Mu gihe mu mikino tumenyereye abakinnyi bazamuka bakinjira mu rwego rwo hejuru, ni na ko mu muziki ho hari “talent” iri kwinjira ku rwego rukomeye. Umuhanzi Michael Makembe ari mu bari kwigaragaza nk’abakinnyi bashya bafite ejo hazaza heza....
Spice Diana yatangaje ko aticuza kuba yarafatiriye ibikoresho by’aho yari yakoreye igitaramo, n’inyuma y’uko uwari wateguye iki gitaramo yanze kumwishyura amafaranga ye nyuma yo kuririmba mu gace ka i Bukomansimbi ku wa Gatandatu. Amashusho yakwirakwiye ku mbuga nkoranyambaga...
Isinya rya Niyonzima Pacifique ryabaye ku wa Gatanu tariki 24 Mata 2026 aho bivuze ko abaye umukinnyi w’umunyamwuga nyuma yo gusinyira Bodymax aho yamenyekanye cyane mu mikino yitwayemo neza ya Shampiyona y’Isi 2025 yabereye i Dubai aho yari...
Impaka zikomeye zongeye kubura mu muziki mpuzamahanga, nyuma y’uko Fat Joe atangaje ko injyana ya Afrobeats yaba yarakomotse muri Jamaica—amagambo yahise akurura igisubizo gikakaye cya BNXN. Ibi Fat Joe yabivugiye mu kiganiro cya Joe And Jada Podcast, aho...
Umuhanzi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Patient Bizimana, ari mu myiteguro yo kumurikira album ye nshya i Kigali, nyuma y’igihe gito asubitse igitaramo yari yateganyije kubera impamvu z’umuryango. Uyu muhanzi wari wateguye igitaramo muri Mata 2026, byabaye...
Igihe kirihuta ku bakunzi ba muzika ya Rumba bagikunda kumva indirimbo nka 'Chacun pour soi', 'Show me the way' cyangwa 'Maria Valencia' n'izindi za Papa Wemba, ariko uyu munsi imyaka 10 irashize apfuye upfu rwatunguranye. Uyu ni umunsi...
Umuhanzi w’icyamamare mu Burundi, Sat-B, yemeje ku mugaragaro ko yamaze gutandukana n’umukunzi we bari bamaranye igihe kinini, Belle 9ice (Ingabire Belle Nice), ndetse banabyaranye umwana w’umuhungu witwa Liam. Ni inkuru yari imaze igihe ivugwa mu biganiro byo ku...
Nyampinga w’u Rwanda 2016, Mutesi Jolly, yashyize ahagaragara amashusho y’iminota itanu n’amasegonda 38’ agaragaza inzu ye nshya aherutse kuzuza i Kibagabaga mu Mujyi wa Kigali, ikomeje kuvugisha benshi bitewe n’ubwiza n’imiterere yayo igezweho. Iyi nzu igeretse Gatatu yubatswe...
Ykee Benda yatangaje ko urugamba yarwanye rwo umwana we n’uwahoze ari umukunzi we byamugizeho ingaruka zikomeye mu myaka isaga ibiri ishize, kugeza ubwo yagize agahinda gakomeye kurusha ikindi gihe yigeze kunyuramo. Mu butumwa bwinshi yanyujije ku rubuga rwe...
Ku nshuro ya mbere muri Tanzania hatowe umukobwa uhiga abandi mu buranga ngo azahagararire iki igihugu muri Miss World Tanzania 2026. Latricia Ian w'imyaka 24 niwe warushije abandi 19 barushanwaga mu muhango warangiye mu masaha ya kare cyane...