Ubu butumwa yabutanze kuri uyu wa 12 Ugushyingo 2024 ubwo yari yagiye gushyigikira umukandida w’ishyaka NRM ku mwanya w’umudepite akaba n’umujyanama we mu bijyanye n’ubuhinzi, Rose Kabagyeni.
Megan Fox niwe watangaje ko akuriwe yifashishije ifoto yashyize ku rubuga rwa Instagram. Yayikurikije indi igaragaza ipimo by’uko atwite. Anakora ‘tag’ umukunzi we kuri aya mafoto. Arangije yandikaho amagambo, ati “Nta cyatakaye, ikaze na none.”
Umugabo wo mu gihugu cya Uruguay Diego Forlan wabaye umukinnyi w’umupira w’amaguru ku rwego mpuzamahanga, nyuma yo guhagarika gukina uwo mukino mu mwaka wa 2019 asigaye yarihebeye tennis aho akina nk’uwabigize umwuga. Ku myaka 45 y’amavuko Diego Forlan...
Michael Graf von Moltke, Umuyobozi w’Ishami rishinzwe kugenza ibyaha, aganira n’itangazamakuru muri uwo Mujyi wa Düsseldorf yagize ati, “Izo Pizza nizo zagurishwaga cyane kurusha izindi zose”.