• AHABANZA
  • UBWANDITSI
  • KWAMAMAZA
  • AMATEGEKO
Tuesday, July 28, 2026
Impinga Media
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
No Result
View All Result
Impinga Media
  • Inkuru Nyamukuru
  • Imyidagaduro
  • Ikoranabuhanga
  • Ibirori
Home Imyidagaduro

Sheebah Karungi yongeye kwibasira Spice Diana

Alex RUKUNDO by Alex RUKUNDO
April 30, 2026
Reading Time: 1 min read
A A

Amakimbirane amaze igihe hagati y’abahanzikazi, Sheebah Karungi na mugenzi we Spice Diana, kimwe no kutumvikana hagati mu bafana babo, bisa n’aho aya makimbirane atazarangira vuba, hashingiwe ku magambo Sheebah Karungi yavuze.

Mu mashusho yafashwe muri podcast ye, Sheebah yumvikanye anenga Spice Diana, avuga ko akwiye kunyurwa n’imigisha afite aho guhora arebera ku y’abandi.

Amwe muri ayo mashusho ari gukwirakwizwa ku mbuga nkoranyambaga, Sheebah avug a ko Spice Diana yuzuye ishyari riterwa no kwifuza imigisha y’abandi, bityo bikamutera kutishimira ibyo afite ubwe.

Yagize ati: “Spice Diana, Imana yaguhaye umugisha. Ukwiye kunyurwa n’imigisha yawe. Rekera kugirira ishyari abandi. Va ku migisha yanjye, va ku migisha y’abandi, kuko iyo ugiriye ishyari imigisha y’abandi, usaga wibagiwe uwawe, kandi kugira ishyari bitera urwangano.”

Sheebah, yahoze abarizwa muri Team No Sleep, yakomeje avuga ko Spice Diana akwiye gusobanukirwa ko buri wese agira igihe cye cyo kugera ku ntsinzi, kandi ko amahirwe, umugisha  bitangana.

Yagize ati: “Ni ishyari. Nanjye navukanye iryo shyari, ariko uko ugenda usobanukirwa ko ari igihe cy’undi muntu, hari gihe umara imyaka 20 ushakisha ariko bikanga, hanyuma bikaza mu myak ibiri gusa, icyo gihe nibwo usobanukirwa umugisha wawe.”

Yashoje ashimangira ko buri muntu afite umugisha we bwite, kandi ko nta mpamvu yo kwifuza cyagwa kugirira ishyari iby’abandi bafite, ahubwo ko ubakwiye guhaguruka ugakora cyane na we ukabigeraho.

Previous Post

Djihad na bagenzi be bagiye kwisobanura mu bujurire

Next Post

Sheilah Gashumba yahakanye amakuru avuga ko yaba atwite

Alex RUKUNDO

Alex RUKUNDO

IZINDI NKURU WASOMA

DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice

DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice

by MUNYANKINDI Alphonse
2 months ago

Shema Arnaud de Bosscher wamamaye nka DJ Toxxyk yakatiwe n’Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge igifungo cy’umwaka n’amezi atandatu ndetse anacibwa ihazabu...

Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi

Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi

by MUNYANKINDI Alphonse
2 months ago

Umuhanzikazi w’icyamamare Shakira yatangaje ko yatumiye itsinda rya Ghetto Kids kuzataramana na we mu birori byo hagati mu mukino wa...

Spice Diana Yongeye gukorana na Selecta Rizzon

Spice Diana Yongeye gukorana na Selecta Rizzon

by MUNYANKINDI Alphonse
2 months ago

Umuhanzikazi wo muri Uganda Spice Diana yongeye kuvugisha abakunzi b’umuziki nyuma y’amakuru avuga ko yongereye Selecta Rizzon mu ikipe imufasha...

Next Post
Sheilah Gashumba yahakanye amakuru avuga ko yaba atwite

Sheilah Gashumba yahakanye amakuru avuga ko yaba atwite

Shebab Karungi yajyanywe mu nkiko

Shebab Karungi yajyanywe mu nkiko

Uganda yatangije gahunda yo gukoresha ikoranabuhanga rikurikirana ikoreshwa ry’umuziki

Uganda yatangije gahunda yo gukoresha ikoranabuhanga rikurikirana ikoreshwa ry'umuziki

Les médias appelés à changer leur regard sur les violences basées sur le genre
Inkuru Nyamukuru

Les médias appelés à changer leur regard sur les violences basées sur le genre

by MUNYANKINDI Alphonse
June 23, 2026
“Mfite ibitsina gore bibiri”: Ubuzima bukomeye bwa Abigael bwakoze benshi ku mutima
Mu mahanga

“Mfite ibitsina gore bibiri”: Ubuzima bukomeye bwa Abigael bwakoze benshi ku mutima

by MUNYANKINDI Alphonse
May 23, 2026
DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice
Imyidagaduro

DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice

by MUNYANKINDI Alphonse
May 23, 2026
Aston Villa Yegukanye Europa League
Imikino

Aston Villa Yegukanye Europa League

by MUNYANKINDI Alphonse
May 21, 2026

Stay Connected

Popular Post

    YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD
    ADVERTISEMENT
    Impinga Media

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    Navigate Site

    • AHABANZA
    • UBWANDITSI
    • KWAMAMAZA
    • AMATEGEKO

    Follow Us

    No Result
    View All Result
    • AHABANZA
    • Imyidagaduro
      • Imikino
      • Sinema
      • Ibirori & Muzika
    • Ikoranabuhanga
    • Ubuzima
    • Ubukungu
    • IBINDI
      • Biravugwa
      • Inkuru z’amashusho
      • Inkuru Ndende
      • Impinga Quiz & Survey
      • Utuntu n’utundi

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.