Latest Post

Spice Diana Yongeye gukorana na Selecta Rizzon

Spice Diana Yongeye gukorana na Selecta Rizzon

Umuhanzikazi wo muri Uganda Spice Diana yongeye kuvugisha abakunzi b’umuziki nyuma y’amakuru avuga ko yongereye Selecta Rizzon mu ikipe imufasha mu bikorwa bye bya muzika. Ibi bibaye nyuma y’amezi make Spice Diana atandukanye n’uwari manager we igihe kinini, Roger Lubega. Amakuru yakwirakwiye ku mbuga nkoranyambaga...

Urban Boyz yaba igiye kongera guhura?

Urban Boyz yaba igiye kongera guhura?

Urban Boyz yongeye kuvugisha benshi nyuma y’amakuru avuga ko ishobora kongera guhuza imbaraga nyuma y’imyaka icyenda itandukanye. Iri tsinda ryigeze kuba icyamamare rikomeye mu muziki nyarwanda. Ryari rigizwe na Safi Madiba, Humble Jizzo na Nizzo Kaboss. Urban Boyz yatandukanye mu 2017. Icyo gihe buri umwe...

Shakira yahisemo Ghetto Kids mu gikombe cy’Isi

Shakira yahisemo Ghetto Kids mu gikombe cy’Isi

Shakira yasabye abana bo muri Ghetto Kids kuzamubyinira mu bikorwa bijyanye n’Igikombe cy’Isi cya 2026. Aba bana bamaze imyaka bamenyekana ku Isi kubera impano yabo idasanzwe mu kubyina. Bamenyekanye cyane binyuze ku mashusho bashyira ku mbuga nkoranyambaga, akunze gukundwa n’abatari bake. Shakira yafashe icyemezo cyo...

Arsenal yakoze amateka nyuma y’imyaka 22

Arsenal yakoze amateka nyuma y’imyaka 22

Arsenal yegukanye igikombe cya Premier League 2025-2026, isubira ku ntebe y’icyubahiro nyuma y’imyaka 22 yose itagitwara. Iyi ntsinzi yemejwe nyuma y’umukino wahuje Bournemouth na Manchester City urangira amakipe yombi anganyije igitego 1-1. Iyo ntsinzi yahise isiga Arsenal irusha Manchester City amanota ane, kandi hasigaye umukino...

Page 2 of 273 1 2 3 273

DUKURIKIRE KURI

INKURU NDENDE