• AHABANZA
  • UBWANDITSI
  • KWAMAMAZA
  • AMATEGEKO
Thursday, May 14, 2026
Impinga Media
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
No Result
View All Result
Impinga Media
  • Inkuru Nyamukuru
  • Imyidagaduro
  • Ikoranabuhanga
  • Ibirori
Home Imyidagaduro

Maro yashimiye Daddy Andre wamufashije kumenyekana mu muziki

Alex RUKUNDO by Alex RUKUNDO
April 27, 2026
Reading Time: 1 min read
A A

Maro yavuze ko Daddy Andre yamufashije kuzamura umuziki igihe yari mu ntangiriro, ati: “Ni we washyigikiye cyane mbere y’uko menyekanya.”

Mu kiganiro yagiranye n’umwe mu ba YouTuber, Maro yasobanuye uko urugendo rwe rwahuriranye na Daddy Andre mbere y’uko bombi bamenyekana.

Maro yavuze ko icyo gihe yari asanzwe akora umuziki ndetse anatunganya amashusho (video production), ibintu byatumye ahura na Andre binyuze ku muvandimwe we mukuru witwaga OJ.

Yavuze ko OJ yari umuhanga mu gutunganya amashusho, kandi icyo gihe namufashaga mugutunganya video. Ni muri ubwo buryo, Daddy Ndre yaje kumenya indirimbo za Maro, ahita azikunda cyane.

Yagize ati: “Nari mukuru muri bo, tujya guhura byanyuze ku muvandimwe we witwaga OJ wakoraga video, kandi nanjye icyo gihe ni byo nakoraga. Yajyaga afasha muri editing, Andre yumvise indirimbo yanjye arayikunda n’uko ayijyan ku mu-producer witwa Dre.”

Maro yakomeje avuga ko uwo mu-producer yongeye gutunganya iyo ndirimbo, ayihindurira beat, asaba Daddy Andre kuza kuyinyumvisha.

Ati: “Dre yakoze remix ya beat, abwira Andre ngo aze anyumvishe hanyuma nsubiremo iyo ndirimbo gendeye kuri iyo beat. Andre ni we watumye mbona breakthrough.”

Iyo ndirimbo ni Tonelaga, Maro yaje gusubiramo afatanyije n’inshuti ze barimo Empress, ibintu byahinduye cyane urugendo rwe mu muziki.

Yavuze ko nyuma yo kuyisubiramo, indirimbo yakunzwe cyane ku rwego rwo hejuru. Ati: “Twayisubiyemo, irakundwa cyane, ikwira hose.”

Maro ashimangira ko urukundo Daddy Andre yagiriye iyo ndirimbo ndetse n’imbaraga yashyizeho kugira ngo igere ku mu-producer ko ari byo byagize uruhare runini mu kumenyekana, ashimangira ko iyo atamufasha, aba ataramutse vuba nk’uko byagenze.

Previous Post

DC Clement mu marira imbere y’urukiko: yasabye kurekurwa by’agateganyo

Next Post

David Lutalo yahishuye ko hari abashatse kumwanduza VIH

Alex RUKUNDO

Alex RUKUNDO

IZINDI NKURU WASOMA

Vestine wo mu itsinda ‘Vestine&Dorcas yibarutse imfura

Vestine wo mu itsinda ‘Vestine&Dorcas yibarutse imfura

by Alex RUKUNDO
2 days ago

Ishimwe Vestine wo mu itsinda rya ‘Vestine&Dorcas’ yibarutse imfura. Uyu mugore yabyariye mu Mujyi wa Vancouver aho amaze igihe atuye...

“Sinshobora kongera gukorana na Dre Cali” – Ykee Benda

“Sinshobora kongera gukorana na Dre Cali” – Ykee Benda

by Alex RUKUNDO
2 days ago

Ykee Benda yatangaje ko nta gahunda afite yo kogera gukorana na Dre Cali wahoze abarizwa mu itsinda rya Mpaka Records,...

Dance Mamweeta agiye guhuriza abakunzi b’imbyino

Dance Mamweeta agiye guhuriza abakunzi b’imbyino

by MUNYANKINDI Alphonse
2 days ago

Abakunzi b’imbyino n’umuco wo kwidagadura muri Kampala bari kwitegura kimwe mu bikorwa bikomeye by’urubyiruko bizaba muri uku kwezi kwa Gicurasi,...

Next Post
David Lutalo yahishuye ko hari abashatse kumwanduza VIH

David Lutalo yahishuye ko hari abashatse kumwanduza VIH

“Na n’ubu sindumva icyantandukanyije na Nandor Love” – Jowy Landa

“Na n’ubu sindumva icyantandukanyije na Nandor Love” - Jowy Landa

Prosper Nkomezi n’umugore we bakiriwe mu itorero muri Amerika

Prosper Nkomezi n’umugore we bakiriwe mu itorero muri Amerika

Imanizabayo yanditse amateka muri Afurika
Imikino

Imanizabayo yanditse amateka muri Afurika

by MUNYANKINDI Alphonse
May 13, 2026
Vestine wo mu itsinda ‘Vestine&Dorcas yibarutse imfura
Imyidagaduro

Vestine wo mu itsinda ‘Vestine&Dorcas yibarutse imfura

by Alex RUKUNDO
May 12, 2026
Yatse gatanya nyuma y’igihe gito akoze ubukwe
Mu mahanga

Yatse gatanya nyuma y’igihe gito akoze ubukwe

by MUNYANKINDI Alphonse
May 12, 2026
“Sinshobora kongera gukorana na Dre Cali” – Ykee Benda
Imyidagaduro

“Sinshobora kongera gukorana na Dre Cali” – Ykee Benda

by Alex RUKUNDO
May 12, 2026

Stay Connected

Popular Post

    YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD
    ADVERTISEMENT
    Impinga Media

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    Navigate Site

    • AHABANZA
    • UBWANDITSI
    • KWAMAMAZA
    • AMATEGEKO

    Follow Us

    No Result
    View All Result
    • AHABANZA
    • Imyidagaduro
      • Imikino
      • Sinema
      • Ibirori & Muzika
    • Ikoranabuhanga
    • Ubuzima
    • Ubukungu
    • IBINDI
      • Biravugwa
      • Inkuru z’amashusho
      • Inkuru Ndende
      • Impinga Quiz & Survey
      • Utuntu n’utundi

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.