Sheebah Karungi yavuze ko Cindy Sanyu rimwe na rimwe yiyemera bikabije, kandi ko nta mpamvu afite yo guhora kumwereka ko amurusha kuririmba. Podcast ya Sheebah iri kuvugisha benshi ndetse ikaba nanengwa na bamwe, Sheebah yongeye kuvuga ku mubano...
Eddy Kenzo yamaganye bikomeye abahanzi bamwe bashaka gushing indi miryango ibahagarira, ayashimangiye ko mu gihugu hagomba kubaho ihururi rimwe gusa kandi rwemewe, ari ryo Uganda national Musicians Federation. Ibi abivuze mu gihe hakomeje gututumba umwuka mubi mu bahanzi,...
Sheebah Karungiyatangaje ko Winnie Nwagi ari umwe mu bahanzikazi bake bagerageje kubunga mu makimbirane amaze igihe afitanye na Spice Diana. Mu kiganiro cya podcast, Sheebah yavuze ko na we ubwe adasobanukiwe neza inkomoko y’ayo makimbirane ari hagati ye...
Uganda yatangiye gahunda yo gushyira mu bikorwa ikoranabuhanga rikurikirana ikoreshwa ry’umuziki, rigamije gufasha abahanzi kubona inyungu iboneye mu bihangano byabo. Ibi byatangajwe na Perezida wa Uganda National Musicians Federation (UNMF), Eddy Kenzo, aho yemeje ishyirwaho ry’iki gikoresho cyiswe...
Ikipe ya Paris Saint-Germain yatsinze FC Bayern Munich ibitego 5-4 mu mukino ubanza wa 1/2 cya UEFA Champions League 2025/2026, mu mukino wagaragayemo ishyaka n’ibitego byinshi bidasanzwe. Uyu mukino wabereye kuri Parc des Princes watangiye ku muvuduko wo...
Kigali ikomeje kugaragara nk’ahantu h’ingenzi ku ikarita y’imyidagaduro mpuzamahanga, aho biteganyijwe ko umuraperi Drake azataramira i Kigali, ku wa 10 Gashyantare 2027. Nk’uko bigaragara ku mpapuro zimenyekanisha uruhererekane rw’ibitaramo bye yise “Drake Freeze The World Tour.” Muri uru...
Umuhanzikazi Spice Diana yatangaje ko yarokotse igitero giteye ubwoba cy’abantu batazwibari bari bagambiriye ku mugirira nabi ubwo yari mu gitamo. Agaruka kubantu bashatse ku mugirira nabi, uyu muhanzikazi yavuze ko ibintu byabaye bibi ubwo yari agiye kuva ku...
Mu gihe ibyamamare bikunze kugaragaza uruhande ry’ibyishimo, hari urundi ruhande ry’ibibazo by’ubuzima bwo mu mutwe bikomeje badakunze kugaragaza. Umuhanzi Britney Spears ni umwe mu bongeye kubigaragaza, nyuma yo kujya mu kigo ngororamuco agamije kwita ku buzima bwe bwo...
Umuhanzi Fika Gaza yagaragaje agahinda n’umujinya nyuma y’uko indirimbo yakoranye n’umuhanzikazi Sheebah Karungi isibwe kurubuga rwa YouTube nyuma y’igihe gito ishyizwe hanze. Uyu muhanzi yavuze ko iyi ndirimbo yari maze igihe iri muri Studio, cyane ko ku mpande...
Mu bikorwa byo Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, Umunyarwandakazi akaba n’umwanditsi w’ibitabo warokotse Jenoside, Judence Kayitesi, yatanze ubuhamya bwakoze ku mitima y’abitabiriye igikorwa cyabereye i Prague muri Czech Republic no mu Mujyi wa...