Abahanzi bakomeye mu Karere ka Afurika y’Iburasirazuba, barimo Harmonize ndetse n’itsinda rya Good Lyfe, bifatanyije n’u Rwanda n’Isi muri iki gihe cyo Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Uyu muhanzi w’Umunya-Tanzania, Harmonize, yagaragaje ko...
Umuhanzi Ndayishimiye Musinga Joseph uzwi nka Musinga Joe, yashyize hanze indirimbo nshya yise “Agakanzu ka Murerwa”, igaruka ku mateka yihariye y’uburyo ababyeyi bifashishije ubwenge bagakiza abana babo b'abahungu muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Iyi ndirimbo nshya "Agakanzi...
Mu gihe u Rwanda riri mu bihe byo Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, umuhanzikazi Bwiza yacyebuye urubyiruko arusaba kumva ko ibi bihe atari iby’ikiruhuko cyangwa guceceka ku mbuga nkoranyambaga, ahubwo ari umwanya wo...
Mu gihe u Rwanda n’Isi bakomeje Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, abahanzi bakomeye mu Karere ka Afurika y’Iburasirazuba barimo Harmonize wo muri Tanzania ndetse n’itsinda rya Good Lyfe ryo muri Uganda bagaragaje ko...
Mu gihe u Rwanda rwatangiye Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, umunyamideli Kate Bashabe yavuze ko nubwo hashize imyaka myinshi, uburibwe n’ibikomere Jenoside yasize bikiri mu mitima ya benshi. Yashimangiye ko Kwibuka ari ingenzi...
Mu gihe u Rwanda n’Isi muri rusange bakomeje kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, umuhanzi Munyanshoza Dieudonné uzwi nka Mibirizi yagarutse ku bubyimba ndengakamere bwagaragaye mu gihe cya Jenoside. Yavuze ko mu gace akomokamo...
Munyanshoza Dieudonne uzwi cyane nka Mibirizi, ni umwe mu bahanzi bafite izina rikomeye mu muziki nyarwanda, by’umwihariko mu ndirimbo zafashije Abanyarwanda mu rugendo rwo kwiyubaka no gukira ibikomere byatewe na Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Uretse kuba umuhanzi,...
Umuhanzi Senderi Hit uzwi mu ndirimbo zigisha uburere mboneragihugu n’izijyanye no Kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi, yongeye gusubiramo indirimbo ze ebyiri “Nyarubuye Nziza Twibuke” na “Guhanga si Uguhaga” nyuma y’imyaka irenga 20 azikoze. Uyu muhanzi yavuze ko icyamuteye kongera...
Umuhanzi w’icyamamare mu Karere ka Afurika y’Iburasirazuba, Jose Chameleone, yifatanyije n’Abanyarwanda n’Isi muri rusange mu gihe cyo Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Uyu muhanzi w’umunya-Uganda yagaragaje ubutumwa bwo kwifatanya n’Abanyarwanda abinyujije ku rukuta...
Umuhanzi Dax Vibez yateye utwatsi ibihuha byamwitiriwe byavugaga ko Joshua Baraka na Eddy Kenzo badafasha abahanzi ba Uganda mu buryo bwo guhabwa amahirwe n’amikoranire mpuzamahanga. Mu kwisobanura kwe, Dax Vibez yavuze ko ikibazo yabajijwe mu kiganiro, n’ikibazo cyabazaga...