Sosiyete ya Tecno yamuritse ku mugaragaro telefone nshya yo mu bwoko bwa Camon50Series, yitezweho guhindura uburyo Abanyarwanda bakoresha ikoranabuhanga, by’umwihariko mu mafoto, amashusho no gukoresha ubwenge bukorano (AI). Iki gikorwa cyabaye kuri uyu wa 27 Werurwe 2026, cyitabirwa...
Bwa mbere mu mateka ya Amerika y’Amajyepfo, igihugu cya Brésil cyatangiye guteranyirizwamo indege z’intambara zigendera ku muvuduko uruta uw’ijwi, zizwi nka Saab JAS 39 Gripen. Izi ndege zikorerwa ubufatanye hagati y’uruganda rwo muri Suède Saab n’uruganda rwo muri...
Mu gihe isi igenda itera imbera mu ikoranabuhanga rishingiye kuri Artificial Intelligence (AI), hagenda havuka amahirwe n’ibibazo bishya ku buhanzi n’inganda ndangamuco. Mu cyumweru gishize i Paris mu Bufaransa, habereye inama mpuzamahanga yiga ku ishyirwa mu bikorwa rya...
Kwamamaza no gukoresha ubwenge bukorano (AI) byahinduye uburyo dushaka amakuru. Ariko hari ikibazo gikomeye kiri kuvuka: birashoboka ko umuntu wese ashobora gutuma AI imuvugaho ibinyoma — kandi mu gihe gito cyane. Nagerageje kubikora. Mu minota 20 gusa, nashoboye...
Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru muri Afurika, Confederation of African Football (CAF), yemeje ko imikino ya ¼ cya CAF Champions League izakinwa hifashishijwe ikoranabuhanga rya VAR, ririmo no kuzakoreshwa bwa mbere kuri Stade Amahoro nyuma y’igeragezwa ryayo ryari riherutse kuba...
Ubushakashatsi bw'abahanga mu isanzure burimo kugera ku bimenyetso byerekana ko umubumbe w'Ukwezi, uku tubona hejuru yacu, waba waravutse nyuma y'uko umubumbe w'isi ugonganye n'undi mubumbe wahozeho ukaza kuzimira. Mu myaka miliyari 4.5 ishize, umubumbe witwaga Theia bikekwa ko...
Nyuma yo kuvuga kenshi ko ikigo cye SpaceX kizagera kuri Mars mu mwaka wa 2026, umuherwe wa mbere ku Isi Elon Musk yongeye gutungura benshi atangaza ko ubu icyibandwaho cyane ari kubaka umujyi ku kwezi. Mu butumwa yashyize ku rubuga X ku Cyumweru, Musk yavuze ko...
Muri iyi minsi, abana bareba TV cyane ariko kandi benshi bakoresha telephone cyane cyangwa se Ipad. Muri iyi nkuru turabagezaho ibyo akwiriye kureba bimugenewe n’ibigenewe ababyeyi. Nkuko bitangazwa n’urubuga ’healthmatters.nyp.org , ruvuga ko abana bakoresha cyane ’screens’ rero bishobora...
Tekereza uvukiye ku Kwezi, ukahakurira ubuzima bwawe bwose, aho gusimbuka metero nyinshi biba ibisanzwe, naho kugenda bigasa n’umukino. Ubuzima bwo ku Kwezi buba butandukanye cyane n’ubwo ku Isi, kuko ahantu hose hari imbaraga za rukuruzi zidasa. Ku kwezi,...
Kigali, Mutarama 2026 – Banki Nkuru y’u Rwanda (BNR) yatangaje ko yahagaritse by’agateganyo mu gihe cy’amezi atatu ibikorwa bya Mobicash Rwanda Ltd, ikigo cyigenga gitanga serivisi z’imari zikorerwa kuri telefoni zigendanwa. Iri hagarikwa ryatangiye ku itariki ya 23...