Umunyarwanda Aminu Hassan Iradukunda, uzwi ku izina rya Creative Aminu, uri gukorera ibikorwa bye by’umuziki mu Budage, akomeje kumenyekana ku rwego mpuzamahanga kubera uruhare rwe mu gutunganya ibikorwa bikomeye by’imyidagaduro n’imuziki bibera mu Burayi. Uyu musore ukora akazi...
Mu buryo bw’amarenga, umuraperi 21 Savage ukomoka mu Bwongereza yagaragaje ko umwana umuraperi akaba n’umukunzi we, Latto atwite, ashobora kuba ari uwe. Uyu muhanzi wamamaye mu ndirimbo "A Lot", yabitangarije mu butumwa yasangije abamukurikirana kuri Instagram mu butumwa...
Jason Derulo uri mu baririmbyi bakora injyana ya R&B bakomeye muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yahishuye ko ajya agorwa no kwemera ko agize imyaka 37 akiri ingaragu. Jason Derulo wamenyakanye mu ndirimbo nka "Talk Dirty," "Whatcha Say,"...
Umuraperi Pacson ari mu gahinda gakomeye nyuma yo guhura n’impanuka yaturutse ku mufana wamusunitse atabishaka bikamuviramo kuvunika igufa ryo mu itako. Pacson yavuze ko amaze icyumweru kirenga mu buriri kubera iyi mvune. Yavuze ko yagize iyi mvune ku...
Umuhanzikazi w’icyamamare Taylor Swift yongeye kwandika amateka mu muziki mpuzamahanga, nyuma yo kwegukana ibihembo birindwi mu birori bya iHeartRadio Music Awards 2026 byabereye i Los Angeles muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Ibi birori byabereye muri Dolby Theatre...
Delivad Julio wo mu itsinda rya B2C Boys yavuze ko kugereranya Joshua Baraka na Eddy Kenzo bidakwiye kandi bidafite ishingiro. Uyu muhanzi yavuze ko nubwo Joshua Baraka ari kuzamuka neza ku rwego mpuzamahanga, kumugereranya na Eddy Kenzo ari...
Umuhanzikazi Azawi yatangaje ko nta muhanzi wo mu gihe cye wamuhangara ku rubyiniro mu bihe bya nyuma ya COVID-19. Mu kiganiro yagiranye na Galaxy TV, uyu muhanzikazi wamenyekanye mu ndirimbo “Repeat It” yavuze ko yizeye cyane impano ye,...
Abahanzi barimo Iryn Namubiru, Rema Namakula na Eddy Kenzo, bashyize hanze amashusho y’indirimbo zabo nshya, muri y’inkuru tugiye kugaruka muri zimwe muri zo ndirimbo. • Sikumanyi – Eddy Kenzo Iy’indirimbo yakozwe na Kelly Yo na Butar Magical. Indirimbo...
Joseph Mwendwa, wamamaye nk Dj Joe Mfalme, ari mu gahinda nyuma yo gupfusha umubyeyi we yakundaga cyane, Milicent Munoru, kaba yari tabye Imana azize indwara ya Kaseri (cancer), nk’uko umuryango wabitangaje. DJ Joe Mfalme ni we watangaje iyi...
Renowned gospel artiste Sarah Sanyu yavuze ku rugendo rwe mu muziki ku giti cye, imbogamizi yahuye na zo ndetse n’impamvu yemera ko ibihe bye byiza bikiri imbere. Uyu muririmbyi uzwi cyane muri Ambassadors of Christ, yatangiye urugendo rwe...