Umuhanzi Kabako yavuze impamvu yahisemo gushyira umuziki we ku mbuga za Sheebah Karungi, mu gihe hari gukomeza impaka zishingiye ku burenganzira bw’umuziki (copyright) hagati ya Sheebah na TNS. Kabako yavuze ko atabikoze ku bw’impanuka. Yabitekerejeho neza.Ati: “Sheebah afite...
Vinka yagize icyo avuga ku makimbirane amaze igihe avugwa hagati ya Spice Diana na Sheebah Karungi , aho yabasabye kureba uko bayakemura mu bwumvikane ubwabo bitarindiriye kujya mu ruhame. Mu kiganiro yangiranye na Sanyuka Tv, Vinka yavuze ko...
Perezida wa Uganda, Yoweri Museveni, yashyize umukono ku itegeko rishya rigenga uburenganzira ku bihangano n’ibyabyo (Copyright and Neighbouring Rights (Amendment) Act, 2026), rigamije kuvugurura no guteza imbere urwego rw’ubuhanzi muri icyo gihugu. Iri tegeko rishya rije rikomeza kurinda...
Umuhanzikazi Sheebah Karungi yongeye kujyanwa mu rukiko mu kindi gice gishya cy’amakimbirane amaze igihe hagati ye n’aho yahoze abarizwa mu muziki, Team No Sleep Entertainment (TNS), ku bijyanye n’uburenganzira ku bihangano (copyright). Iki kirego gishya kigaragaza ko amakimbirane...
Sheilah Gashumba yatangaje ko inkuru zimuvugwaho ko yaba atwite inda ya mezi atatu ari ibinyoma, avuga ko ubwo yari TikTok Live ibyo yavuze yari agamije gutera urwenya gusa. Mu minsi ishize, Sheilah yakunze kugaragara mu ruhame ari kumwe...
Amakimbirane amaze igihe hagati y’abahanzikazi, Sheebah Karungi na mugenzi we Spice Diana, kimwe no kutumvikana hagati mu bafana babo, bisa n’aho aya makimbirane atazarangira vuba, hashingiwe ku magambo Sheebah Karungi yavuze. Mu mashusho yafashwe muri podcast ye, Sheebah...
Urubanza ruregwamo Uzabakiriho Cyprien uzwi nka Djihad, hamwe na bagenzi be batatu, ruri kongera kuburanishwa mu Rukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge nyuma yo kujuririra igihano cy’igifungo cy’imyaka itatu n’ihazabu ya miliyoni 3 Frw buri umwe yakatiwe. Abaregwa barimo Ishimwe...
Joshua Baraka yatanze ibisobanuro byimbitse ku itandukaniro riri hagati y’isoko ry’umuziki wo muri Afurika y’Iburasirazuba n’amasoko yateye imbere mu bucuruzi bw’umuziki nka Nigeria. Mu kiganiro yagiranye na podcast ya Afrobeats Intelligence iyobowe na Joey Akan ku bufatanye na...
Umuraperi Megan Thee Stallion wo muri Amerika, wamamaye mu ndirimbo nka ‘Savage yatangaje ko yahagaritse gukina mu ikinamico ya Muzika Moulin Rouge! The Musical mbere y’igihe cyari cyitezwe. Thee Stallion yari yagombaga yagombaga gukina muri iyi kinamico ku...
Jowy landa yatangaje ko agiye gutangira icyiciro gishya mu muziki, yiyemeje kurekera gukora indirimbo zirimo amagambo y’ubusambanyi ndetse no gukora amashusho atamuhesha icyubahiro. Mu kiganiro yagiranye na Mr Henrie kuri NRG Ignition, Jowy yasubije abibazaga uburyo yandikagamo amagambo...