Nyuma y’igihe adakora umuziki, umuhanzi Ykee Benda yatangaje ko yagararutse kandi yiteguye gushimisha abakunzi be abaha indirimbo nshya yise “Tempting.” Abinyujije ku mbuga nkoranyambaga, kuri uyu wa Gatatu, Ykee Benda yavuze ko kuba yari amaze igihe adakora umuziki...
Umuhanzikazi Spice Diana yavuze uko abona amakimbirane amaze iminsi avugwa yangijwe na Pallaso ku bijyanye n’igisobanuro ku “umuhanzi w’umunyamwuga” yavuze ko gutanga ibitekerezo birushaho kugaragaza agaciro baha abafana babo. Mu kiganiro yagiranye na Sanyuka TV, yateye utwatsi igitekerezo...
Miss wacyuye igihe wo muri Uganda, Hannah Karema Tumukunde, yatangaje ko yatsinzwe mu matora aherutse kuba, aho yahataniraga kuba umuyobozi w’abanyeshuri (Guild Presidente) muri Kaminuza ya Makerere I Kampala. Ku wa Kane tariki ya 9 Mata 2026, Gracious...
Abahanzi bakomeye mu Karere ka Afurika y’Iburasirazuba, barimo Harmonize ndetse n’itsinda rya Good Lyfe, bifatanyije n’u Rwanda n’Isi muri iki gihe cyo Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Uyu muhanzi w’Umunya-Tanzania, Harmonize, yagaragaje ko...
Mu myaka myinshi ishize, ifoto y’umuhanzi w’icyamamare muri Uganda, Mesach Semakula, ari kumwe n’ikirangirire mpuzamahanga mu muziki, Usher Raymond, yakomeje gukurura impaka ku mbuga nkoranyambaga, aho bamwe mu bazikoresha bibaza uburyo aba bombi bahuye. Hari bamwe bavuga ko...
Umuhanzi Eddy Kenzo yatangaje ko ashyigikiye bagenzi be bakunze gukoresha TikTok Live, avuga ko ibyo bakora ari igisubizo k’ibibazo by’imyaka myinshi ishize batishimiye uko bafatwa n’itangazamakuru. Mu kiganiro yagiranye na Eddie Sendi, Kenzo yasobanuye ko nubwo we ubwe...
Umuhanzikazi w’icyamamare Taylor Swift yongeye kwandika amateka mu muziki mpuzamahanga, nyuma yo kwegukana ibihembo birindwi mu birori bya iHeartRadio Music Awards 2026 byabereye i Los Angeles muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Ibi birori byabereye muri Dolby Theatre...
Umuhanzikazi Azawi yatangaje ko nta muhanzi wo mu gihe cye wamuhangara ku rubyiniro mu bihe bya nyuma ya COVID-19. Mu kiganiro yagiranye na Galaxy TV, uyu muhanzikazi wamenyekanye mu ndirimbo “Repeat It” yavuze ko yizeye cyane impano ye,...
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru muri Senegal ryatangaje ko icyemezo cyo kwamburwa igikombe cya Afurika cya 2025 kigahabwa Morocco kidashobora kwemerwa ndetse ko gishobora no gusiga icyasha umupira w’amaguru ku mugabane wa Afurika. Kuwa Kabiri tariki ya 17 Werurwe 2026...
abahanzi n’abandi bakora mu ruganda rw’imyidagaduro muri Uganda bari mu byishimo nyuma y’uko Inteko shinga Amategeko yemeje umushinga w’itegeko rihindura ibyerekeye uburenganzira ku bihangano n’ibifitanye isano na byo (Copyright and Neighbouring Right Amendment, 2025). Uyu mushinga w’itegeko watowe...