Ishimwe Vestine wo mu itsinda rya ‘Vestine&Dorcas’ yibarutse imfura. Uyu mugore yabyariye mu Mujyi wa Vancouver aho amaze igihe atuye kuva yasigara muri Canada mu mpera z’umwaka ushize ubwo we na mugenzi basozaga ibitaramo bari bahafite. Amakuru yizewe...
Ykee Benda yatangaje ko nta gahunda afite yo kogera gukorana na Dre Cali wahoze abarizwa mu itsinda rya Mpaka Records, ibi abitangaje nyuma y’uko umubano w aba bombi ujemo agatotsi. Mu kiganiro cyatambutse kuri NOW Media Ug, Ykee...
Abakunzi b’imbyino n’umuco wo kwidagadura muri Kampala bari kwitegura kimwe mu bikorwa bikomeye by’urubyiruko bizaba muri uku kwezi kwa Gicurasi, aho gahunda yiswe “Own The Floor Dance Camp 2026” igiye kongera kubera muri uyu mujyi. Iyi gahunda yashinzwe...
Miley Cyrus agiye guhabwa inyenyeri kuri Hollywood Walk of Fame mu muhango uteganyijwe ku wa 22 Gicurasi 2026 i Los Angeles, ibintu bimushyira mu mateka y’abahanzi bageze kuri uru rwego rwo hejuru mu myidagaduro ya Hollywood. Uyu muhango...
Uyu munsi imyaka 45 irashize icyamamare cya reggae Bob Marley cyitabye Imana, ariko amateka n’umuziki we biracyakora ku mitima ya benshi ku isi. Nubwo Bob Marley azwi cyane kubera indirimbo ze zakunzwe nka “One Love” na “No Woman,...
AMVCA 2026 yasize benshi batunguwe n’imyambarire idasanzwe, amarangamutima n’udushya twaranze tapis itukura muri Nigeria. Ibirori bya Africa Magic Viewers' Choice Awards byabereye i Lagos muri Nigeria byongeye kwigaragaza nk’ihuriro rikomeye rya sinema n’imideli muri Afurika. Abahanzi, abakora filime...
Umuhanzikazi Nyarwanda wamamaye mu njyana ya Pop, Afro-pop na Soul, Shengero Aline Sano wamenyekanye nka Alyn Sano yashyize hanze mu buryo bw’amajwi n’amashusho indirimbo nshya yise "Ntibikunda." Ni indirimbo yagiye hanze kuri uyu wa Mbere, tariki ya 11...
Itsinda ry’abahanzi n’abatunganya umuziki ryitwa +250 ryashyize hanze album yabo ya mbere yiswe Abiri Nitanu, imyaka ibiri nyuma yo gutangizwa k’uyu mushinga uhuza impano zitandukanye mu Rwanda. Iyi album iriho indirimbo 12, yahawe izina rikomoka kuri nimero mpuzamahanga...
Umuhanzikazi wo muri Jamaica, Spice, yatangaje ko yanyuzwe no kwakirwa neza, umuco n’ibiryo by’abanya-Uganda ubwo yari mu ruzinduko muri iki gihugu, ariko ikirenze byose cyamushimishije kurusha ni ugutenga moto (boda boda). Mu mashusho yakwirakwiriye, ubuzima bwa Spice ari...
Icyumweru gishize cyagaragaje uburyo umuziki nyarwanda ukomeje kugira amabara atandukanye, aho indirimbo nshya n’izari zisanzwe zizwi zikomeje guhabwa umwanya mu bitangazamakuru no ku mbuga zicururizwaho umuziki. Urubuga Impinga.rw rugaragaza indirimbo ziri gukundwa cyane muri iki gihe, ziganjemo izisohotse...