AMVCA 2026 yasize benshi batunguwe n’imyambarire idasanzwe, amarangamutima n’udushya twaranze tapis itukura muri Nigeria. Ibirori bya Africa Magic Viewers' Choice Awards byabereye i Lagos muri Nigeria byongeye kwigaragaza nk’ihuriro rikomeye rya sinema n’imideli muri Afurika. Abahanzi, abakora filime...
Abasohokeye mu mujyi wa Kampala mu ijoro ryakeye bari bafite amahirwe yo kwitabira igitaramo cyihariye cya Johnnie Walker Afro Exchange Takeover cyabereye muri Silo Bugolobi, cyahuriyemo imideli, umuziki n’ubuhanzi mu buryo bwahinduye iryo joro ibihe by’amateka. Iki gikorwa...
Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryavuze ko bamwe mu bakinnyi b’Ikipe y’Igihugu Amavubi bakoze ibitari byemewe ubwo bazanaga abana babo mu kibuga nyuma yo kwegukana igikombe cya FIFA Series 2026. Ibi byabaye ku wa 30 Werurwe 2026...
Umuhanzi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Israel Mbonyi, yashyizwe mu bagize akanama kagizwe n’impuguke 16 kayobora Mashariki Arts Academy, ishuri rifite aho rihuriye n’iserukiramuco rya Mashariki African Film Festival. Ni ubwa mbere uyu muhanzi umaze imyaka irenga...
Ku wa 22 Werurwe 2026, umukino w’umunsi wa 25 wa Shampiyona wagombaga guhuza Gasogi United na Rayon Sports ntiwabaye nyuma y’uko Gasogi United yanga kuwukina, bituma iterwa mpaga. Icyakora, inyuma y’iki cyemezo hakomeje kuvugwa impamvu zitandukanye zirimo impinduka...
Umuhanzi w’Umunya-Nigeria Joeboy yatangaje ko umunyamuzikazi w’Umunya-Afurika y’Epfo Tyla yari akwiriye igihembo cya Grammy Awards cya 2026 mu cyiciro cya Best African Music Performance, nubwo hari bamwe mu bakunzi b’umuziki bo muri Nigeria batabyishimiye. Mu ntangiriro za Gashyantare...
Mu gihe Umunsi Mpuzamahanga w’Umugore wa 2026 wizihizwa ku wa 8 Werurwe, insanganyamatsiko mpuzamahanga igira iti: “#GiveToGain”, iri ku isonga, iyi nsanganyamatsiko ishishikariza abantu kugira umutima wo gutanga no gukorana kugira ngo bagere ku iterambere n’uburinganire hagati y’umugore...
Ikigo Talent Africa Group ku bufatanye na Abeeka Band batangaje ibiciro by’amatike y’igitaramo gikomeye cyiswe “Roots & Vibes Concert” giteganyijwe kubera mu mujyi wa Kampala ku wa 2 Gicurasi 2026. Abategura iki gitaramo batangaje ko itike isanzwe (Ordinary)...
Umunyamakuru wamamaye mu bitangazamakuru byo mu Rwanda, Aimée Beauté Mushashi, yasezeranye imbere y’amategeko n’umusore witwa Nyamwasa Francis, mu muhango wabaye ku wa 6 Werurwe 2026. Aya makuru Mushashi yayasangije abamukurikira ku mbuga nkoranyambaga, aho yashyize amafoto agaragaza ibyishimo...
Abanyarwenya bakomeye mu Karere ka Afurika y’Iburasirazuba Patrick Salvador na Teacher Mpamire bageze i Kigali aho bitegura gususurutsa abakunzi b’urwenya mu gitaramo Thank You God It’s Funny kizaba ku wa 6 Werurwe 2026. Aba banyarwenya bageze ku Kibuga...