Banki y’Iterambere y’u Rwanda (BRD) yabaye ikigo cya mbere cy’imari mu Rwanda ndetse acy’Imari Kigamije Kurwanya Imihindagurikire y’Ikirere (Green Climate Fund - GCF). GCF ni ikigega cyashyizweho binyuze mu Masezerano y’Umuryango w’Abibumbye yerekeye Imihindagurikire y’Ikirere (UNFCCC), kigamije gutera...
Urwego Ngenzuramikorere RURA, rwatangaje ibiciro bishya by’ibikomoka kuri Peteroli bibaye ibya mbere byo hejuru mu Rwanda, aho nka Lisansi yageze ku 2 303 Frw kuri Litiro. Ibi biciro bishya byatangajwe mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatanu tariki...
U Rwanda rwizihije iminsi mpuzamahanga yibanda ku bidukikije ruvugurura gahunda yo kubungabunga amashyamba n’umutungo w’amazi, aho abaturage hirya no hino mu gihugu bateye ibiti mu bikorwa by’Umuganda. Mu muganda wabaye ku wa Gatandatu, tariki ya 28 Werurwe, ahazwi...
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe guteza imbere iyoherezwa mu mahanga ry’ibikomoka ku buhinzi n’ubworozi (NAEB), cyatangaje ko madovize yinjizwa n’ibikomoka ku buhinzi birimo nk’ikawa, icyayi, imboga n’imbuto u Rwanda rwohereza mu mahanga yakomeje kwiyongera buri mwaka. NAEB yatangaje ko kuva...
Hon. Robert Migadde Ndugwa, Perezida wa SACCO nteka ishinga amategeko ya Uganda, yatangaja amakuru mashya ku bijyanye n’amafaranga yizigamiwe n’ayakusanyijwe nyuma ya nyakwigendera Muhammad Ssegirinya. Mu kiganiro yagiranye na SparkTV, Migadde yasobanuye ko iyo SACCO ihuriyemo n’abagize Inteko...
Ikigo gishinzwe imiyoborere n’iterambere ry’umujyi muri Uganda, Kampala Capital City Authority (KCCA),kigiye gushyira ahagaragara gahunda nshya mu rwego re’ubwikorezi, izakuraho imodoka nto zitwara abantu mu buryo bwarusange (taxi) gufata no gukuriro abagenzi ahantu hatagenwe. Iyi gahunda izahindura uburyo...
Ubujura bwabereye i Gelsenkirchen mu Budage bwagaragaje intambara ikomeye mu rwego rw'umutekano wa banki, bunyuze ku kwiba amafaranga angana na miliyoni 100 z'amayero muri banki imwe gusa. Iki gikorwa gitangaje cyerekana ubuke bw'umutekano muri za banki za kijyambere....
Uganda n’u Rwanda ni bimwe mu bihugu bifatanyije urugendo rumwe na Kenya mu guhangana n’ikoreshwa ry’amafaranga mu bikorwa byo kurimbisha, nk’indabo zigizwe n’amafaranga. Iyi mpinduka ije nyuma y’uko Banki nkuru ya Kenya (CBK) itangaje ko ikoreshwa ry’ifaranga mu...
Mu gihe itangazamakuru ryo mu Rwanda rikomeje kwiyubaka nk’umufatanyabikorwa wa Leta mu kugeza amakuru ku baturage, Umuyobozi w’Urwego rw’Igihugu rw’Abanyamakuru Bigenzura (RMC), Mutesi Scovia, yagaragaje ko iri koranabuhanga rishingiye ku bumenyi n’ubunyamwuga rikiri guhangana n’ikibazo gikomeye cy’amikoro. Ibi...
Hon. Balaam Barugahara, umucuruzi ukomeye kandi uzwi cyane muri Uganda ndetse akaba ari na Minisitiri w’Igihugu ushinzwe Iterambere ry’Imibereho y’Abaturage, Umurimo n’Imibereho Myiza mu rwego rushinzwe Abana n’Urubyiruko, yatangaje ko yabaye umuherwe (billionaire) akiri muto afite imyaka 25....