Umuhanzi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Israel Mbonyi, yashyizwe mu bagize akanama kagizwe n’impuguke 16 kayobora Mashariki Arts Academy, ishuri rifite aho rihuriye n’iserukiramuco rya Mashariki African Film Festival. Ni ubwa mbere uyu muhanzi umaze imyaka irenga...
Ku wa 22 Werurwe 2026, umukino w’umunsi wa 25 wa Shampiyona wagombaga guhuza Gasogi United na Rayon Sports ntiwabaye nyuma y’uko Gasogi United yanga kuwukina, bituma iterwa mpaga. Icyakora, inyuma y’iki cyemezo hakomeje kuvugwa impamvu zitandukanye zirimo impinduka...
Umuhanzi w’Umunya-Nigeria Joeboy yatangaje ko umunyamuzikazi w’Umunya-Afurika y’Epfo Tyla yari akwiriye igihembo cya Grammy Awards cya 2026 mu cyiciro cya Best African Music Performance, nubwo hari bamwe mu bakunzi b’umuziki bo muri Nigeria batabyishimiye. Mu ntangiriro za Gashyantare...
Mu gihe Umunsi Mpuzamahanga w’Umugore wa 2026 wizihizwa ku wa 8 Werurwe, insanganyamatsiko mpuzamahanga igira iti: “#GiveToGain”, iri ku isonga, iyi nsanganyamatsiko ishishikariza abantu kugira umutima wo gutanga no gukorana kugira ngo bagere ku iterambere n’uburinganire hagati y’umugore...
Ikigo Talent Africa Group ku bufatanye na Abeeka Band batangaje ibiciro by’amatike y’igitaramo gikomeye cyiswe “Roots & Vibes Concert” giteganyijwe kubera mu mujyi wa Kampala ku wa 2 Gicurasi 2026. Abategura iki gitaramo batangaje ko itike isanzwe (Ordinary)...
Umunyamakuru wamamaye mu bitangazamakuru byo mu Rwanda, Aimée Beauté Mushashi, yasezeranye imbere y’amategeko n’umusore witwa Nyamwasa Francis, mu muhango wabaye ku wa 6 Werurwe 2026. Aya makuru Mushashi yayasangije abamukurikira ku mbuga nkoranyambaga, aho yashyize amafoto agaragaza ibyishimo...
Abanyarwenya bakomeye mu Karere ka Afurika y’Iburasirazuba Patrick Salvador na Teacher Mpamire bageze i Kigali aho bitegura gususurutsa abakunzi b’urwenya mu gitaramo Thank You God It’s Funny kizaba ku wa 6 Werurwe 2026. Aba banyarwenya bageze ku Kibuga...
Abakunzi ba reggae mu Rwanda barateganya ijoro rizasiga amateka. Ni nyuma yo gutangazwa ko itsinda ry'umuziki rya reggae ryo mu Bwongereza rizwi cyane, UB40, rizaza kuririmbira i Kigali ku wa 9 Kamena 2026 kuri BK Arena. Iki ni...
Ishimwe Karake Clement utunganya indirimbo, washinze inzu ya Kina Music, yatangaje ko agiye gushyira hanze Album ye ya mbere yise 'Legacy', mu rwego rwo kwizihiza imyaka 20 amaze mu mwuga wo gutunganya indirimbo (Music Production). Mu Itangazo yashyize...
Abantu 195 bagororerwa mu Ikigo Ngororamuco cya Iwawa bakiriye agakiza nyuma y’igiterane cy’ivugabutumwa cyahakorewe na Korali Ambassadors of Christ ku wa 21 Gashyantare 2026. Iki giterane cyari kigamije kubaha ubutumwa bw’ihumure n’icyizere, kibutsa abahagororerwa ko bishoboka guhinduka no...