Umunyarwanda ukizamuka Elvin Cena akomeje kwandika amateka mashya mu muziki mpuzamahanga nyuma y’uko indirimbo ye “Let Me Be” yisanze ku mwanya wa mbere ku rutonde rwa Billboard mu ndirimbo za Afrobeat zikunzwe cyane muri Leta Zunze Ubumwe za...
Urukiko rw’ibanze rwa Kicukiro rwategetse ko Eric Semuhungu afungwa iminsi 30 y’agateganyo mu gihe iperereza ku byaha akurikiranyweho rikomeje. Iki cyemezo cyasomwe ku wa Mbere, tariki ya 4 Gicurasi 2026, nyuma y’urubanza rwabereye mu muhezo ku wa 28...
Ykee Benda yasangije abakunzi be uko urugo rwe rumeze, yagarutse ku mahamwe y’ingenzi abagabo bakwiye kugenderaho kugira ngo bagire urugo rwiza kandi ruhamye. Mu kiganiro cyatambutse kuri YouTube (podacast), Benda yavuze ko abagore ari “izambya zoroshye,” mbere yo gusobanura...
Charles Peter Mayiga, Katikkiro w’Ubwami bwa Buganda Kingdom, yatanze ubutumwa bwatekerezwagaho cyane bugenewe abahanzi bo muri Uganda ku bijyanye no kwivanga muri politiki. Mu byo yatangaje, yashimangiye ko abahanzi bagomba gufata umuziki nk’umwuga wabo nyakuri, agaragaza ko kimwe...
Joshua Baraka yatangaje ko yahinduye imikoranire n’itsinda ryamucungiraga ibikorwa, ryari rigizwe na Joseph Maloba (Lobster) na Sesse Nation, mbere y’uko atangira ibitaramo bye muri Canad na Austealia. Mu minsi yashize hagiye havugwa amakuru avuga ko Joshua Baraka yatandukanye...
Umuhanzi Vinka yavuze ku bahanzi b’abagore batatu bamugizeho ingaruka zikomeye mu rugendo rwe rwa muzika, avuga ko bamwigishije byinshi ku buhanga, kwihangana no gukomeza imbere. Ku mwanya wa mbere yashyize Iryn Namubiru, ashimira ijwi rye rikomeye n’ubuhanga bwo...
Mu gihe isi iri kugenda irushaho gukoresha ikoranabuhanga, umuhanzi Christopher Meneza yagaragaje ko na Kiliziya Gatorika mu Rwanda ikwiye kugendana n’izo mpinduka, igashyiraha uburyo bugezweho bwo korohereza abakristu. Ibi yabigarutseho ku wa 1 Gicurasi 2026, mu kiganiro “Catholic...
Urubanza ruregwamo Chris Brownn’uwahoze ari umukozi wo mu rugo rwe, Maria Avila, ruri gufata indi ntera aho zombie zitari kumvikana ku kubimenyetso bigomba kwemerwa mu rukiko. Maria Avila arasaba uburenganzira bwo kwerekana amafoto agaragaza ibikomere bikabije avuga ko...
Impeshyi ya 2026 izaba igihe gikomeye cyane ku bakunda sinema ku isi hose. Ni igihe filime nshya zisohoka zikurura abantu benshi, ziva ku nkuru z’urukundo, iz’ubwoba, iz’amateka n’iz’ubuzima busanzwe. Nk'uko bitangazwa na Rolling Stone, impeshyi ya 2026 izaba...
Umuhanzi Jason Derulo ari mu manza mu rukiko i Los Angeles, aho aregwa kwima umucuranzi we, Matthew Spatola uburenganzira ku ndirimbo yakunzwe cyane ku isi, Savage Love. Mu buhamya bwe, Derulo yabwiye urukiko ko Spatola nta ruhare yagize...