• AHABANZA
  • UBWANDITSI
  • KWAMAMAZA
  • AMATEGEKO
Saturday, May 23, 2026
Impinga Media
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
No Result
View All Result
Impinga Media
  • Inkuru Nyamukuru
  • Imyidagaduro
  • Ikoranabuhanga
  • Ibirori
Home Uncategorized

Sheebah Karungi yavuze ko Cindy Sanyu yiyemera

Alex RUKUNDO by Alex RUKUNDO
May 15, 2026
Reading Time: 1 min read
A A

Sheebah Karungi yavuze ko Cindy Sanyu rimwe na rimwe yiyemera bikabije, kandi ko nta mpamvu afite yo guhora kumwereka ko amurusha kuririmba.

Podcast ya Sheebah iri kuvugisha benshi ndetse ikaba nanengwa na bamwe, Sheebah yongeye kuvuga ku mubano we utifashe neza hagati ye na Cindy Sanyu.

Sheebah yanagarutse ku gitaramo bahanganiye muri 2023, aho yavuze ko ari we wazanye igitekerezo ndetse akanangenzura hafi yabyo byagikorewemo.

Yagize ati: “Ni njye wazanye igitekerezo cy’iyi ntambara (battle). Igitekerezo, icyiciro (stage), buri kantu kose, ndetse no kuganira na we, byose ninjye wari ubirinyuma.”

Nubwo yavuze ko yubaha Cindy kubera yifitemo impano ndetse ikamugira umuntu ukomeye mu muziki, ariko Sheebaha yavuze ko ikibazo ari uko rimwe na rimwe Cindy yiyemera bikabije.

Ati: “Twese tuzi ko Cindya ari umuririmbyi mwiza kandi w’umuhanga. Ariko nta mpamvu yo kubonyereka  cyagwa ngo abihamye. Ese ubundi kuki abayifuza kubinyereka?”

Sheebah yavuze ko yemera ko Cindy ashobora kuba amurusha kuririmba, ariko agashimangira ko hari byinshi atamurusha.

Yashoje agira ati: “Azi neza ko andusha kuririmba. Ariko nanjye murusha imishinga (business), amahirwe, abafana, imibare y’indirimbo ndetse no kwamamara (hits). Aho ntabwo yandusha.”

Aya magambo yongeye gukurura impaka hagati y’abakunzi b’aba bahanzikazi bamaze igihe badacana uwaka.

Previous Post

DJ Toxxyk ashobora gufungwa imyaka 5

Next Post

Cb Talker yasabye aba content creators bo muri Uganda gukorana

Alex RUKUNDO

Alex RUKUNDO

IZINDI NKURU WASOMA

Ambassadors of Christ Choir igiye kwizihiriza isabukuru y’imyaka 30 muri Bk Arena

Ambassadors of Christ Choir igiye kwizihiriza isabukuru y’imyaka 30 muri Bk Arena

by Alex RUKUNDO
5 days ago

Ambassadors of Christ Choir ibarizwa mu Itorero ry’Abadiventiste b’Umunsi wa Karindwi rya Remera, igiye gukora igitaramo cy'amateka cyo kwizihiza isabukuru...

“The Beast”: Imodoka ya Perezida wa Amerika itinya amasasu n’ibisasu

“The Beast”: Imodoka ya Perezida wa Amerika itinya amasasu n’ibisasu

by MUNYANKINDI Alphonse
6 days ago

Imodoka ya Perezida wa United States izwi nka “The Beast” iri mu modoka zifite umutekano ukomeye kurusha izindi ku isi....

Eddy Kenzo yakuriye inzira ku murima abahanzi bashaka kwishingira federasiyo yabo

Eddy Kenzo yakuriye inzira ku murima abahanzi bashaka kwishingira federasiyo yabo

by Alex RUKUNDO
3 weeks ago

Eddy Kenzo yamaganye bikomeye abahanzi bamwe bashaka gushing indi miryango ibahagarira, ayashimangiye ko mu gihugu hagomba kubaho ihururi rimwe gusa...

Next Post
Cb Talker yasabye aba content creators bo muri Uganda gukorana

Cb Talker yasabye aba content creators bo muri Uganda gukorana

Dre Cali yasubije Ykee Benda mu buryo bukomeye

Dre Cali yasubije Ykee Benda mu buryo bukomeye

The Ben na Bruce Melodie bahataniye MTN Caller Tunez Awards 2026

The Ben na Bruce Melodie bahataniye MTN Caller Tunez Awards 2026

“Mfite ibitsina gore bibiri”: Ubuzima bukomeye bwa Abigael bwakoze benshi ku mutima
Mu mahanga

“Mfite ibitsina gore bibiri”: Ubuzima bukomeye bwa Abigael bwakoze benshi ku mutima

by MUNYANKINDI Alphonse
May 23, 2026
DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice
Imyidagaduro

DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice

by MUNYANKINDI Alphonse
May 23, 2026
Aston Villa Yegukanye Europa League
Imikino

Aston Villa Yegukanye Europa League

by MUNYANKINDI Alphonse
May 21, 2026
Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi
Imyidagaduro

Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi

by MUNYANKINDI Alphonse
May 21, 2026

Stay Connected

Popular Post

    YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD
    ADVERTISEMENT
    Impinga Media

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    Navigate Site

    • AHABANZA
    • UBWANDITSI
    • KWAMAMAZA
    • AMATEGEKO

    Follow Us

    No Result
    View All Result
    • AHABANZA
    • Imyidagaduro
      • Imikino
      • Sinema
      • Ibirori & Muzika
    • Ikoranabuhanga
    • Ubuzima
    • Ubukungu
    • IBINDI
      • Biravugwa
      • Inkuru z’amashusho
      • Inkuru Ndende
      • Impinga Quiz & Survey
      • Utuntu n’utundi

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.