Umuhanzi w’injyana ya Reggae na Dancehall, Sama Sojah, uherutse gutumirwa mu kiganiro NRG Ignition kiyobowe na Mr. Henrie, yatangaje impamvu atekereza ko ataraba umwe mu bahanzi bakunzwe cyane muri Uganda. Yavuze ko kuba ataragira izina rikomeye mu muziki...
Mu gihe umuziki wo mu Karere ka Afurika y’Iburasirazuba ukomeje gutera imbere binyuze mu bufatanye bwambukiranya imipaka, abahanzi bakomeye The Ben na Diamond Platnumz bagiye kongera guhurira ku rubyiniro rumwe mu gitaramo giteganyijwe muri Uganda. Aba bahanzi bazataramira...
Umunyarwenyakazi Anne Kansiime yatangaje ko atishimira uko uruganda rw’imyidagaduro muri Uganda rumufata, akaba yanenze inzego zitandukanye n’ibigo, aho yavuze ko basaha agaciro ibikorwa bye by’urwenya. Mu kiganiro yagiranye na Cruz Exclusive kuri YouTube Channel, Kansiime yavuze ko nubwo...
Umuhanzi w’icyamamare muri Afurika y’Iburasirazuba, Alikiba, yifatanyije n’Abanyarwanda mu gihe cy’ikorwa rya Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, asaba ko amateka mabi atazongera kwisubiramo ukundi. Uyu muhanzi ukomoka muri Tanzania, usanzwe ufite abakunzi benshi...
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwataye muri yombi Eric Semuhungu gusa ibyo akekwaho ntibyatangajwe kuko bishobora kubangamira iperereza. Umuvugizi wa RIB, Dr. Murangira B. Thierry, yagize ati: “Eric Sebuhungu yarafshwe. Ariko ntakindi dushobota gutanga kugira ngo bitabangamira iperereza. Ibyo...
Umuhanzikazi Spice Diane, yashimangiye akamaro k’uburezi mu bahanzi, yagaragaje ko bumufasha mu mwuga we wa muziki. Mu kiganiro “Bold Women” cyatambutse kuri NTV Uganda, Spice Diana yavuze uburyo ahuza amasomo n’umuziki, yanagaragaje ko uburezi bugira uruhare rukomeye mu...
Filime “Ben’Imana” y’umunyarwandakazi Dusabejambo Marie-Clémentine ikomeje kuvugisha benshi mu bakunzi ba sinema, nyuma yo gutoranywa mu cyiciro cya “Un Certain Regard” mu iserukiramuco rikomeye ku Isi rya sinema, Cannes Film Festival 2026. Iyi filime igaruka ku mateka ya...
Mu gihe u Rwanda n’inshuti zarwo bari mu bihe byo Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, umusizi akaba n’umwanditsi w’indirimbo Rumaga yagaragaje ko ubuhanzi bukwiye kugira uruhare rukomeye mu gushimangira ubudaheranwa no kubaka ubumwe...
Kureba filime zivuga ku mateka ya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 ni uburyo bwo kwibuka, kwiga no kurinda ukuri. Izi filime zatoranyijwe na impinga.rw ziboneka kuri YouTube kandi zifasha urubyiruko kumva amateka no kurushaho gusigasira ubumwe bw’Abanyarwanda. Dreams...
Mu Rwanda hose, uko ukwezi kwa Mata gutangiye, amajwi yumvikana kuri radiyo na televiziyo arahita ahinduka. Indirimbo zisanzwe zishimisha abantu zisimburwa n’izituje, ziganisha ku kwibuka no gutekereza ku mateka. Ku Banyarwanda benshi, iri hinduka ni ikimenyetso cy’igihe cyo...