Butera Knowless wizihije isabukuru y’imyaka 34 y’amavuko yahamije ko iy’uyu mwaka itandukanye cyane n’izindi yizihije mbere nubwo atifuje kwerura ngo...
Isi ya sinema yongeye kubura umwe mu bayihesheje ishema. Umukinnyi w’ikirangirire w’Umutaliyani Claudia Cardinale, wamamaye mu mafilime nka ‘The Pink...
Umuhanzikazi w’icyamamare muri Uganda, Cindy Sanyu yasobanuye impamvu atakigaragara yambaye impeta y’ubukwe, asobanura ko bitavuze ko urugo rwe rufite ibibazo,...
The Ben wari uherutse gutaramira mu Bwongereza yongeye gutumirwayo mu mujyi wa Manchester. The Ben uherutse gutaramira mu Bwami bw'ubwongereza...
Teta Sandra yagaragaye mu mashusho ashaka gutera icyuma Weasel wari wicaye hasi atabaza mukuru we Jose Chameleon Hongeye gusakara amashusho...
Mr KAGAME agarutse mu Rwanda mu isura nshya, akomeje gukorana na Black Market Records imufasha gucunga inyungu ze za muzika....
Minisiteri y’Ibikorwa Remezo yemeje ko mu mpeshyi ya 2025, igihugu cyahuye n’ikibazo gikomeye cy’ibura ry’amazi meza, cyane cyane mu Mujyi...
Read moreDetailsUmuyobozi w’Ishami rishinzwe kurwanya virusi itera SIDA mu Kigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuzima (RBC), Dr Ikuzo Basile, yatangaje ko nibigenda neza,...
Read moreDetailsImpuguke mu buzima zatangaje ko abana barenga miliyoni 30 ku isi hose batakingiwe urukingo rwa MMR (rubeba, oreillons na rubella)...
Read moreDetailsIshami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe kurwanya SIDA (UNAIDS) ryatangaje ko umubare w’ibihugu bihana abantu baryamana bahuje ibitsina cyangwa abahinduje igitsina wiyongereye...
Read moreDetailsMu rwego rwo gukomeza kugeza inyigisho za Kiliziya Gatolika ku rubyiruko cyane cyane urukoresha imbuga nkoranyambaga, Kiliziya Gatolika yahamagaje i...
Pasiteri Jullienne Kabanda wahoze ayobora Umuryango w’iyobokamana Grace Room Ministries uherutse gufungwa, yatangaje ko hari abantu bakomeje kumwiyitirira ku mbuga...
Umunyamerika Robert Francis Prevost wamaze gutorerwa kuba Papa, ku gicamunsi cyo ku wa Kane tariki 08 Gicurasi 2025, yahise afata...
Nkosinathi Emmanuel Nathi Mthethwa, wari Ambasaderi wa Afurika y’Epfo mu Bufaransa, yasanzwe muri hoteli i Paris yapfuye, iperereza ry’ibanze rikavuga ko ashobora kuba yiyahuye. Iyi nkuru yamenyekanye ku wa 30 Nzeri 2025, Ubwo umurambo we wasangwaga mu mbuga ya hoteli Hyatt Regency Paris Étoile. Amakuru...
Butera Knowless wizihije isabukuru y’imyaka 34 y’amavuko yahamije ko iy’uyu mwaka itandukanye cyane n’izindi yizihije mbere nubwo atifuje kwerura ngo avuge igituma uyu mwaka utandukana n’indi. Ibi Butera Knowless yabikomojeho mu kiganiro yagiranye n'Impinga Media, yavuze ko uyu mwaka utandukanye n’indi 33. Knowless yagize ati...
Kuri uyu wa kabiri tariki ya 30 Nzeri 2025 – Mu nama ya 6 ya Federasiyo y’Abahinzi b’Afurika y’Iburasirazuba (Eastern Africa Farmers Federation – EAFF) yabereye i Kigali, abayobozi, abahinzi n’abafatanyabikorwa bahurije ku gitekerezo kimwe: ubuzima n’umutekano w’ibiribwa muri Afurika bizashingira ku guhanga udushya no...
Uwahoze ari umunyamabanga wa FERWAFA Kalisa Adolphe yahakanye ibyaha bibiri akurikiranyweho mu rubanza rw'ifungwa n'ifungurwa ry'agateganyo Ku wa 25 Nzeri 2025 Urukiko rw'ibanze rwa Gasabo rwaburanishije urubanza rwa Kalisa Adople wabaye umunyamabanga mukuru wa FERWAFA. Uyu mugabo w'imyaka 63 y'amavuko $21387 niyo yishyuzwaUko urubanza rwagenze09:7...
Isi ya sinema yongeye kubura umwe mu bayihesheje ishema. Umukinnyi w’ikirangirire w’Umutaliyani Claudia Cardinale, wamamaye mu mafilime nka ‘The Pink Panther’ na ‘Once Upon A Time In The West’, yapfuye afite imyaka 87, nk’uko bitangajwe n’ibinyamakuru byo mu Bufaransa. Umujyanama we yabwiye AFP ko yapfuye...