Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 yasize ibikomere bikomeye mu nzego zose z’ubuzima bw’igihugu, harimo na siporo. Abakinnyi, abayobozi b’amakipe ndetse n’abakunzi b’imikino itandukanye bishwe bazira uko bavutse, bituma siporo nyarwanda itakaza bamwe mu bayiteje imbere. Muri icyo gihe...
Ikipe ya Al Hilal SC yo muri Sudani, iri gukina muri Shampiyona y’Icyiciro cya Mbere mu Rwanda, yifatanyije n’Abanyarwanda mu kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, igaragaza ko yifatanyije n’imiryango yabuze ababo muri ayo mateka mabi. Ubu butumwa...
Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryavuze ko bamwe mu bakinnyi b’Ikipe y’Igihugu Amavubi bakoze ibitari byemewe ubwo bazanaga abana babo mu kibuga nyuma yo kwegukana igikombe cya FIFA Series 2026. Ibi byabaye ku wa 30 Werurwe 2026...
Ikipe ya Rayon Sports yatangaje ko Haringingo Francis Christian yongeye kugirwa umutoza mukuru wayo, nyuma y’iminsi 1,035 ayivuyemo. Ibi byatangajwe ku wa Kabiri binyuze ku mbuga nkoranyambaga z’iyi kipe, aho Rayon Sports yakiriye uyu mutoza nk’umuntu usanzwe ari...
Ikipe y’igihugu ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, izwi nka Leopards, yanditse amateka mashya nyuma yo kubona itike y’imikino ya nyuma y’igikombe cy’isi, ihagarariye Afurika mu irushanwa rizabera muri Amerika, Canada na Mexique. Iyi kipe yageze kuri iyi...
Mu mikino ya FIFA Series 2026 iri kubera i Kigali, ikipe y’igihugu ya Tanzania yatunguwe itsindwa na Liechtenstein igitego 1-0. Umukino watangiye ku muvuduko wo hejuru, Tanzania isatira cyane aho ku munota wa 7, Fei Toto yahaye umupira...
Umutoza ukomoka i Burundi, Haringingo Francis Christian, yasubiye muri Rayon Sports nk’umutoza mukuru, aho agomba gusoza imikino isigaye ya shampiyona ya 2025/26. Ibi byemejwe ku wa Kane tariki ya 26 Werurwe 2026, nyuma y’uko ubuyobozi bwa Rayon Sports...
Mukeshimana Dorothée, umwe mu bakinnyi b’ikipe y’Igihugu y’abagore (She-Amavubi), yatangaje ko impamvu nyamukuru yatumye ava muri Kayserispor WFC yo muri Turquie akagaruka mu Rwanda, ari ubuzima butamworoheye burimo n’ubukonje bwinshi. Uyu mukinnyi yari amaze amezi umunani muri iki...
U Rwanda rwiteguye kwakira imikino ya gicuti mpuzamahanga izwi nka FIFA Series 2026, izaba kuva tariki ya 26 kugeza 30 Werurwe 2026. Iyi mikino izahuza ibihugu umunani biturutse ku migabane itandukanye, bikazahurira i Kigali mu rwego rwo gukomeza...
Ku wa 22 Werurwe 2026, umukino w’umunsi wa 25 wa Shampiyona wagombaga guhuza Gasogi United na Rayon Sports ntiwabaye nyuma y’uko Gasogi United yanga kuwukina, bituma iterwa mpaga. Icyakora, inyuma y’iki cyemezo hakomeje kuvugwa impamvu zitandukanye zirimo impinduka...