• AHABANZA
  • UBWANDITSI
  • KWAMAMAZA
  • AMATEGEKO
Thursday, May 14, 2026
Impinga Media
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
No Result
View All Result
Impinga Media
  • Inkuru Nyamukuru
  • Imyidagaduro
  • Ikoranabuhanga
  • Ibirori
Home Imyidagaduro

“Na n’ubu sindumva icyantandukanyije na Nandor Love” – Jowy Landa

Alex RUKUNDO by Alex RUKUNDO
April 28, 2026
Reading Time: 1 min read
A A

Jowy Landa yaciye amarenga ko umubano we na Nandor Love utameze neza, avuga ko ubucuti bwa hafi bigeze kugirana bwahindutse ku buryo bimubabaza kugeza n’ubu akaba atarasobanukirwa impamvu yabyo.

Mu kiganiro yagiranye na Mr Henrie kuri NRG Ignition, Jowy yavuze ko mu ntangiriro atigeze aha agaciro ayo makimbirane, nubwo Nandor Love yatangiye kumwibasira ku rubuga rwa TikTok.

Yagize ati: “Nari nkiri mu rugo ndyamye, umuntu arampamagara ambwira ko yanshyize kuri TikTok. Avuga ngo ‘Bayuda Tuyita Nabo’, nuko noherereza link manager wanjye na we arambaza ati: “Byagenze gute?’ ariko nanjye mu by’ukuri nta gisubizo nari mfite.”

Nubwo abantu benshi batangiye ku byibazaho ndetse hagasoka n’indirimbo imwibasira, Jowy yahisemo guceceka, nubwo yakiraga amatelefoni menshi yamubazaga kuri ibyo, barimo n’abari mu buyobozi bwa Nandor Love.

Ibintu byaje gufata indi ntera ubwo Nandor Love yagaragaraga kuri TikTok Live ari kumwe na Black Shuga, aho bivugwa ko bamutukiye mu ruhame.

Jowy yavuze ko icyo gihe ari bwo yamenye ko ari umuntu ukomeye, ati: “Bagerageje kuntesha agaciro, ari nab wo namenye ko ndi umuntu ukomeye. Tekereza abantu babiri bicaye kuri Live baganira kuri wowe.”

Avuga ko ibyo byamubabaje umutima cyane, cyane ko mbere bari bafitanye umubano ukomeye. Yasobanuye ko Nandor Love yamufataga nk’umuvandimwe, kandi ko yajyaga arwanirira kenshi mu ruhame ahsaka kuregera ybucuti bwabo.

Ati: “Yari n’umuvandimwe wanjye. Si nari nzi ko ari umuntu umeze atyo, byanteye kwibaza icyamuhinduye. Narababaye cyane.”

Uyu muhanzikazi yashimangiye ko ashyira imbere kuregera abandi bagore aho kubasebya cyagwa kubasenya, yibutsa ko bafashanyaga mu bihe bitandukanye.

Ati: “Ndi umuntu mukuru nfite imitekerereze ikuze, sintesha agaciro abagore ‘oya’, cyane ko twigeze gufashanya.”

Kugeza ubu, Jowy avuga ko atazi icyateye gutandukana kw aba bombi, ariko akemeza ko agifite urukundo muri we.

Ati: “Ndacyamukunda, ni mushiki wanjye. Aho uri hose, ibyo si byo. Ntibikwiriye gukora ibintu nk’ibyo.”

Previous Post

David Lutalo yahishuye ko hari abashatse kumwanduza VIH

Next Post

Prosper Nkomezi n’umugore we bakiriwe mu itorero muri Amerika

Alex RUKUNDO

Alex RUKUNDO

IZINDI NKURU WASOMA

Vestine wo mu itsinda ‘Vestine&Dorcas yibarutse imfura

Vestine wo mu itsinda ‘Vestine&Dorcas yibarutse imfura

by Alex RUKUNDO
2 days ago

Ishimwe Vestine wo mu itsinda rya ‘Vestine&Dorcas’ yibarutse imfura. Uyu mugore yabyariye mu Mujyi wa Vancouver aho amaze igihe atuye...

“Sinshobora kongera gukorana na Dre Cali” – Ykee Benda

“Sinshobora kongera gukorana na Dre Cali” – Ykee Benda

by Alex RUKUNDO
2 days ago

Ykee Benda yatangaje ko nta gahunda afite yo kogera gukorana na Dre Cali wahoze abarizwa mu itsinda rya Mpaka Records,...

Dance Mamweeta agiye guhuriza abakunzi b’imbyino

Dance Mamweeta agiye guhuriza abakunzi b’imbyino

by MUNYANKINDI Alphonse
2 days ago

Abakunzi b’imbyino n’umuco wo kwidagadura muri Kampala bari kwitegura kimwe mu bikorwa bikomeye by’urubyiruko bizaba muri uku kwezi kwa Gicurasi,...

Next Post
Prosper Nkomezi n’umugore we bakiriwe mu itorero muri Amerika

Prosper Nkomezi n’umugore we bakiriwe mu itorero muri Amerika

Sheebah Karungi yatangaje ko agiye kuvugira abagore bakorerwa ihohoterwa

Sheebah Karungi yatangaje ko agiye kuvugira abagore bakorerwa ihohoterwa

Chris Brown yibarutse umwana w’umuhungu

Chris Brown yibarutse umwana w'umuhungu

Imanizabayo yanditse amateka muri Afurika
Imikino

Imanizabayo yanditse amateka muri Afurika

by MUNYANKINDI Alphonse
May 13, 2026
Vestine wo mu itsinda ‘Vestine&Dorcas yibarutse imfura
Imyidagaduro

Vestine wo mu itsinda ‘Vestine&Dorcas yibarutse imfura

by Alex RUKUNDO
May 12, 2026
Yatse gatanya nyuma y’igihe gito akoze ubukwe
Mu mahanga

Yatse gatanya nyuma y’igihe gito akoze ubukwe

by MUNYANKINDI Alphonse
May 12, 2026
“Sinshobora kongera gukorana na Dre Cali” – Ykee Benda
Imyidagaduro

“Sinshobora kongera gukorana na Dre Cali” – Ykee Benda

by Alex RUKUNDO
May 12, 2026

Stay Connected

Popular Post

    YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD
    ADVERTISEMENT
    Impinga Media

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    Navigate Site

    • AHABANZA
    • UBWANDITSI
    • KWAMAMAZA
    • AMATEGEKO

    Follow Us

    No Result
    View All Result
    • AHABANZA
    • Imyidagaduro
      • Imikino
      • Sinema
      • Ibirori & Muzika
    • Ikoranabuhanga
    • Ubuzima
    • Ubukungu
    • IBINDI
      • Biravugwa
      • Inkuru z’amashusho
      • Inkuru Ndende
      • Impinga Quiz & Survey
      • Utuntu n’utundi

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.