• AHABANZA
  • UBWANDITSI
  • KWAMAMAZA
  • AMATEGEKO
Thursday, May 14, 2026
Impinga Media
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
No Result
View All Result
Impinga Media
  • Inkuru Nyamukuru
  • Imyidagaduro
  • Ikoranabuhanga
  • Ibirori
Home Imyidagaduro

Sheebah Karungi yatangaje ko agiye kuvugira abagore bakorerwa ihohoterwa

Alex RUKUNDO by Alex RUKUNDO
April 28, 2026
Reading Time: 1 min read
A A

Sheebah Karungi yatangaje ko yatangiye urugendo rwo kuvuganira abagore bahura n’ihohoterwa bakorerwa n’abagabo cyane cyane mu kazi, ibi abitangaje nyuma y’uko abyaye.

Yavuze ko kuba umubyeyi byatumye atekereza ku mateka ye, ahitamo gufata ubuzima bwe mu maboko, anamagana inkuru zitari zo zimaze iminsi zimwandikwaho.

Yongeyeho ko byamuhaye imbaraga zo gukoresha imbaraga ze mu kurengera abagore bahura n’ibibazo nk’ibyo yahuye nabyo.

Sheebah yashimangiye ko kwemera (consent) ari ingenzi mu mibanire yose igirwamo uruhare n’abagore, agaragaza ko abagabo bagomba gusaba uburenganzira mbere y’ikintu icyo ari cyo cyose.

Yatangaje ibi mu gihe yamamazaga podcast nshya ari gutegura, aho azibanda ku bibazo bikomeye ariko bikunze guhishwa, birimo ihohoterwa rishingiye ku gitsina, cyane cyane rikorerwa abagore bashaka akazi.

Yatanze urugero rwa bamwe mu bagabo baba bafite ububasha mu gutanga kazi aho bashobora gukoresha nabi umwanya wabo, bakabeshya abagore ko bagiye kubafasha kubona akazi, ariko mu by’ukuri bagamije ku bakoresha ku bw’inyungu zabo.

Mu gero yatanze, yavuze ko hari igihe umugore ajya gusaba akazi, yambaye neza ariko aho kwita ku bushobozi bwe, umwakiriye agahindura ikiganiro akajya ku bindi bidakwiye, hasigaye agasigarana nomero ye ya telefoni ubundi akamuhamagara amusaba guhura na we.

 Abinyujije muri iyo podcast, Sheebah yavuze ko azashyira ahagaragara imyitwarire nk’iyo, anashishikarize abagore kuyimenya no kuyirwanya.

Yemeza ko hari abagabo benshi batinya ibiganiro nk’ibyo, kuko bishobora gutuma abagore barushaho kumenya uburenganzira bwabo no kwirinda gushukwa cyangwa gukoreshwa.

Previous Post

Prosper Nkomezi n’umugore we bakiriwe mu itorero muri Amerika

Next Post

Chris Brown yibarutse umwana w’umuhungu

Alex RUKUNDO

Alex RUKUNDO

IZINDI NKURU WASOMA

Vestine wo mu itsinda ‘Vestine&Dorcas yibarutse imfura

Vestine wo mu itsinda ‘Vestine&Dorcas yibarutse imfura

by Alex RUKUNDO
2 days ago

Ishimwe Vestine wo mu itsinda rya ‘Vestine&Dorcas’ yibarutse imfura. Uyu mugore yabyariye mu Mujyi wa Vancouver aho amaze igihe atuye...

“Sinshobora kongera gukorana na Dre Cali” – Ykee Benda

“Sinshobora kongera gukorana na Dre Cali” – Ykee Benda

by Alex RUKUNDO
2 days ago

Ykee Benda yatangaje ko nta gahunda afite yo kogera gukorana na Dre Cali wahoze abarizwa mu itsinda rya Mpaka Records,...

Dance Mamweeta agiye guhuriza abakunzi b’imbyino

Dance Mamweeta agiye guhuriza abakunzi b’imbyino

by MUNYANKINDI Alphonse
2 days ago

Abakunzi b’imbyino n’umuco wo kwidagadura muri Kampala bari kwitegura kimwe mu bikorwa bikomeye by’urubyiruko bizaba muri uku kwezi kwa Gicurasi,...

Next Post
Chris Brown yibarutse umwana w’umuhungu

Chris Brown yibarutse umwana w'umuhungu

Harry Styles wamenyekanye mu itsinda rya One Direction yambite impeta umukunzi we Zoë Kravitz

Harry Styles wamenyekanye mu itsinda rya One Direction yambite impeta umukunzi we Zoë Kravitz

Malawi:Umunyarwandakazi Giramata yakatiwe azira kwica uwari umugabo we

Malawi:Umunyarwandakazi Giramata yakatiwe azira kwica uwari umugabo we

Imanizabayo yanditse amateka muri Afurika
Imikino

Imanizabayo yanditse amateka muri Afurika

by MUNYANKINDI Alphonse
May 13, 2026
Vestine wo mu itsinda ‘Vestine&Dorcas yibarutse imfura
Imyidagaduro

Vestine wo mu itsinda ‘Vestine&Dorcas yibarutse imfura

by Alex RUKUNDO
May 12, 2026
Yatse gatanya nyuma y’igihe gito akoze ubukwe
Mu mahanga

Yatse gatanya nyuma y’igihe gito akoze ubukwe

by MUNYANKINDI Alphonse
May 12, 2026
“Sinshobora kongera gukorana na Dre Cali” – Ykee Benda
Imyidagaduro

“Sinshobora kongera gukorana na Dre Cali” – Ykee Benda

by Alex RUKUNDO
May 12, 2026

Stay Connected

Popular Post

    YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD
    ADVERTISEMENT
    Impinga Media

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    Navigate Site

    • AHABANZA
    • UBWANDITSI
    • KWAMAMAZA
    • AMATEGEKO

    Follow Us

    No Result
    View All Result
    • AHABANZA
    • Imyidagaduro
      • Imikino
      • Sinema
      • Ibirori & Muzika
    • Ikoranabuhanga
    • Ubuzima
    • Ubukungu
    • IBINDI
      • Biravugwa
      • Inkuru z’amashusho
      • Inkuru Ndende
      • Impinga Quiz & Survey
      • Utuntu n’utundi

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.