Umuhanzikazi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Aline Gahongayire, yongeye kugaragaza uruhare rwe mu kuzamura impano nshya, atangiza amarushanwa azafasha umwe mu banyempano kubona amahirwe yo kwinjira neza mu muziki. Icyo gikorwa gishingiye ku ndirimbo ye nshya “Yesu...
Umuhanzikazi w’icyamamare mu njyana ya dancehall, Spice Diana, yatangaje ko yamaze kuvugana n’umuhanzikazi wo muri Uganda nyuma yo kubona abafana babo babahuza kenshi mu gihe cyo kwamamaza igitaramo ateganya gukorera i Kampala. Mu kiganiro yagiranye na NBS After...
Umuhanzi w’umwogereza wahoze mu itsinda ryamamaye nka One Direction, Harry Styles, yatereye imvi umukinnyi wa Filime, Zoë Kravitz Abantu bahafi yabo bahamirije ikinyamakuru Page Six ko uyu mugore akimara guterwa ivi yahise abyemera azuyaje, nyuma y’uko bari bamaza...
Umuhanzi w’icyamamare mu ndirimbo za R&B Chris Brown, ari mu byishimo byinshi nyuma yo kwibaruka umwana we wa kane w’umuhunguya, yabyaranye n’umukunzi we Jada Wallace. Aya makuru yakiriwe neza ku mbuga nkoranyambaga nyuma yo gutangazwa mu buryo bworoheje,...
Sheebah Karungi yatangaje ko yatangiye urugendo rwo kuvuganira abagore bahura n’ihohoterwa bakorerwa n’abagabo cyane cyane mu kazi, ibi abitangaje nyuma y’uko abyaye. Yavuze ko kuba umubyeyi byatumye atekereza ku mateka ye, ahitamo gufata ubuzima bwe mu maboko, anamagana...
Umuhanzi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Prosper Nkomezi, ari kumwe n’umugore we Retina Mfurakazi, bakiriwe mu buryo bwihariye mu Itorero rya Shalom Covenant Church ryo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, aho bagiye kujya basengera no gukorera...
Jowy Landa yaciye amarenga ko umubano we na Nandor Love utameze neza, avuga ko ubucuti bwa hafi bigeze kugirana bwahindutse ku buryo bimubabaza kugeza n’ubu akaba atarasobanukirwa impamvu yabyo. Mu kiganiro yagiranye na Mr Henrie kuri NRG Ignition,...
David Lutalo yagarutse ku nkuru itangaje yo mu buzima bwe, avuga uko yigeze kungambanirwa n’umuntu wamwangaga ashaka kumugirirana nabi. Mu kiganiro cyatambutse kuri Youtube, lutalo yavuze ko hari umuntu wateguye umugambi wo kuryamana n’umugore wari waranduye virusi y’agakoko...
Maro yavuze ko Daddy Andre yamufashije kuzamura umuziki igihe yari mu ntangiriro, ati: “Ni we washyigikiye cyane mbere y’uko menyekanya.” Mu kiganiro yagiranye n’umwe mu ba YouTuber, Maro yasobanuye uko urugendo rwe rwahuriranye na Daddy Andre mbere y’uko...
Urukiko rw’Ibanze rwa Gasabo rwaburanishije umunyamakuru Niyigaba Clement uzwi nka DC Clement, uregwa ibyaha bikomeye birimo guteza imvururu muri rubanda, kurwanya ububasha bw’amategeko no gukorera urugomo abayobozi b’inzego za Leta. Ubushinjacyaha bwasobanuye ko ibi byabaye ku wa 31...