Kwitabira Igikombe cy’Isi cya FIFA biha ibihugu amafaranga menshi, kwamamara ku rwego mpuzamahanga n’ibyishimo bikomeye mu baturage, bikanafasha guteza imbere ubukungu, siporo n’ubumwe bw’igihugu. Ibihugu byinjira mu gikombe cy’isi bihabwa amafaranga menshi na FIFA. Mu gikombe cy’isi cya...
Emeline Imanizabayo yanditse amateka mashya mu mikino ngororamubiri nyuma yo kwegukana umudali wa zahabu mu gusiganwa metero 5,000 mu mikino Nyafurika iri kubera i Accra muri Ghana. Uyu munyarwandakazi yegukanye intsinzi ku munsi wa mbere w’iyi mikino nyuma...
Haravugwa kutumvikana hagati ya Rwanda Premier League na FERWAFA ku buryo ibikombe bya BK Pro League 2025/26 bizatangwa. Impamvu nyamukuru ishingiye ku makipe yo muri Sudani ari gukina muri shampiyona y’u Rwanda. Kutumvikana ku bikombe bya BK Pro...
Barcelona yegukanye shampiyona nyuma yo gutsinda Real Madrid 2-0 mu mukino wa El Clasico wari utegerejwe cyane kuri Spotify Camp Nou, wanditse amateka mashya ku bakinnyi n’umutoza. Muri umukino wa nyuma wagaragaje ishyaka n’igitutu gikomeye, FC Barcelona yatsinze...
Perezida wa Tanzania, Samia Suluhu Hassan, yasabye icyamamare mu mupira w’amaguru, Didier Drogba, kuzaba ambasaderi w’iki gihugu mu gikombe cya Afurika cya 2027 (AFCON), kizabera mu bihugu bitatu ari byo Tanzania, Uganda na Kenya. Ibi yabigarutseho mu gihe...
Ikipe ya Arsenal FC yongeye kwandika amateka, igera ku mukino wa nyuma wa UEFA Champions League nyuma y’imyaka 20, itsinze Atletico Madrid igitego 1-0 mu mukino wo kwishyura wa ½. Uyu mukino wabereye kuri Emirates Stadium ku wa...
Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda, FERWAFA, ryafashe icyemezo gikomeye cyo guhagarika umusifuzi Nsengiyumva Jean Paul amezi 12 nyuma yo kugaragaraho imyitwarire idahwitse, aho yakubise umugeri myugariro wa Mukura Victory Sports, Mbonyamahoro Serieux. Ibi byabaye mu mukino wa shampiyona...
Abakinnyi ba Mukura Victory Sport bahagaritse imyitozo ndetse bavuga ko badashobora no gukina umukino uzabahuza na Police FC ku wa Gatatu, kubera impungenge z’umutekano wabo nyuma y’ibyabaye mu mukino uheruka. Ibi byabaye nyuma y’umukino w’Umunsi wa 29 wa...
Ni umukino wari utegerejwe na benshi. Warangiye nta we utsinze. Rayon Sports yanganyije na APR FC igitego 1-1 kuri Stade Amahoro. Ku ruhande rwa Rayon, byabaye igihombo gikomeye. Yari ikeneye amanota atatu ngo igumane icyizere cy’igikombe. None yabonye...
Ikipe ya Paris Saint-Germain yatsinze FC Bayern Munich ibitego 5-4 mu mukino ubanza wa 1/2 cya UEFA Champions League 2025/2026, mu mukino wagaragayemo ishyaka n’ibitego byinshi bidasanzwe. Uyu mukino wabereye kuri Parc des Princes watangiye ku muvuduko wo...