Umunyapolitiki wo muri Uganda Mubarak Munyagwa yinjiriye mu mpaka zimaze iminsi hagati y’abahanzi Pallaso na King Saha, avuga ko abo bombi batakwiye kugereranywa kuko Pallaso ari ku rundi rwego. Munyagwa yabitangaje mu kiganiro yagiranye na Sanyuka TV, aho...
Umuhanzikazi wo muri Uganda Rema Namakula yatangaje ko ubukwe bwe bwa kisilamu (Nikkah) n’umugabo we Hamza Ssebunya bwabaye kera mu ibanga rikomeye, ibintu byatunguye benshi mu bafana be bari batarigeze babimenya. Mu kiganiro aherutse kugirana n’itangazamakuru, Rema yavuze...
Umuhanzi Ykee Benda abinyujije ku rukuta rwe rw X (twitter) yatangaje ko mu minsi mike agiye kwibaruka impaga z’abana batatu bavutkiye icyarimwe (triplets). Muri ki gitondo, tariki 1 Mata 2026 mu butumwa yashyize ku rukuta rw X, yagize...
Itsinda rigizwe n’abahanzi batatu ryitwa B2C Entertainment ryatangaje ko ritita ku makimbirane aterwa n’umuziki cyagwa aturuka ku bahanzi, ibi babitagaje badaciye ku ruhande. Mu kiganiro iri tsinda rya B2C ryagiranye na podacast, aba bahanzi bagaragaje icyizere gikomeye bafite...
Umunyamakuru wa Isibo Radio, Niyigaba Clement uzwi nka DC Clement, yafashwe ku mugoroba wo kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 31 Werurwe 2026, afungirwa kuri Sitasiyo ya Polisi ya Jabana, nyuma y’ikibazo cy’imyubakire yagaragaje ku mbuga nkoranyambaga. DC...
Umuhanzikazi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana wo muri Tanzania, Rose Muhando, yatangaje ko yibwe n’abajura bataramenyekana binjiye mu rugo rwe, batwara ibintu by’agaciro birimo amafaranga n’ibyangombwa by’ingenzi, harimo na pasiporo ye. Mu butumwa yanyujije ku mbuga nkoranyambaga,...
Urukiko Rukuru rwa Kigali rwashimangiye ko umunyamideli Turahirwa Moses agomba gufungwa imyaka 3 akanatanga ihazabu ya miliyoni 2 Frw nk’uko yabikatiwe n’Urukiko Rwisumbuye rwa Gasabo. Ni nyuma y’uko yari yajuririye icyemezo cy’Urukiko Rwisumbuye rwa Gasabo aho muri 2024...
Nyuma y’imyaka ine ahanganye n’indwara idasanzwe yamugizeho ingaruka zikomeye ku buzima n’umwuga we w’ubuhanzi, umuririmbyi w’icyamamare ku isi Celine Dion yatangaje ko yiteguye kongera gutaramira abafana be. Uyu muhanzi wamamaye mu ndirimbo z’amarangamutima zikunzwe cyane zirimo My Heart...
Umuhanzi Mujyanama Claude uzwi nka TMC, wahoze mu itsinda rya Dream Boyz, yavuze ko yishimiye gutaramana na Ruti Joel mu gitaramo cyabereye muri Leta ya Indiana muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, aho yavuze ko byari no mu...
Umunyarwanda Aminu Hassan Iradukunda, uzwi ku izina rya Creative Aminu, uri gukorera ibikorwa bye by’umuziki mu Budage, akomeje kumenyekana ku rwego mpuzamahanga kubera uruhare rwe mu gutunganya ibikorwa bikomeye by’imyidagaduro n’imuziki bibera mu Burayi. Uyu musore ukora akazi...