Umuhanzi zo kuramya no guhimbaza Imana Richard Nick Ngendahayo nyuma yo gukora igitaramo kikitabirwa n’abantu benshi ndetse umubare w’abihana ukiyongera...
Richard Nick Ngendahayo ni umwe mu bahanzi b’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana uzwi cyane mu Rwanda no hanze yarwo....
Irene Ingabire Kamanzi ni umuhanzi wa menyekanye hano mu Rwanda cyane mu kuririmba indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana uzwi kw'izina ry'ubuhanzi...
Icyamamare mu muziki wa Uganda, Jose Chameleone, ategerejwe mu majyaruguru ya Uganda muri uku kwezi k’Ukuboza, aho azayobora igikorwa cyo...
Mu rugendo rujyana abakunzi b’umuziki hirya no hino ku isi, Afro-Club yongeye guhuza ingeri zitandukanye z’abahanzi n’imyidagaduro, binyuze mu majwi...
Umuhanzi w’icyamamare muri Uganda, Chris Evans Kaweesa, yongeye gutangaza impamvu yisubiyeho ku mugambi we wo kwinjira muri politiki no kwiyamamariza...
Kuri uyu wa Gatanu, tariki 28 Ugushyingo 2025, Urugaga Nyarwanda rw’Abafite Virusi itera Sida (RRP+ Rwanda), ku bufatanye n’Ikigo cy’Igihugu...
Read moreDetailsKuri uyu wa Gatanu, Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku biribwa n’ubuhinzi (FAO) ryifatanyije na Minisiteri y’Ubuhinzi n’Ubworozi (MINAGRI) mu kwizihiza...
Read moreDetailsUmuyobozi uyoboye agashami k’imirire mu muryango w’abibumbye ushinzwe ubuhinzi n’ibiribwa ku isi FAO Madame Christine Mukantwari aratangaza ko abanyarwanda 5%...
Read moreDetailsMinisiteri y’Ibikorwa Remezo yemeje ko mu mpeshyi ya 2025, igihugu cyahuye n’ikibazo gikomeye cy’ibura ry’amazi meza, cyane cyane mu Mujyi...
Read moreDetailsMu myaka 19 ishize, ijwi rya Sarah Uwera Sanyu ryakomeje kwumvikana mu ndirimbo zubatse imitima ya benshi, zibibutsa gukomeza urugendo...
Mu rwego rwo gukomeza kugeza inyigisho za Kiliziya Gatolika ku rubyiruko cyane cyane urukoresha imbuga nkoranyambaga, Kiliziya Gatolika yahamagaje i...
Pasiteri Jullienne Kabanda wahoze ayobora Umuryango w’iyobokamana Grace Room Ministries uherutse gufungwa, yatangaje ko hari abantu bakomeje kumwiyitirira ku mbuga...
Umuhanzi zo kuramya no guhimbaza Imana Richard Nick Ngendahayo nyuma yo gukora igitaramo kikitabirwa n’abantu benshi ndetse umubare w’abihana ukiyongera yafashe icyemezo ntakuka cyo kongera kugaruka gutaramira abanyarwanda. Iki gitaramo cyabaye ku itariki ya 29 Ugushyingo 2025, cyahishuye ishusho nyakuri y’urukundo uyu muhanzi akunzwe mu...
Richard Nick Ngendahayo ni umwe mu bahanzi b’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana uzwi cyane mu Rwanda no hanze yarwo. Uyu muhanzi w’icyamamare, wamaze imyaka 17 atuye i Dallas muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, ubu ari i Kigali aho yaje gukora igitaramo gikomeye yise...
Irene Ingabire Kamanzi ni umuhanzi wa menyekanye hano mu Rwanda cyane mu kuririmba indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana uzwi kw'izina ry'ubuhanzi nka Gaby Kamanzi (wavutse 1981) uririmba indirimbo ziramya Imana. Ni umwe mu bahanzi bigaragaje cyane mu gitaramo cya Richard Nick Ngendahayo cyabaye ku itariki ya 29...
Icyamamare mu muziki wa Uganda, Jose Chameleone, ategerejwe mu majyaruguru ya Uganda muri uku kwezi k’Ukuboza, aho azayobora igikorwa cyo gufungura inzu izajya ikorerwamo sinema muri ako gace, ikaba ari yo ya mbere ihabonetse. Iyi sinema izaba ari iya mbere kandi yemewe ku rwego rwo...
Mu rugendo rujyana abakunzi b’umuziki hirya no hino ku isi, Afro-Club yongeye guhuza ingeri zitandukanye z’abahanzi n’imyidagaduro, binyuze mu majwi mashya ya Terrell Elymoor, Ayam Mister, Navy na Iyanii, ndetse no gusubira mu bihe by’umwamikazi wa pop, Michael Jackson, mu ndirimbo ye y’akataraboneka yo mu...