Kwamamaza no gukoresha ubwenge bukorano (AI) byahinduye uburyo dushaka amakuru. Ariko hari ikibazo gikomeye kiri kuvuka: birashoboka ko umuntu wese ashobora gutuma AI imuvugaho ibinyoma — kandi mu gihe gito cyane. Nagerageje kubikora. Mu minota 20 gusa, nashoboye...
Urukiko rwo mu Bufaransa rwaciriye urubanza uwahoze ari umujyanama w'Inteko Ishinga Amategeko umutwe wa Sena, Sébastien G., igifungo cy'umwaka umwe usubitse, nyuma yo guhamwa n'icyaha cyo gufotora mu majipo y'abagore batabizi. Umwanzuro wafashwe ku wa 17 Gashyantare 2026,...
Muri Kenya, ni bake batekereza kubona umubikira uhagaze imbere y’Urukiko Rukuru, yambaye imyambaro y’ububikira, asobanura imanza n’inyandiko z’amategeko ku buryo bw’umwuga. Ariko, Umubikira Immaculate Muthoni abigaragaza buri munsi. Ni umunyamuryango w’itsinda Little Sisters of Saint Francis (LOSSF), ariko...
Gupfa ntibisanzwe biha umuntu amahirwe ya kabiri yo kubaho, ariko kuri Patrick Charnley byarabaye. Uyu munyamategeko w’abana babiri, wari ufite imyaka 39 mu 2021, yagize ikibazo gikomeye cy’umutima nyuma y’igihe kirekire akora cyane mu bihe bya Covid-19. Byatangiye...
Urubanza rukomeye rwabereye mu rukiko rwa Bobigny hafi y’Umujyi wa Paris mu Bufaransa, rwabaye ingorabahizi ku bashinjacyaha n’abagenzacyaha, nyuma y’uko impanga 2 zisa neza kandi zihuje ADN ziregwa uruhare mu bwicanyi bwahitanye abantu babiri mu 2020. Aba bavandimwe...
Imyaka ya 30 ni igihe benshi bumva bafite imbaraga nyinshi, ariko ni na bwo umubiri utangira guhinduka buhoro buhoro mu buryo butagaragara. Abahanga mu by’ubuzima bagaragaza ko imyitwarire ugira muri iyi myaka ari yo ishyiraho umusingi w’ubuzima uzagira...
Mu gace ka Sicile mu Butaliyani, umugabo w’imyaka 42 yisanze mu bibazo bitari biteganyijwe, nyuma yo kugaragara mu mashusho yo kwamamaza resitora yashyizwe kuri TikTok atabizi, ari kumwe n’umugore utari uwe. Iyi videwo yari igamije kwamamaza uburyohe n’imyidagaduro...
Mu Mujyi wa Shanghai mu Bushinwa, umugabo n’umugore bageze aho basaba gatanya, atari kubera ubukene, ubusambanyi cyangwa amakimbirane akomeye, ahubwo bitewe n’uko bananiwe kumvikana ku izina ry’umwana wabo w’umuhungu. Uyu mwana ubu amaze umwaka urenga avutse, ariko kugeza...
Birasanzwe ko abantu beshi bagira ibikorwa bitandukanye bibateza imbere, ariko hakaba n'abandi bakora ibikorwa cyangwa se bagatangiza ibikorwa bifasha mu guhindura uko abantu babonaga ibintu kandi ibikorwa byabo bigahindura ubuzima bwa benshi mu bihugu cyangwa se aho batuye....
Mu mibano y’urukundo, kenshi abantu baranzwe no kwirinda igice kidasobanutse cyo hagati yo kwiyemeza gukundana nyabyo n’umuntu cyangwa kwibera inshuti zisanzwe. Abakundana bakiri bato bari guhitamo icyo gice. Ubushakashatsi bwerekanye ko imyifatire y’abo mu kigero cy’imyaka kizwi nka...