Umuhanzikazi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Aline Gahongayire, yongeye kugaragaza uruhare rwe mu kuzamura impano nshya, atangiza amarushanwa azafasha umwe mu banyempano kubona amahirwe yo kwinjira neza mu muziki. Icyo gikorwa gishingiye ku ndirimbo ye nshya “Yesu...
Umuhanzi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Prosper Nkomezi, ari kumwe n’umugore we Retina Mfurakazi, bakiriwe mu buryo bwihariye mu Itorero rya Shalom Covenant Church ryo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, aho bagiye kujya basengera no gukorera...
Umuhanzi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Patient Bizimana, ari mu myiteguro yo kumurikira album ye nshya i Kigali, nyuma y’igihe gito asubitse igitaramo yari yateganyije kubera impamvu z’umuryango. Uyu muhanzi wari wateguye igitaramo muri Mata 2026, byabaye...
Amagambo akomeye Perezida Donald Trump aherutse kuvuga kuri Papa Leo, ndetse n’ishusho yakozwe na AI imwerekana nka Yezu, byateje impaka zikomeye. Ibi byatumye bamwe mu Bakatorika bamushyigikiraga cyane batangira kumwivumburaho. Amagambo ya Trump yateje impaka mu Bakatorika Si...
Mu gihe umuziki wo kuramya no guhimbaza ukomeje kwaguka hirya no hino, abahanzi nyarwanda bawukora bagenda babona amahirwe mashya mu bihugu byo hanze, cyane cyane muri diaspora. Ni muri urwo rwego Prosper Nkomezi yatangaje gahunda y’ibitaramo agiye gukorera...
Umushumba wa Kiliziya Gatolika ku Isi, Pope Leo XIV, agiye gutangira uruzinduko rwe rwa mbere ku mugabane wa Afurika, ruzamara iminsi 10, aho ategerejwe mu bihugu bitandukanye by’uyu mugabane ufite abakirisitu benshi. Uru rugendo rutangira kuri uyu wa...
Pasika ni umwe mu minsi mikuru ikomeye cyane mu myemerere ya gikristo ku isi. Uyu munsi wizihizwa mu rwego rwo kwibuka izuka rya Yezu Kristu, Abakristo bemera ko yazutse nyuma yo kubambwa no gupfa ku musaraba. Inkomoko ya...
Renowned gospel artiste Sarah Sanyu yavuze ku rugendo rwe mu muziki ku giti cye, imbogamizi yahuye na zo ndetse n’impamvu yemera ko ibihe bye byiza bikiri imbere. Uyu muririmbyi uzwi cyane muri Ambassadors of Christ, yatangiye urugendo rwe...
Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, yemereye Abayisilamu ko bagiye gusuzumirwa ikibazo cy’umuhamagaro wo mu gitondo ubahamagarira isengesho (adhan), nyuma y’uko bamugaragarije ko kuwuhagarika byababangamiye. Ibi byagarutsweho mu nama yagiranye n’Abayisilamu i Kigali, aho umwe mu bayitabiriye yamubwiye ko...
Ku nshuro ya mbere mu mateka maremare y’Itorero Angilikani, umugore yagizwe Musenyeri wa Canterbury, umwanya ufatwa nk’uw’ikirenga mu buyobozi bw’iri torero ku Isi. Sarah Mullally ni we wanditse aya mateka nyuma yo kwimikwa ku mugaragaro ku wa 25...