Umuhanzikazi Spice Diana yatangaje ko yarokotse igitero giteye ubwoba cy’abantu batazwibari bari bagambiriye ku mugirira nabi ubwo yari mu gitamo. Agaruka kubantu bashatse ku mugirira nabi, uyu muhanzikazi yavuze ko ibintu byabaye bibi ubwo yari agiye kuva ku...
Mu gihe ibyamamare bikunze kugaragaza uruhande ry’ibyishimo, hari urundi ruhande ry’ibibazo by’ubuzima bwo mu mutwe bikomeje badakunze kugaragaza. Umuhanzi Britney Spears ni umwe mu bongeye kubigaragaza, nyuma yo kujya mu kigo ngororamuco agamije kwita ku buzima bwe bwo...
Umuhanzi Fika Gaza yagaragaje agahinda n’umujinya nyuma y’uko indirimbo yakoranye n’umuhanzikazi Sheebah Karungi isibwe kurubuga rwa YouTube nyuma y’igihe gito ishyizwe hanze. Uyu muhanzi yavuze ko iyi ndirimbo yari maze igihe iri muri Studio, cyane ko ku mpande...
Mu bikorwa byo Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, Umunyarwandakazi akaba n’umwanditsi w’ibitabo warokotse Jenoside, Judence Kayitesi, yatanze ubuhamya bwakoze ku mitima y’abitabiriye igikorwa cyabereye i Prague muri Czech Republic no mu Mujyi wa...
Nyuma y’igihe adakora umuziki, umuhanzi Ykee Benda yatangaje ko yagararutse kandi yiteguye gushimisha abakunzi be abaha indirimbo nshya yise “Tempting.” Abinyujije ku mbuga nkoranyambaga, kuri uyu wa Gatatu, Ykee Benda yavuze ko kuba yari amaze igihe adakora umuziki...
Umuhanzikazi Spice Diana yavuze uko abona amakimbirane amaze iminsi avugwa yangijwe na Pallaso ku bijyanye n’igisobanuro ku “umuhanzi w’umunyamwuga” yavuze ko gutanga ibitekerezo birushaho kugaragaza agaciro baha abafana babo. Mu kiganiro yagiranye na Sanyuka TV, yateye utwatsi igitekerezo...
Miss wacyuye igihe wo muri Uganda, Hannah Karema Tumukunde, yatangaje ko yatsinzwe mu matora aherutse kuba, aho yahataniraga kuba umuyobozi w’abanyeshuri (Guild Presidente) muri Kaminuza ya Makerere I Kampala. Ku wa Kane tariki ya 9 Mata 2026, Gracious...
Abahanzi bakomeye mu Karere ka Afurika y’Iburasirazuba, barimo Harmonize ndetse n’itsinda rya Good Lyfe, bifatanyije n’u Rwanda n’Isi muri iki gihe cyo Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Uyu muhanzi w’Umunya-Tanzania, Harmonize, yagaragaje ko...
Mu myaka myinshi ishize, ifoto y’umuhanzi w’icyamamare muri Uganda, Mesach Semakula, ari kumwe n’ikirangirire mpuzamahanga mu muziki, Usher Raymond, yakomeje gukurura impaka ku mbuga nkoranyambaga, aho bamwe mu bazikoresha bibaza uburyo aba bombi bahuye. Hari bamwe bavuga ko...
Umuhanzi Eddy Kenzo yatangaje ko ashyigikiye bagenzi be bakunze gukoresha TikTok Live, avuga ko ibyo bakora ari igisubizo k’ibibazo by’imyaka myinshi ishize batishimiye uko bafatwa n’itangazamakuru. Mu kiganiro yagiranye na Eddie Sendi, Kenzo yasobanuye ko nubwo we ubwe...