Abahanga mu bijyanye n’isanzure barimo kugaragaza ibimenyetso bishya bishimangira igitekerezo cy’uko umubumbe w’Ukwezi wavutse nyuma y’ikorwa rikomeye ryabaye hagati y’Isi n’undi mubumbe witwaga Theia mu myaka igera kuri miliyari 4.5 ishize. Icyo gitekerezo kimaze imyaka myinshi kivugwa muri...
Mu gihe isi yose ikomeje gukurikirana iby’ubushakashatsi mu isanzure, itsinda ry’abahanga bane mu by’indege n’isanzure rigiye kwandika amateka mashya mu butumwa bwa Artemis II. Aba bazaba ari abantu ba mbere bagiye kuzenguruka iruhande rw’Ukwezi nyuma y’imyaka irenga 50...
Sosiyete ya Tecno yamuritse ku mugaragaro telefone nshya yo mu bwoko bwa Camon50Series, yitezweho guhindura uburyo Abanyarwanda bakoresha ikoranabuhanga, by’umwihariko mu mafoto, amashusho no gukoresha ubwenge bukorano (AI). Iki gikorwa cyabaye kuri uyu wa 27 Werurwe 2026, cyitabirwa...
Bwa mbere mu mateka ya Amerika y’Amajyepfo, igihugu cya Brésil cyatangiye guteranyirizwamo indege z’intambara zigendera ku muvuduko uruta uw’ijwi, zizwi nka Saab JAS 39 Gripen. Izi ndege zikorerwa ubufatanye hagati y’uruganda rwo muri Suède Saab n’uruganda rwo muri...
Mu gihe isi igenda itera imbera mu ikoranabuhanga rishingiye kuri Artificial Intelligence (AI), hagenda havuka amahirwe n’ibibazo bishya ku buhanzi n’inganda ndangamuco. Mu cyumweru gishize i Paris mu Bufaransa, habereye inama mpuzamahanga yiga ku ishyirwa mu bikorwa rya...
Kwamamaza no gukoresha ubwenge bukorano (AI) byahinduye uburyo dushaka amakuru. Ariko hari ikibazo gikomeye kiri kuvuka: birashoboka ko umuntu wese ashobora gutuma AI imuvugaho ibinyoma — kandi mu gihe gito cyane. Nagerageje kubikora. Mu minota 20 gusa, nashoboye...
Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru muri Afurika, Confederation of African Football (CAF), yemeje ko imikino ya ¼ cya CAF Champions League izakinwa hifashishijwe ikoranabuhanga rya VAR, ririmo no kuzakoreshwa bwa mbere kuri Stade Amahoro nyuma y’igeragezwa ryayo ryari riherutse kuba...
Ubushakashatsi bw'abahanga mu isanzure burimo kugera ku bimenyetso byerekana ko umubumbe w'Ukwezi, uku tubona hejuru yacu, waba waravutse nyuma y'uko umubumbe w'isi ugonganye n'undi mubumbe wahozeho ukaza kuzimira. Mu myaka miliyari 4.5 ishize, umubumbe witwaga Theia bikekwa ko...
Nyuma yo kuvuga kenshi ko ikigo cye SpaceX kizagera kuri Mars mu mwaka wa 2026, umuherwe wa mbere ku Isi Elon Musk yongeye gutungura benshi atangaza ko ubu icyibandwaho cyane ari kubaka umujyi ku kwezi. Mu butumwa yashyize ku rubuga X ku Cyumweru, Musk yavuze ko...
Muri iyi minsi, abana bareba TV cyane ariko kandi benshi bakoresha telephone cyane cyangwa se Ipad. Muri iyi nkuru turabagezaho ibyo akwiriye kureba bimugenewe n’ibigenewe ababyeyi. Nkuko bitangazwa n’urubuga ’healthmatters.nyp.org , ruvuga ko abana bakoresha cyane ’screens’ rero bishobora...