• AHABANZA
  • UBWANDITSI
  • KWAMAMAZA
  • AMATEGEKO
Thursday, June 4, 2026
Impinga Media
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
No Result
View All Result
Impinga Media
  • Inkuru Nyamukuru
  • Imyidagaduro
  • Ikoranabuhanga
  • Ibirori
Home Uncategorized

Spice Diana yatangaje ko yacitse igitero cya abagizi ba nabi

Alex RUKUNDO by Alex RUKUNDO
April 14, 2026
Reading Time: 1 min read
A A

Umuhanzikazi Spice Diana yatangaje ko yarokotse igitero giteye ubwoba  cy’abantu batazwibari bari bagambiriye ku mugirira nabi ubwo yari mu gitamo.

Agaruka kubantu bashatse ku mugirira nabi, uyu muhanzikazi yavuze ko ibintu byabaye bibi ubwo yari agiye kuva ku rubyiniro. Nk’uko abivuga, abo bantu bagabye igitero bagaragaraga nk’abari bafite mubisha kuriwe

Yagize ati: “Bari kunkubita cyagwa bakanyica. Twari tuvuye mu gitaramo, ubwo umugabo yagerageazaga kuntera icupa nahise nihutira kwinjira mu modoka.”

Akomeza avuga ko umwe mubarinzi be yahise amutabara, amwikingaho ndetse namwinjiza mu modoka amuvana aho. Ariko icyo gikorwa cy’ubutwari umurinzi we yakoze cyishyuwe igiciro gikomeye.

Yagize ati: “Umurinzi wanjye yagerageje kunyinjiza mu modoka, mu gihe nyinjira mu modoka abantu baramwegereye maze baramukubita cyane. Twahise duhunga, dutabara ubuzima bwacu, tumusiga inyuma. Na we yagerageje guhunga aza ahondi, yari yakomerekejwe cyane ku buryo utamumenya.”

Spice Diana yakomeje avuga ko nyuma yaje kumenya ko icyo gitero cyateguwe. Yavuze ko hari umuntu bivugwa ko wari wishyuye abo bantu ngo bamugirire nabi we n’itsinda rye.

Icyakora, yanze kuvuga muntu ushijwa kuba ari inyuma y’icyo gitero, yanavuze ibyo bintu Atari bishya mu kazi ke.

Nubwo yahuye n’iki kibazo gikomeye, Spice Diana yavuze ko bimugora kwerekana uburakari bwe ku bantu bamwifuriza ibibi.

Yasoje agira ati: “Nakifuje kugira umutima utandukanye n’uwo mfite, nk’wamp umutima ushobora  kurakarira abantu bamwe. Ariko ntibyashobokera.”

Previous Post

Shakib Cham yatangaje ko yifuza kurwana muri ring na Pallaso na Alien Skin

Next Post

Crysto Panda yasabye Sheebah uruhushya rw’indirimbo ye na Spice Diana

Alex RUKUNDO

Alex RUKUNDO

IZINDI NKURU WASOMA

Ambassadors of Christ Choir igiye kwizihiriza isabukuru y’imyaka 30 muri Bk Arena

Ambassadors of Christ Choir igiye kwizihiriza isabukuru y’imyaka 30 muri Bk Arena

by Alex RUKUNDO
2 weeks ago

Ambassadors of Christ Choir ibarizwa mu Itorero ry’Abadiventiste b’Umunsi wa Karindwi rya Remera, igiye gukora igitaramo cy'amateka cyo kwizihiza isabukuru...

“The Beast”: Imodoka ya Perezida wa Amerika itinya amasasu n’ibisasu

“The Beast”: Imodoka ya Perezida wa Amerika itinya amasasu n’ibisasu

by MUNYANKINDI Alphonse
3 weeks ago

Imodoka ya Perezida wa United States izwi nka “The Beast” iri mu modoka zifite umutekano ukomeye kurusha izindi ku isi....

Sheebah Karungi yavuze ko Cindy Sanyu yiyemera

Sheebah Karungi yavuze ko Cindy Sanyu yiyemera

by Alex RUKUNDO
3 weeks ago

Sheebah Karungi yavuze ko Cindy Sanyu rimwe na rimwe yiyemera bikabije, kandi ko nta mpamvu afite yo guhora kumwereka ko...

Next Post
Crysto Panda yasabye Sheebah uruhushya rw’indirimbo ye na Spice Diana

Crysto Panda yasabye Sheebah uruhushya rw'indirimbo ye na Spice Diana

Laika Music: Nkunda kuririmbira abafana bashyushye kurusha abari mu birori bya kompanyi

Laika Music: Nkunda kuririmbira abafana bashyushye kurusha abari mu birori bya kompanyi

Semuhungu Eric akurikiranyweho ibyaha bitatu birimo gukoresha undi imibonano mpuzabitsina ku gahato

Semuhungu Eric akurikiranyweho ibyaha bitatu birimo gukoresha undi imibonano mpuzabitsina ku gahato

“Mfite ibitsina gore bibiri”: Ubuzima bukomeye bwa Abigael bwakoze benshi ku mutima
Mu mahanga

“Mfite ibitsina gore bibiri”: Ubuzima bukomeye bwa Abigael bwakoze benshi ku mutima

by MUNYANKINDI Alphonse
May 23, 2026
DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice
Imyidagaduro

DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice

by MUNYANKINDI Alphonse
May 23, 2026
Aston Villa Yegukanye Europa League
Imikino

Aston Villa Yegukanye Europa League

by MUNYANKINDI Alphonse
May 21, 2026
Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi
Imyidagaduro

Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi

by MUNYANKINDI Alphonse
May 21, 2026

Stay Connected

Popular Post

    YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD
    ADVERTISEMENT
    Impinga Media

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    Navigate Site

    • AHABANZA
    • UBWANDITSI
    • KWAMAMAZA
    • AMATEGEKO

    Follow Us

    No Result
    View All Result
    • AHABANZA
    • Imyidagaduro
      • Imikino
      • Sinema
      • Ibirori & Muzika
    • Ikoranabuhanga
    • Ubuzima
    • Ubukungu
    • IBINDI
      • Biravugwa
      • Inkuru z’amashusho
      • Inkuru Ndende
      • Impinga Quiz & Survey
      • Utuntu n’utundi

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.