Umuhanzikazi w’icyamamare Taylor Swift yongeye kwandika amateka mu muziki mpuzamahanga, nyuma yo kwegukana ibihembo birindwi mu birori bya iHeartRadio Music Awards 2026 byabereye i Los Angeles muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Ibi birori byabereye muri Dolby Theatre...
Umuhanzikazi Azawi yatangaje ko nta muhanzi wo mu gihe cye wamuhangara ku rubyiniro mu bihe bya nyuma ya COVID-19. Mu kiganiro yagiranye na Galaxy TV, uyu muhanzikazi wamenyekanye mu ndirimbo “Repeat It” yavuze ko yizeye cyane impano ye,...
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru muri Senegal ryatangaje ko icyemezo cyo kwamburwa igikombe cya Afurika cya 2025 kigahabwa Morocco kidashobora kwemerwa ndetse ko gishobora no gusiga icyasha umupira w’amaguru ku mugabane wa Afurika. Kuwa Kabiri tariki ya 17 Werurwe 2026...
abahanzi n’abandi bakora mu ruganda rw’imyidagaduro muri Uganda bari mu byishimo nyuma y’uko Inteko shinga Amategeko yemeje umushinga w’itegeko rihindura ibyerekeye uburenganzira ku bihangano n’ibifitanye isano na byo (Copyright and Neighbouring Right Amendment, 2025). Uyu mushinga w’itegeko watowe...
Nyuma y’uko hijihijwe isabukuru y’imyaka icumi ya Roast and Rhyme Reggae Ragga Nyama Nyama edition ku itariki ya 20 Werurwe, hamenyekanye abahanzi b’ibyamamare bazaririmba. Iki gikorwa kizabera kuri Hockey Grounds i Lugogo, ni kimwe mu bikorwa byo kwizihiza...
Indirimbo nshya “Tulo” ya Moroots, igaruka ku buzima bw’umubyeyi n’ngorane, ibikomere ndetse n’ibyinshimo byerekeye ku reread umwana. Iyi ndirimbo yubakiye ku njyana y’indirimbo ya kera “Tulo Tulo kwata omwana,” n’aho umubyeyi aba aririmbira umwana we. Iyi ndirimbo igaragaza...
Umuhanzi Master Parrot yatangaje impamvu atigeze amafaranga nk’uko byagenze kuri bamwe mu bahanzi bagenzi be barimo Bebe Cool, Bobi Wine na Jose Chameleone. Uyu muhanzi wamamaye mu ndirimbo “Kikompola” yavuze ko mu gihe cyabo, abahanzi benshi batahabwaga agaciro...
Umuhanzikazi Ava Peace yatangaje ko nubwo indirimbo ye “Wanula Remix” yakoranye na Temperature Touc iri mu zakunzwe cyane ku rubuga rwa youtbe, ko Atari yo aknda cyane kurusha izindi. Mu kiganiro yagiranye na NTV The Beat, Ava Peace...
Umunyamideli akaba n’umucurazi Shakib Luttaya wamamaye nka Shakiba Cham, hamwe n’icyamamare ku mbuga nkoranyambaga Timothy Sserunjoji, wamenyekanye nkaBarista Timo,biteganyijwe ko bazahurira mu mukino w’iteramakofe (Boxing) ni umukono utegenyijwe mu kwezi gutaha kwa Mata. Uyu mukino utegurwa na International...
Ibihembo mpuzamahanga bya Shining Star Africa Awards 2026 byatangiwe mu Rwanda ku nshuro ya mbere mu birori biryoheye ijisho byabereye mu Mujyi wa Kigali kuri Olympic Hotel ku wa Gatandatu tariki ya 07 Werurwe 2026. Ibi bihembo bya...