Umuhanzikazi wo muri Uganda Spice Diana yongeye kuvugisha abakunzi b’umuziki nyuma y’amakuru avuga ko yongereye Selecta Rizzon mu ikipe imufasha mu bikorwa bye bya muzika. Ibi bibaye nyuma y’amezi make Spice Diana atandukanye n’uwari manager we igihe kinini,...
Urban Boyz yongeye kuvugisha benshi nyuma y’amakuru avuga ko ishobora kongera guhuza imbaraga nyuma y’imyaka icyenda itandukanye. Iri tsinda ryigeze kuba icyamamare rikomeye mu muziki nyarwanda. Ryari rigizwe na Safi Madiba, Humble Jizzo na Nizzo Kaboss. Urban Boyz...
Shakira yasabye abana bo muri Ghetto Kids kuzamubyinira mu bikorwa bijyanye n’Igikombe cy’Isi cya 2026. Aba bana bamaze imyaka bamenyekana ku Isi kubera impano yabo idasanzwe mu kubyina. Bamenyekanye cyane binyuze ku mashusho bashyira ku mbuga nkoranyambaga, akunze...
Muri Kenya, inkuru y’urupfu rw’umuririmbyi w’indirimbo zihimbaza Imana Rachel Wandeto yakomeje kuvugisha benshi nyuma yo gutwikirwa lisansi n’abantu bataramenyekana. Rachel Wandeto yari azwi cyane ku mbuga nkoranyambaga kubera tattoo ya Perezida wa Kenya William Ruto yari yarashyize ku...
Linus Tattoo Party yongeye kugaragaza uko ibitaramo byo muri Kampala bigenda bihinduka, aho umuziki, imyidagaduro n’imyambarire bihuzwa bikabyara ibintu bidasanzwe. Iki gikorwa cyogeye kugaruka ku ngengabihe y’ibirori bikomeye muri Kampala, iki kirori gitanga uruvange rw’umuziki , ubuhanzi bwo...
Perezida w'ihuriro ry'abahanzi muri Uganda, Uganda National Musicians Federation UNMF Eddy Kenzi, yinjiye mu kibazo kira hagati ya D Star na Mudra D Viral ki jyanye no kutumvikana neza ku buranganzira n’amafaranga by’indirimbo bahuriye bise ‘Hoozambe Remix’. Iki...
Mu buryo Ruger atazi numwe mu bafashije umubyinnyi Dance Mamweta kungera ku ntsinzi nyuma y’imyaka itari mike amwandikira kuri Instagram ariko ntamusubize. Mamweta yavuze ko yamaze imyaka igera kuri ine yohereza ubutumwa kuri Instagram asaba Ruger amahirwe yo...
Sophie Elise, umunyamakuru kuri televiziyo ndetse akaba umwe mu bakurikirwa cyane ku mbuga nkoranyambaga muri Norvège, yavuze ko yicuza icyemezo yafashe cyo kongeresha ikibuno akoresheje uburyo bwa silicone. Uyu mukobwa yavuze ko yabazwe afite imyaka 20 nyuma yo...
Kwamamaza umuziki nyarwanda bikomeje gufata indi ntera nyuma y’uko MTN Rwanda yongeye gutangiza irushanwa rya MTN Caller Tunez Awards 2026, rihuza abahanzi bakunzwe mu gihugu barimo The Ben, Bruce Melodie, Meddy, Chriss Eazy na Israel Mbonyi. Aya marushanwa...
Dre Cali yatanga ubutumwa busa n’ubudasobanutse neza ariko nanone bamwe mu bamukurikira bakeka ko ubwo butumwa bwari bugenewe uwahoze ari umuyobozi we muri Mpaka Records, Ykee Benda, agaragaza ko adateganya kongera gukorana na we. Dre Cali mu minsi...