Perezida wa Tanzania, Samia Suluhu Hassan, yasabye icyamamare mu mupira w’amaguru, Didier Drogba, kuzaba ambasaderi w’iki gihugu mu gikombe cya Afurika cya 2027 (AFCON), kizabera mu bihugu bitatu ari byo Tanzania, Uganda na Kenya. Ibi yabigarutseho mu gihe...
Charles Peter Mayiga, Katikkiro w’Ubwami bwa Buganda Kingdom, yatanze ubutumwa bwatekerezwagaho cyane bugenewe abahanzi bo muri Uganda ku bijyanye no kwivanga muri politiki. Mu byo yatangaje, yashimangiye ko abahanzi bagomba gufata umuziki nk’umwuga wabo nyakuri, agaragaza ko kimwe...
Ikipe ya Arsenal FC yongeye kwandika amateka, igera ku mukino wa nyuma wa UEFA Champions League nyuma y’imyaka 20, itsinze Atletico Madrid igitego 1-0 mu mukino wo kwishyura wa ½. Uyu mukino wabereye kuri Emirates Stadium ku wa...
Umuhanzi Vinka yavuze ku bahanzi b’abagore batatu bamugizeho ingaruka zikomeye mu rugendo rwe rwa muzika, avuga ko bamwigishije byinshi ku buhanga, kwihangana no gukomeza imbere. Ku mwanya wa mbere yashyize Iryn Namubiru, ashimira ijwi rye rikomeye n’ubuhanga bwo...
Abantu batatu bamaze gupfa nyuma y’uko hakekwa ko icyorezo cya hantavirus cyagaragaye mu bwato MV Hondius bwari mu rugendo rwari rutwaye abagera ku 150 baturutse muri Argentine. Mu bapfuye harimo umugabo n’umugore b’Abaholandi bafite imyaka 70 na 69....
Umuhanzi Kabako yavuze impamvu yahisemo gushyira umuziki we ku mbuga za Sheebah Karungi, mu gihe hari gukomeza impaka zishingiye ku burenganzira bw’umuziki (copyright) hagati ya Sheebah na TNS. Kabako yavuze ko atabikoze ku bw’impanuka. Yabitekerejeho neza.Ati: “Sheebah afite...
Ubushakashatsi bwo mu Bwongereza bwagaragaje ko ubwoko 11 bwa cancer burimo kwiyongera mu rubyiruko. Bugaragara cyane mu bafite imyaka 20, 30 na 40. Muri zo harimo cancer y’amara, iy’ibere, iy’umwijima, impyiko, tiroyide n’izindi.Nubwo bimeze gutyo, abahanga bavuga ko...
Perezida wa Uganda, Yoweri Museveni, yashyize umukono ku itegeko rishya rigenga uburenganzira ku bihangano n’ibyabyo (Copyright and Neighbouring Rights (Amendment) Act, 2026), rigamije kuvugurura no guteza imbere urwego rw’ubuhanzi muri icyo gihugu. Iri tegeko rishya rije rikomeza kurinda...
Umuhanzikazi Sheebah Karungi yongeye kujyanwa mu rukiko mu kindi gice gishya cy’amakimbirane amaze igihe hagati ye n’aho yahoze abarizwa mu muziki, Team No Sleep Entertainment (TNS), ku bijyanye n’uburenganzira ku bihangano (copyright). Iki kirego gishya kigaragaza ko amakimbirane...
Umuraperi Megan Thee Stallion wo muri Amerika, wamamaye mu ndirimbo nka ‘Savage yatangaje ko yahagaritse gukina mu ikinamico ya Muzika Moulin Rouge! The Musical mbere y’igihe cyari cyitezwe. Thee Stallion yari yagombaga yagombaga gukina muri iyi kinamico ku...