Indwara itaramenyekana imaze gutera impungenge mu gihugu cy’Burundi nyuma y’uko imaze guhitana abantu batanu, mu gihe abandi 35 bayanduye. Iyi ndwara yagaragaye muri komine ya Mpanda, mu ntara ya Bujumbura, aho inzego z’ubuzima zatangiye iperereza rikomeye ngo hamenyekane...
Umushumba wa Kiliziya Gatolika ku Isi, Pope Leo XIV, agiye gutangira uruzinduko rwe rwa mbere ku mugabane wa Afurika, ruzamara iminsi 10, aho ategerejwe mu bihugu bitandukanye by’uyu mugabane ufite abakirisitu benshi. Uru rugendo rutangira kuri uyu wa...
Mu ishyamba rya Kibale National Park muri Uganda, abashakashatsi batangaje ko umuryango munini w’inguge zo mu gasozi wigeze kubana neza wacitsemo ibice. Ubu ayo matsinda abiri amaze imyaka igera ku munani ari mu ntambara ikaze hagati yayo. Ubu...
Umuhanzi w’icyamamare muri Afurika y’Iburasirazuba, Alikiba, yifatanyije n’Abanyarwanda mu gihe cy’ikorwa rya Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, asaba ko amateka mabi atazongera kwisubiramo ukundi. Uyu muhanzi ukomoka muri Tanzania, usanzwe ufite abakunzi benshi...
Mu bikorwa byo Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, Umunyarwandakazi akaba n’umwanditsi w’ibitabo warokotse Jenoside, Judence Kayitesi, yatanze ubuhamya bwakoze ku mitima y’abitabiriye igikorwa cyabereye i Prague muri Czech Republic no mu Mujyi wa...
Inkuru idasanzwe yaturutse mu Burundi, y’umupolisi wakatiwe igifungo gishobora kugera ku myaka 500, iri kuvugisha benshi ku mbuga nkoranyambaga no mu itangazamakuru ryo mu karere. Abantu benshi bagaragaje gutungurwa n’uko urukiko rw’i Mwaro rwemeje ko umupolisi Osias Irankunda...
Mu mateka y’isi, abagore ntibahoraga babyara baryamye bagaramye nk’uko bikunze kugaragara mu bitaro byinshi muri iki gihe. Ahubwo mu myaka ibihumbi ishize, abagore benshi babyaraga bahagaze, bapfukamye cyangwa bicaye basutamye, uburyo bwafashaga umwana kuvuka byoroshye. Gusa uko imyaka...
Umuhanzi w’icyamamare mu Karere ka Afurika y’Iburasirazuba, Jose Chameleone, yifatanyije n’Abanyarwanda n’Isi muri rusange mu gihe cyo Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Uyu muhanzi w’umunya-Uganda yagaragaje ubutumwa bwo kwifatanya n’Abanyarwanda abinyujije ku rukuta...
Umuhanzikazi Goddess Sifaya ni umwe mu bahanzi bahindutse mu buryo bugaragara mu muziki wa Caribbean. Uyu muhanzikazi wahoze azwi nka Ms. Ravish yubatse izina mu njyana ya Dancehall, ariko nyuma aza guhindura inzira ajyana umuziki we mu murongo...
Umuhanzi ukiri kuzamuka Xkolie, amazina ye nyakuri akaba Sunday James, ari mu bahanzi bashya bari kugenda bagaragaza impano mu muziki wa Nigeria. Yavukiye mu Ntara ya Kogi State ku itariki ya 2 Gashyantare 2001, mu gace ka Ogori/Magongo....