• AHABANZA
  • UBWANDITSI
  • KWAMAMAZA
  • AMATEGEKO
Tuesday, July 28, 2026
Impinga Media
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
No Result
View All Result
Impinga Media
  • Inkuru Nyamukuru
  • Imyidagaduro
  • Ikoranabuhanga
  • Ibirori
Home Uncategorized

Winnie Nwagi yagerageje gukemura amakimbirane ya Sheebah Karungi na Spice Diana

Alex RUKUNDO by Alex RUKUNDO
May 1, 2026
Reading Time: 1 min read
A A

Sheebah Karungiyatangaje ko Winnie Nwagi ari umwe mu bahanzikazi bake bagerageje kubunga mu makimbirane amaze igihe afitanye na Spice Diana.

Mu kiganiro cya podcast, Sheebah yavuze ko na we ubwe adasobanukiwe neza inkomoko y’ayo makimbirane ari hagati ye na Spice Diana.

Yasobanuye ko ubwo yahuraga na Winnie Nwagi mu bukwe bwa Bad Black, uyu muhanzikazi yamubajije ikibazo kijyanye n’impamvu y’ayo makimbirane n’uko yavutse, ashaka no kumenya uko yakemurwa.

Sheebah yavuze ko Winnie yamusabye ko yabahuza bombi bakicara kugira ngo bashakire hamwe umuti urambye w’ayo makimbirane.

Ati: “Nahuye na Winnie mu bukwe bwa Bad Black, aramba ati ‘N’ikihe kibazo kiri hagati yawe na Spice Diana?’ Icyo kibazo naragikunze , ni yo mpamvu mukunda. Yabwiye ko yifuza kuduhuriza hamwe tukicara tukarebera hamwe uburyo twakemura icyo kibazo, ariko nanjye nahise mubwirako nanjye nshaka kumenya ikibazo mfitanye na Spice Diana nyir’izina.”

Sheebah yakomeje avuga ko Winnie yagaragaje ko bishoboka ko abafana babo ari bo batiza umurindi ayo makimbirane, ariko we nta bishyigikiye, kuko ashinja Spice Diana kuba yaragiye mu biganiro bitandukanye asebya Sheebah Karungi.

Yashoje agira ati: “Yavuze ko bishoboka ko ari abafana babirinyuma, ariko niba ari bo, kuki Spice Diana ujya mu biganiro agamije kunsebya?”

Previous Post

Uganda yatangije gahunda yo gukoresha ikoranabuhanga rikurikirana ikoreshwa ry’umuziki

Next Post

Museveni ashyize umukono ku itegeko rishya rirengera abahanzi

Alex RUKUNDO

Alex RUKUNDO

IZINDI NKURU WASOMA

Ambassadors of Christ Choir igiye kwizihiriza isabukuru y’imyaka 30 muri Bk Arena

Ambassadors of Christ Choir igiye kwizihiriza isabukuru y’imyaka 30 muri Bk Arena

by Alex RUKUNDO
2 months ago

Ambassadors of Christ Choir ibarizwa mu Itorero ry’Abadiventiste b’Umunsi wa Karindwi rya Remera, igiye gukora igitaramo cy'amateka cyo kwizihiza isabukuru...

“The Beast”: Imodoka ya Perezida wa Amerika itinya amasasu n’ibisasu

“The Beast”: Imodoka ya Perezida wa Amerika itinya amasasu n’ibisasu

by MUNYANKINDI Alphonse
2 months ago

Imodoka ya Perezida wa United States izwi nka “The Beast” iri mu modoka zifite umutekano ukomeye kurusha izindi ku isi....

Sheebah Karungi yavuze ko Cindy Sanyu yiyemera

Sheebah Karungi yavuze ko Cindy Sanyu yiyemera

by Alex RUKUNDO
2 months ago

Sheebah Karungi yavuze ko Cindy Sanyu rimwe na rimwe yiyemera bikabije, kandi ko nta mpamvu afite yo guhora kumwereka ko...

Next Post
Museveni ashyize umukono ku itegeko rishya rirengera abahanzi

Museveni ashyize umukono ku itegeko rishya rirengera abahanzi

Vinka yasabye Sheebah Karungi na Spice Diana gukemurira ibibazo cyabo mu bwiru

Vinka yasabye Sheebah Karungi na Spice Diana gukemurira ibibazo cyabo mu bwiru

Yarapfuye nyuma arazuka: Inkuru Idasanzwe i Masindi

Yarapfuye nyuma arazuka: Inkuru Idasanzwe i Masindi

Les médias appelés à changer leur regard sur les violences basées sur le genre
Inkuru Nyamukuru

Les médias appelés à changer leur regard sur les violences basées sur le genre

by MUNYANKINDI Alphonse
June 23, 2026
“Mfite ibitsina gore bibiri”: Ubuzima bukomeye bwa Abigael bwakoze benshi ku mutima
Mu mahanga

“Mfite ibitsina gore bibiri”: Ubuzima bukomeye bwa Abigael bwakoze benshi ku mutima

by MUNYANKINDI Alphonse
May 23, 2026
DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice
Imyidagaduro

DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice

by MUNYANKINDI Alphonse
May 23, 2026
Aston Villa Yegukanye Europa League
Imikino

Aston Villa Yegukanye Europa League

by MUNYANKINDI Alphonse
May 21, 2026

Stay Connected

Popular Post

    YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD
    ADVERTISEMENT
    Impinga Media

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    Navigate Site

    • AHABANZA
    • UBWANDITSI
    • KWAMAMAZA
    • AMATEGEKO

    Follow Us

    No Result
    View All Result
    • AHABANZA
    • Imyidagaduro
      • Imikino
      • Sinema
      • Ibirori & Muzika
    • Ikoranabuhanga
    • Ubuzima
    • Ubukungu
    • IBINDI
      • Biravugwa
      • Inkuru z’amashusho
      • Inkuru Ndende
      • Impinga Quiz & Survey
      • Utuntu n’utundi

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.