Mu Rwanda, inkuru y’ihohoterwa rishingiye ku gitsina yakunze kugarukwaho cyane ku bagore n’abana. Gusa mu myaka ya vuba, hari indi sura igenda igaragara kurushaho: abagabo batangiye kugaragara mu mibare y’abahohoterwa ku rwego ruri hejuru kurusha uko byari bisanzwe....
Mu Karere ka Gisagara, mu Murenge wa Nyanza, inzego z’umutekano zatabaye zikuraho grenade yari ibitswe mu rugo rw’umuturage, nyuma y’amakuru yatanzwe n’abaturage agaragaza ko hari igikoresho gishobora guteza impanuka. Ibi byabereye mu Mudugudu w’Akabakene, Akagari ka Higiro, ku...
Umuraperikazi w’ikiragiririre wo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika,, ufite inkomoko ukomoka muri Trinidad, Nicki Minaj, yavugishije benshi nyuma y’aho ashyize ubutumwa ku mbuga nkoranyambaga ze bwamagana ihohoterwa rikorerwa Abakirisitu bo muri Nigeria. Ubutumwa Nick Minaj yashyize ku...
Diamond Platnumz, nyuma yogukora amashusho yararimo ubutumwa bwa mamaza Perezida wa Tanzania, Samia Suluhu Hassan, akabushyira ku mbuga nkoranyambaga ze yaje gufata icyemezo cyo kubusiba bwose, nyuma y’uko abakunzi be bamwibasiye bikomeye, bamwe banamutera ubwoba bavuga ko bazahagarika...
Nkosinathi Emmanuel Nathi Mthethwa, wari Ambasaderi wa Afurika y’Epfo mu Bufaransa, yasanzwe muri hoteli i Paris yapfuye, iperereza ry’ibanze rikavuga ko ashobora kuba yiyahuye. Iyi nkuru yamenyekanye ku wa 30 Nzeri 2025, Ubwo umurambo we wasangwaga mu mbuga...
Hasigaye ibyumweru bitatu gusa ngo umwaka w’amashuri wa 2025-2026 utangire ku itariki ya 8/9/2025. Kuva kuri uyu wa mbere abanyeshuri batangiye ibizami bizamara iminsi itatu bigaragaza niba bazimuka cyangwa bazasubira mu mwaka bigagamo. Sengabo Ayubu, Umuyobozi wa G.S...
Kuri uyu wa Kane tariki ya 14 Kanama 2025, mu Ntara y’Iburasirazuba, Akarere ka Nyagatare, Umurenge wa Tabagwe, Akagari ka Nyagatoma, umusore w’imyaka 21 yishwe atewe icumu n’abo bari kumwe, icumu rimufata munsi y’igituza mu rubavu arapfa. Umuvugizi...
Kera mu mashuri, umwana wagiraga amanota 100% mu bizamini ni we witwaga umuhanga. Bagenzi be baramutinyaga, abarimu n’ababyeyi bakamushima ko arusha abandi ubwenge. Mu Rwanda, iyi myumvire yamaze igihe kinini, amanota afatwa nk’igipimo cy’ubwenge. Ariko abahanga mu burezi...
Umusore w’imyaka 35 wo mu Karere ka Rutsiro, afunzwe akekwaho kwica ateye icyuma mu mutima mugenzi we w’imyaka 42, afashwe arimo agerageza kwihisha. Ibi byabereye mu Murenge wa Boneza, Akagari ka Kabihogo ho mu Mudugudu wa Rugamba mu...
Minisiteri y’Ibikorwa Remezo yemeje ko mu mpeshyi ya 2025, igihugu cyahuye n’ikibazo gikomeye cy’ibura ry’amazi meza, cyane cyane mu Mujyi wa Kigali n’ahandi hatandukanye mu gihugu. Uyu mwuka mubi ngo watewe n’ukugabanuka gukabije kw’amazi y’umugezi wa Nyabarongo, aho...