Abahanzi barimo Vyper Ranking, Omega 256 na Michelle Kyalisiima, hamwe n’abandi, bashyize hanze amashusho y’indirimbo zabo nshya, aho tugiye kugaruka muri zimwe muri zo ndirimbo muri iyi nkuru. Ononzitamu Omuntu – Vyper Ranking Impano ya Vyper Ranking ntijya...
Umuhanzikazi Goddess Sifaya ni umwe mu bahanzi bahindutse mu buryo bugaragara mu muziki wa Caribbean. Uyu muhanzikazi wahoze azwi nka Ms. Ravish yubatse izina mu njyana ya Dancehall, ariko nyuma aza guhindura inzira ajyana umuziki we mu murongo...
Umuhanzi ukiri kuzamuka Xkolie, amazina ye nyakuri akaba Sunday James, ari mu bahanzi bashya bari kugenda bagaragaza impano mu muziki wa Nigeria. Yavukiye mu Ntara ya Kogi State ku itariki ya 2 Gashyantare 2001, mu gace ka Ogori/Magongo....
Pasika ni umwe mu minsi mikuru ikomeye cyane mu myemerere ya gikristo ku isi. Uyu munsi wizihizwa mu rwego rwo kwibuka izuka rya Yezu Kristu, Abakristo bemera ko yazutse nyuma yo kubambwa no gupfa ku musaraba. Inkomoko ya...
Mu gihe abantu bari kwitegura kwizihiza Umunsi Mukuru wa Pasika, abahanzi barimo Bruce Melodie, Yampano, Ben & Chance, Papi Clever & Dorcas bashyize hanze indirimbo nshya nk’impano y’umunsi mukuru. Mu bashyize hanze indirimbo nshya higajemo abakora izo kuramya...
Umuraperi w’icyamamare ku rwego mpuzamahanga Rick Ross avuga ko igihe cy’umuziki wa Afurika ku rwego rw’isi cyageze, ashimangira ko injyana nka Afrobeats iri guhindura isura y’umuziki ku isi hose. Mu kiganiro yagiranye n’umunyamakuru Lamide Akintobi i Miami, Rick...
Umunyarwanda Tuma Basa yasezeye kuri YouTube yagezemo mu 2018 ayobora igice cya ‘Urban Music’ ubu akaba akuriye icya ‘Black Music & Culture’. Ubwo yasezeraga kuri YouTube, Tuma Basa wari umaze imyaka umunani akorera uru rubuga, yagize ati “Nyuma...
Agahinda k’abahanzikazi bo muri Uganda bakomeje kwitotombera ihohoterwa bakorerwa n’abafana mu bitaramo bitandukanye, kongeye kuzamurwa n’umufana wasomeye Winnie Nwangi mu ruhame. Winnie Nwangi yabaye umuhanzikazi wa kabiri utatse iri hohoterwa nyuma y’uko mu minsi ishize umufana akubise Tracy...
Nyuma y’ibyumweru bike umuraperi w’Umunyamerika Sean Combs, uzwi ku mazina nka “Diddy” yagabanyirijweho amezi abiri ku gifungo yari yakatiwe, itariki azafungurirwaho yongeye guhinduka yigizwa imbere. Uyu muraperi w’icyamamare ari mu gihano yakatiwe cyo gufungwa imyaka ine n’amezi abiri....
Umunyapolitiki wo muri Uganda Mubarak Munyagwa yinjiriye mu mpaka zimaze iminsi hagati y’abahanzi Pallaso na King Saha, avuga ko abo bombi batakwiye kugereranywa kuko Pallaso ari ku rundi rwego. Munyagwa yabitangaje mu kiganiro yagiranye na Sanyuka TV, aho...