Umushumba wa Kiliziya Gatolika ku Isi, Pope Leo XIV, agiye gutangira uruzinduko rwe rwa mbere ku mugabane wa Afurika, ruzamara iminsi 10, aho ategerejwe mu bihugu bitandukanye by’uyu mugabane ufite abakirisitu benshi. Uru rugendo rutangira kuri uyu wa...
Pasika ni umwe mu minsi mikuru ikomeye cyane mu myemerere ya gikristo ku isi. Uyu munsi wizihizwa mu rwego rwo kwibuka izuka rya Yezu Kristu, Abakristo bemera ko yazutse nyuma yo kubambwa no gupfa ku musaraba. Inkomoko ya...
Renowned gospel artiste Sarah Sanyu yavuze ku rugendo rwe mu muziki ku giti cye, imbogamizi yahuye na zo ndetse n’impamvu yemera ko ibihe bye byiza bikiri imbere. Uyu muririmbyi uzwi cyane muri Ambassadors of Christ, yatangiye urugendo rwe...
Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, yemereye Abayisilamu ko bagiye gusuzumirwa ikibazo cy’umuhamagaro wo mu gitondo ubahamagarira isengesho (adhan), nyuma y’uko bamugaragarije ko kuwuhagarika byababangamiye. Ibi byagarutsweho mu nama yagiranye n’Abayisilamu i Kigali, aho umwe mu bayitabiriye yamubwiye ko...
Ku nshuro ya mbere mu mateka maremare y’Itorero Angilikani, umugore yagizwe Musenyeri wa Canterbury, umwanya ufatwa nk’uw’ikirenga mu buyobozi bw’iri torero ku Isi. Sarah Mullally ni we wanditse aya mateka nyuma yo kwimikwa ku mugaragaro ku wa 25...
Korali Ambassadors of Christ yakoreye umurimo w’ivugabutumwa mu kigo ngororamuco cya Gitagata, maze benshi mu bari kuhagororerwa bakira agakiza. Ni mu gitaramo cyabaye ku wa Gatandatu, tariki ya 21 Werurwe 2026, mu karere ka Bugesera, umurenge wa Musenyi,...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 20 Werurwe 2026, abakinnyi b’Abayisilamu bakinira APR FC, bifatanyije na bagenzi babo bo mu Rwanda ndetse no ku Isi yose, mu isengesho risoza ukwezi Gutagatifu kwa Ramadhan. Ku rwego...
Mu rwego rwo gukomeza kwimakaza ubutabera no kweza urwego rw’abayobozi b’amadini nyuma ya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, ubuyobozi bw’Itorero ADEPR mu Rwanda bwafashe icyemezo cyo kwambura inshingano abashumba n’ababwirizabutumwa 35 bahamijwe icyaha cya jenoside. Ibi byatangajwe mu...
Umunyarwanda yatorewe kuba umukuru w’ihuriro ry'abanglikani ritemera amwe mu amahame y'ubutegetsi busanzweho bw’iri dini ku isi rikuriwe na Archbishop of Canterbury wo mu Bwongereza. Reverand Laurent Mbanda yatorewe kuba umukuru wa Global Fellowship of Confessing Anglicans (Gafcon) mu...
Abantu 195 bagororerwa mu Ikigo Ngororamuco cya Iwawa bakiriye agakiza nyuma y’igiterane cy’ivugabutumwa cyahakorewe na Korali Ambassadors of Christ ku wa 21 Gashyantare 2026. Iki giterane cyari kigamije kubaha ubutumwa bw’ihumure n’icyizere, kibutsa abahagororerwa ko bishoboka guhinduka no...