Disease Control and Prevention yatangaje ko icyorezo gishya cya Ebola cyadutse mu burasirazuba bwa Democratic Republic of...
Read moreDetailsIgikorwa cyo gukora imibonano mpuzabitsina iyo gikozwe neza kandi cyitondewe uretse kuba gitanga ibyishimo bigira n’inyungu nyinshi ababikora zirimo kugira...
Read moreDetailsAbashakashatsi bavuga ko imiti mishya ishobora gutinza gusaza ishobora kuboneka mu myaka 5 iri imbere, igahindura cyane uko abantu babaho....
Read moreDetailsMuri Kenya, inkuru y’urupfu rw’umuririmbyi w’indirimbo zihimbaza Imana Rachel Wandeto yakomeje kuvugisha benshi nyuma yo gutwikirwa lisansi n’abantu bataramenyekana. Rachel...
Kiliziya Gatolika mu Rwanda yatangaje ko yatangiye iperereza ku itsinda ry’abantu biyita Abatowe, rivuga ko riherutse kwimika uwo ryise “Papa”...
Umuhanzikazi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Aline Gahongayire, yongeye kugaragaza uruhare rwe mu kuzamura impano nshya, atangiza amarushanwa azafasha...
Abigael Kendi ni umukobwa w’imyaka 19 wo muri Kenya ufite ubuzima budasanzwe bwatangaje benshi. Yavutse afite inkondo ebyiri z’umura, nyababyeyi ebyiri, ibitsina gore bibiri ndetse n’impyiko imwe gusa. Uyu mukobwa yavuze ko ikibazo cye cyamenyekanye mu 2020 nyuma yo gutangira kugira ububabare bukomeye mu nda...
Shema Arnaud de Bosscher wamamaye nka DJ Toxxyk yakatiwe n’Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge igifungo cy’umwaka n’amezi atandatu ndetse anacibwa ihazabu ya 1.050.000 Frw nyuma yo kumuhamya ibyaha byose yari akurikiranyweho. Iki cyemezo cyafashwe kuri uyu wa 22 Gicurasi 2026 nyuma y’ubujurire bwari bwatanzwe n’Ubushinjacyaha, butanyuzwe...
Ikipe ya Aston Villa yatsinze SC Freiburg ibitego 3-0 yegukana UEFA Europa League ku nshuro ya mbere mu mateka yayo. Uyu mukino wa nyuma wabereye muri Turkey ku wa 20 Gicurasi 2026. Aston Villa yatangiye umukino isatira cyane. Abakinnyi barimo John McGinn na Emiliano Buendía...
Umuhanzikazi w’icyamamare Shakira yatangaje ko yatumiye itsinda rya Ghetto Kids kuzataramana na we mu birori byo hagati mu mukino wa nyuma w’Igikombe cy’Isi cya 2026. Uyu mukino uteganyijwe tariki ya 19 Nyakanga 2026 muri Leta ya New Jersey muri United States. Shakira yabitangaje abinyujije kuri...
Umuhanzikazi wo muri Uganda Spice Diana yongeye kuvugisha abakunzi b’umuziki nyuma y’amakuru avuga ko yongereye Selecta Rizzon mu ikipe imufasha mu bikorwa bye bya muzika. Ibi bibaye nyuma y’amezi make Spice Diana atandukanye n’uwari manager we igihe kinini, Roger Lubega. Amakuru yakwirakwiye ku mbuga nkoranyambaga...