• AHABANZA
  • UBWANDITSI
  • KWAMAMAZA
  • AMATEGEKO
Friday, April 17, 2026
Impinga Media
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
No Result
View All Result
Impinga Media
  • Inkuru Nyamukuru
  • Imyidagaduro
  • Ikoranabuhanga
  • Ibirori
Home Uncategorized

Spice Diana yatangaje ko yacitse igitero cya abagizi ba nabi

Alex RUKUNDO by Alex RUKUNDO
April 14, 2026
Reading Time: 1 min read
A A

Umuhanzikazi Spice Diana yatangaje ko yarokotse igitero giteye ubwoba  cy’abantu batazwibari bari bagambiriye ku mugirira nabi ubwo yari mu gitamo.

Agaruka kubantu bashatse ku mugirira nabi, uyu muhanzikazi yavuze ko ibintu byabaye bibi ubwo yari agiye kuva ku rubyiniro. Nk’uko abivuga, abo bantu bagabye igitero bagaragaraga nk’abari bafite mubisha kuriwe

Yagize ati: “Bari kunkubita cyagwa bakanyica. Twari tuvuye mu gitaramo, ubwo umugabo yagerageazaga kuntera icupa nahise nihutira kwinjira mu modoka.”

Akomeza avuga ko umwe mubarinzi be yahise amutabara, amwikingaho ndetse namwinjiza mu modoka amuvana aho. Ariko icyo gikorwa cy’ubutwari umurinzi we yakoze cyishyuwe igiciro gikomeye.

Yagize ati: “Umurinzi wanjye yagerageje kunyinjiza mu modoka, mu gihe nyinjira mu modoka abantu baramwegereye maze baramukubita cyane. Twahise duhunga, dutabara ubuzima bwacu, tumusiga inyuma. Na we yagerageje guhunga aza ahondi, yari yakomerekejwe cyane ku buryo utamumenya.”

Spice Diana yakomeje avuga ko nyuma yaje kumenya ko icyo gitero cyateguwe. Yavuze ko hari umuntu bivugwa ko wari wishyuye abo bantu ngo bamugirire nabi we n’itsinda rye.

Icyakora, yanze kuvuga muntu ushijwa kuba ari inyuma y’icyo gitero, yanavuze ibyo bintu Atari bishya mu kazi ke.

Nubwo yahuye n’iki kibazo gikomeye, Spice Diana yavuze ko bimugora kwerekana uburakari bwe ku bantu bamwifuriza ibibi.

Yasoje agira ati: “Nakifuje kugira umutima utandukanye n’uwo mfite, nk’wamp umutima ushobora  kurakarira abantu bamwe. Ariko ntibyashobokera.”

Previous Post

Shakib Cham yatangaje ko yifuza kurwana muri ring na Pallaso na Alien Skin

Next Post

Crysto Panda yasabye Sheebah uruhushya rw’indirimbo ye na Spice Diana

Alex RUKUNDO

Alex RUKUNDO

IZINDI NKURU WASOMA

Britney Spears yitabaje ikigo ngororamuco

Britney Spears yitabaje ikigo ngororamuco

by Alex RUKUNDO
3 days ago

Mu gihe ibyamamare bikunze kugaragaza uruhande ry’ibyishimo, hari urundi ruhande ry’ibibazo by’ubuzima bwo mu mutwe bikomeje badakunze kugaragaza. Umuhanzi Britney...

Indirimbo ya Fik Gaza na Sheebah Karungi yasibwe kuri YouTube

Indirimbo ya Fik Gaza na Sheebah Karungi yasibwe kuri YouTube

by Alex RUKUNDO
3 days ago

Umuhanzi Fika Gaza yagaragaje agahinda n’umujinya nyuma y’uko indirimbo yakoranye n’umuhanzikazi Sheebah Karungi isibwe kurubuga rwa YouTube nyuma y’igihe gito...

Alikiba yifatanyije n’Abanyarwanda mu #Kwibuka32

Alikiba yifatanyije n’Abanyarwanda mu #Kwibuka32

by MUNYANKINDI Alphonse
5 days ago

Umuhanzi w’icyamamare muri Afurika y’Iburasirazuba, Alikiba, yifatanyije n’Abanyarwanda mu gihe cy’ikorwa rya Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi...

Next Post
Crysto Panda yasabye Sheebah uruhushya rw’indirimbo ye na Spice Diana

Crysto Panda yasabye Sheebah uruhushya rw'indirimbo ye na Spice Diana

Laika Music: Nkunda kuririmbira abafana bashyushye kurusha abari mu birori bya kompanyi

Laika Music: Nkunda kuririmbira abafana bashyushye kurusha abari mu birori bya kompanyi

Semuhungu Eric akurikiranyweho ibyaha bitatu birimo gukoresha undi imibonano mpuzabitsina ku gahato

Semuhungu Eric akurikiranyweho ibyaha bitatu birimo gukoresha undi imibonano mpuzabitsina ku gahato

Mu gitaramo Cardi B yatunguranye atumira Vybz Kartel ku rubyiniro
Imyidagaduro

Mu gitaramo Cardi B yatunguranye atumira Vybz Kartel ku rubyiniro

by Alex RUKUNDO
April 16, 2026
Jada Pinkett Smith yagarutse ku mubano we utavugwaho rumwe
Imyidagaduro

Jada Pinkett Smith yagarutse ku mubano we utavugwaho rumwe

by Alex RUKUNDO
April 16, 2026
“Gloria Bugie afite umwihariko ukomeye mu muziki” – Dokta Brain
Imyidagaduro

“Gloria Bugie afite umwihariko ukomeye mu muziki” – Dokta Brain

by Alex RUKUNDO
April 15, 2026
“Inshuti z’umugore wanjye zifuza gusenya urugo rwacu” – Shakib Chama
Imyidagaduro

“Inshuti z’umugore wanjye zifuza gusenya urugo rwacu” – Shakib Chama

by Alex RUKUNDO
April 15, 2026

Stay Connected

Popular Post

    YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD
    ADVERTISEMENT
    Impinga Media

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    Navigate Site

    • AHABANZA
    • UBWANDITSI
    • KWAMAMAZA
    • AMATEGEKO

    Follow Us

    No Result
    View All Result
    • AHABANZA
    • Imyidagaduro
      • Imikino
      • Sinema
      • Ibirori & Muzika
    • Ikoranabuhanga
    • Ubuzima
    • Ubukungu
    • IBINDI
      • Biravugwa
      • Inkuru z’amashusho
      • Inkuru Ndende
      • Impinga Quiz & Survey
      • Utuntu n’utundi

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.