Cb Talker yasabye abahanzi n’abakora content muri Uganda gushyira imbere gukorana no gufashanya, nyuma yo guhagararira igihugu mu nama ya ASMIS Content Creators Summit yabereye i Addis Ababa. Muri iyi nama,Cb Talker yari kumwe n’undi munyabugeni unakora content...
Urubanza rwa DJ Toxxyk rwongeye kuvugisha benshi nyuma y’uko Ubushinjacyaha busabye ko yakatirwa igifungo cy’imyaka itanu n’ihazabu ya miliyoni 2,21 Frw. Uyu musore wamamaye mu kuvanga imiziki, amazina ye nyakuri akaba Shema Arnaud de Bosscher, ari kuburanira mu...
Umuhanzikazi mushya uri kuzamuka mu muziki wa Uganda, Lady Champagne, yatangiye gukundwa cyane nyuma yo gushyira hanze indirimbo ye ya mbere ya Afrobeat yise “Webale Nnyo”. Lady Champagne, amazina ye nyakuri akaba Jennifer Rennhak, yavukiye mu Budage. Avuga...
Irushanwa rya mbere rya Miss Universe Uganda 2026 ryatangijwe ku mugaragaro, ibintu bifatwa nk’ikorwa ry’amateka kuko Uganda yinjiye bwa mbere ku rubuga mpuzamahanga rwa Miss Universe ruzwi cyane ku isi. Iki gikorwa cyatangijwe ku wa Kane mu kiganiro...
Umugabo wo muri Amerika yakatiwe imyaka ibiri y’igifungo nyuma yo kwiba hard drives zari zibitseho indirimbo za Beyoncé zitarasohoka n’andi makuru y’ibanga y’abari mu ikipe ye. Yamenye imodoka ayinjiramo Kelvin Evans w’imyaka 41 yemeye icyaha cyo kwinjira mu...
Sheebah Karungi yasubije ibibazo bimaze iminsi bivugwa, aho byavugaga ku buzima bwe mu rukundo ndetse n’ibyo akunda mu mibanire ye n’abandi. Mu kinganiro kitwa “Let’s Talk About it.” Sheebah yagarutse ku makuru amaze imyaka avuga ko ari umutinganyi,...
Umuhanzi Uworizagwira Florien wamamaye nka Yampano, yatangaje ko yafashe icyemezo cyo gusabira imbabazi abantu bakurikiranyweho kugira uruhare mu gusakaza amashusho atera akabariro ari hamwe n’umukunzi we, ibintu byigeze guteza impaka ndende ku mbuga nkoranyambaga no mu myidagaduro nyarwanda....
Umuhanzikazi wo muri Uganda Sheebah Karungi yavuze ko nta kibazo yabona cyo kuba mu rushako rw’abagore benshi, ndetse ko ashobora no kuba umugore wa kane cyangwa uwa 10 mu gihe harimo kumvikana no kubwizanya ukuri. Mu kiganiro cye...
Ubushinjacyaha bwajuririye icyemezo cy’Urukiko rw’Ibanze rwa Nyarugenge cyarekuye DJ Toxxyk nyuma yo kumuhamya ibyaha birimo guteza impanuka yahitanye umupolisi wari mu kazi. Ku wa 4 Gicurasi 2026, Urukiko rw’Ibanze rwa Nyarugenge rwategetse ko DJ Toxxyk arekurwa nyuma yo...
Umuhanzi Gisa cy’Inganzo yatangaje ko yiteguye kongera gukorana na Producer Ishimwe Karake Clement binyuze muri ‘studio’ y’inzu ifasha abahanzi mu bya muzika ya Kina Music, avuga ko ari umwe mu bantu bagize uruhare rukomeye mu rugendo rwe rwa...