Umuhanzikazi w’icyamamare Shakira yatangaje ko yatumiye itsinda rya Ghetto Kids kuzataramana na we mu birori byo hagati mu mukino wa nyuma w’Igikombe cy’Isi cya 2026. Uyu mukino uteganyijwe tariki ya 19 Nyakanga 2026 muri Leta ya New Jersey...
Umuhanzikazi wo muri Uganda Spice Diana yongeye kuvugisha abakunzi b’umuziki nyuma y’amakuru avuga ko yongereye Selecta Rizzon mu ikipe imufasha mu bikorwa bye bya muzika. Ibi bibaye nyuma y’amezi make Spice Diana atandukanye n’uwari manager we igihe kinini,...
Shakira yasabye abana bo muri Ghetto Kids kuzamubyinira mu bikorwa bijyanye n’Igikombe cy’Isi cya 2026. Aba bana bamaze imyaka bamenyekana ku Isi kubera impano yabo idasanzwe mu kubyina. Bamenyekanye cyane binyuze ku mashusho bashyira ku mbuga nkoranyambaga, akunze...
Arsenal yegukanye igikombe cya Premier League 2025-2026, isubira ku ntebe y’icyubahiro nyuma y’imyaka 22 yose itagitwara. Iyi ntsinzi yemejwe nyuma y’umukino wahuje Bournemouth na Manchester City urangira amakipe yombi anganyije igitego 1-1. Iyo ntsinzi yahise isiga Arsenal irusha...
Muri Kenya, inkuru y’urupfu rw’umuririmbyi w’indirimbo zihimbaza Imana Rachel Wandeto yakomeje kuvugisha benshi nyuma yo gutwikirwa lisansi n’abantu bataramenyekana. Rachel Wandeto yari azwi cyane ku mbuga nkoranyambaga kubera tattoo ya Perezida wa Kenya William Ruto yari yarashyize ku...
Africa Centres for Disease Control and Prevention yatangaje ko icyorezo gishya cya Ebola cyadutse mu burasirazuba bwa Democratic Republic of the Congo, kimaze kwica abantu 80 mu Ntara ya Ituri. Amakuru yatanzwe agaragaza ko abantu 246 bamaze kwandura...
Sophie Elise, umunyamakuru kuri televiziyo ndetse akaba umwe mu bakurikirwa cyane ku mbuga nkoranyambaga muri Norvège, yavuze ko yicuza icyemezo yafashe cyo kongeresha ikibuno akoresheje uburyo bwa silicone. Uyu mukobwa yavuze ko yabazwe afite imyaka 20 nyuma yo...
Umuhanzikazi mushya uri kuzamuka mu muziki wa Uganda, Lady Champagne, yatangiye gukundwa cyane nyuma yo gushyira hanze indirimbo ye ya mbere ya Afrobeat yise “Webale Nnyo”. Lady Champagne, amazina ye nyakuri akaba Jennifer Rennhak, yavukiye mu Budage. Avuga...
Irushanwa rya mbere rya Miss Universe Uganda 2026 ryatangijwe ku mugaragaro, ibintu bifatwa nk’ikorwa ry’amateka kuko Uganda yinjiye bwa mbere ku rubuga mpuzamahanga rwa Miss Universe ruzwi cyane ku isi. Iki gikorwa cyatangijwe ku wa Kane mu kiganiro...
Kwitabira Igikombe cy’Isi cya FIFA biha ibihugu amafaranga menshi, kwamamara ku rwego mpuzamahanga n’ibyishimo bikomeye mu baturage, bikanafasha guteza imbere ubukungu, siporo n’ubumwe bw’igihugu. Ibihugu byinjira mu gikombe cy’isi bihabwa amafaranga menshi na FIFA. Mu gikombe cy’isi cya...