Gufata inyunganiramubiri za collagen buri munsi bishobora kongera ububobere bw’uruhu no kurufasha kugumana amazi. Icyakora, ubushakashatsi bushya bugaragaza ko idashobora guhagarika cyangwa gukuraho iminkanyari nk’uko bamwe babitekereza. Ibyo ubushakashatsi bwagaragaje kuri collagen Abashakashatsi basesenguye ubushakashatsi burenga 100 bwakorewe...
Igitaramo cy’umuraperi w’umunyamerika Kanye West cyari gitegerejwe kubera muri Poland cyahagaritswe nyuma y’igitutu cya Guverinoma n’abanenze amagambo amaze iminsi atangaza ashyigikira ibitekerezo by’ivangura n’ibya Nazi. Uyu muhanzi uzwi kandi ku izina rya “Ye” yari ategerejwe kuzakorera igitaramo kuri...
Umuhanzi wo muri Uganda Ykee Benda yagaragaje ibitekerezo byateje impaka ku mbuga nkoranyambaga, aho yavuze ko gushaka bitagomba gufatwa nk’ikintu cyerekana ko umuntu yageze ku ntsinzi mu buzima. Uyu muhanzi yasobanuye ko kuba umuntu yarashatse bidakwiye kumushyira hejuru...
Umunyamakuru n’umunyamideli wo muri Uganda Sheilah Gashumba yasobanuye impamvu atita Mutoni Malaika, umugore wa se, ijambo rya “mama”, nubwo ari we bashakanye. Mu kiganiro yagiranye n’umunyamakuru Kasuku, Sheilah yavuze ko kubaha umuntu bidashingira ku mazina ahabwa mu muryango,...
Mu mujyi wa Taunsa mu ntara ya Punjab muri Pakistan, haravugwa ikibazo gikomeye cy’abana benshi bandujwe virusi itera SIDA muri Pakistan, bikekwa ko byatewe n’ikoreshwa ry’inshinge zakoreshejwe mbere mu bitaro bya leta. Iperereza ryakozwe na BBC Eye rigaragaza...
Laika Music yavuze ko akunda kuririmbira abafana bashyushye bamushyigikira cyane kurusha abari mu birori bya kompanyi badakunda kugaragaza ibyishimo. Laika Music akunda abafana bashyushye Umuhanzikazi Laika Music yatangaje ko akunda cyane kuririmbira abafana bashyushye bamugaragariza ibyishimo kurusha kuririmbira...
Abasohokeye mu mujyi wa Kampala mu ijoro ryakeye bari bafite amahirwe yo kwitabira igitaramo cyihariye cya Johnnie Walker Afro Exchange Takeover cyabereye muri Silo Bugolobi, cyahuriyemo imideli, umuziki n’ubuhanzi mu buryo bwahinduye iryo joro ibihe by’amateka. Iki gikorwa...
Umuhanzi w’injyana ya Reggae na Dancehall, Sama Sojah, uherutse gutumirwa mu kiganiro NRG Ignition kiyobowe na Mr. Henrie, yatangaje impamvu atekereza ko ataraba umwe mu bahanzi bakunzwe cyane muri Uganda. Yavuze ko kuba ataragira izina rikomeye mu muziki...
Indwara itaramenyekana imaze gutera impungenge mu gihugu cy’Burundi nyuma y’uko imaze guhitana abantu batanu, mu gihe abandi 35 bayanduye. Iyi ndwara yagaragaye muri komine ya Mpanda, mu ntara ya Bujumbura, aho inzego z’ubuzima zatangiye iperereza rikomeye ngo hamenyekane...
Umushumba wa Kiliziya Gatolika ku Isi, Pope Leo XIV, agiye gutangira uruzinduko rwe rwa mbere ku mugabane wa Afurika, ruzamara iminsi 10, aho ategerejwe mu bihugu bitandukanye by’uyu mugabane ufite abakirisitu benshi. Uru rugendo rutangira kuri uyu wa...