Amadarubindi ya AI ya Meta akomeje kwamamara cyane ku isi. Ariko impungenge ku buzima bwite, gufata amashusho mu ibanga no gukoresha nabi ikoranabuhanga bikomeje gutera impaka zikomeye. Isoko Rikomeje Gukura Amadarubindi ya Meta Ray-Ban ari mu bikoresho by’ikoranabuhanga...
Umuhanzikazi wo muri Uganda Sheebah Karungi yavuze ko nta kibazo yabona cyo kuba mu rushako rw’abagore benshi, ndetse ko ashobora no kuba umugore wa kane cyangwa uwa 10 mu gihe harimo kumvikana no kubwizanya ukuri. Mu kiganiro cye...
Emeline Imanizabayo yanditse amateka mashya mu mikino ngororamubiri nyuma yo kwegukana umudali wa zahabu mu gusiganwa metero 5,000 mu mikino Nyafurika iri kubera i Accra muri Ghana. Uyu munyarwandakazi yegukanye intsinzi ku munsi wa mbere w’iyi mikino nyuma...
Muri Kuwait habaye inkuru yatangaje benshi, nyuma y’uko umugeni asabye gatanya hashize iminota itatu gusa asezeranye n’umugabo we imbere y’amategeko. Amakuru avuga ko aba bombi bari bamaze gusinya impapuro z’ubukwe mu rukiko, basohoka bishimira intambwe bari bateye yo...
Abakunzi b’imbyino n’umuco wo kwidagadura muri Kampala bari kwitegura kimwe mu bikorwa bikomeye by’urubyiruko bizaba muri uku kwezi kwa Gicurasi, aho gahunda yiswe “Own The Floor Dance Camp 2026” igiye kongera kubera muri uyu mujyi. Iyi gahunda yashinzwe...
Miley Cyrus agiye guhabwa inyenyeri kuri Hollywood Walk of Fame mu muhango uteganyijwe ku wa 22 Gicurasi 2026 i Los Angeles, ibintu bimushyira mu mateka y’abahanzi bageze kuri uru rwego rwo hejuru mu myidagaduro ya Hollywood. Uyu muhango...
AMVCA 2026 yasize benshi batunguwe n’imyambarire idasanzwe, amarangamutima n’udushya twaranze tapis itukura muri Nigeria. Ibirori bya Africa Magic Viewers' Choice Awards byabereye i Lagos muri Nigeria byongeye kwigaragaza nk’ihuriro rikomeye rya sinema n’imideli muri Afurika. Abahanzi, abakora filime...
Barcelona yegukanye shampiyona nyuma yo gutsinda Real Madrid 2-0 mu mukino wa El Clasico wari utegerejwe cyane kuri Spotify Camp Nou, wanditse amateka mashya ku bakinnyi n’umutoza. Muri umukino wa nyuma wagaragaje ishyaka n’igitutu gikomeye, FC Barcelona yatsinze...
Nyuma y’imyaka myinshi abashakanye bamwe bamara bashaka umwana baraheba, ikoranabuhanga rishya rikoresha ubwenge buhangano (AI) ryatangiye gutanga icyizere ku bagabo babwirwaga ko badafite intanga ngabo. Ubu buryo bushya bwitwa STAR bwakozwe n’abashakashatsi bo muri Columbia University Fertility Center....
Muri Uganda haravugwa inkuru iteye agahinda n’akababaro, aho umugore witwa Juliet Tushabeomwe w’imyaka 45 yatawe muri yombi akekwaho guhatiriza umwana w’imyaka umunani kumira inshinge 46 zikoreshwa mu kudoda. Uyu mwana, ubana na we nka mukase yatangiye kugaragaza ububabare...