Umuraperi w’icyamamare ku rwego mpuzamahanga Rick Ross avuga ko igihe cy’umuziki wa Afurika ku rwego rw’isi cyageze, ashimangira ko injyana nka Afrobeats iri guhindura isura y’umuziki ku isi hose. Mu kiganiro yagiranye n’umunyamakuru Lamide Akintobi i Miami, Rick...
Umunyapolitiki wo muri Uganda Mubarak Munyagwa yinjiriye mu mpaka zimaze iminsi hagati y’abahanzi Pallaso na King Saha, avuga ko abo bombi batakwiye kugereranywa kuko Pallaso ari ku rundi rwego. Munyagwa yabitangaje mu kiganiro yagiranye na Sanyuka TV, aho...
Umuhanzikazi wo muri Uganda Rema Namakula yatangaje ko ubukwe bwe bwa kisilamu (Nikkah) n’umugabo we Hamza Ssebunya bwabaye kera mu ibanga rikomeye, ibintu byatunguye benshi mu bafana be bari batarigeze babimenya. Mu kiganiro aherutse kugirana n’itangazamakuru, Rema yavuze...
Ikipe y’igihugu ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, izwi nka Leopards, yanditse amateka mashya nyuma yo kubona itike y’imikino ya nyuma y’igikombe cy’isi, ihagarariye Afurika mu irushanwa rizabera muri Amerika, Canada na Mexique. Iyi kipe yageze kuri iyi...
Nyuma y’imyaka ine ahanganye n’indwara idasanzwe yamugizeho ingaruka zikomeye ku buzima n’umwuga we w’ubuhanzi, umuririmbyi w’icyamamare ku isi Celine Dion yatangaje ko yiteguye kongera gutaramira abafana be. Uyu muhanzi wamamaye mu ndirimbo z’amarangamutima zikunzwe cyane zirimo My Heart...
Mu gihe isi yose ikomeje gukurikirana iby’ubushakashatsi mu isanzure, itsinda ry’abahanga bane mu by’indege n’isanzure rigiye kwandika amateka mashya mu butumwa bwa Artemis II. Aba bazaba ari abantu ba mbere bagiye kuzenguruka iruhande rw’Ukwezi nyuma y’imyaka irenga 50...
Ijoro ryahindutse icyago Anne Marie Boyle, umugore w’imyaka 38 n’abana babiri, yatangarije uburyo umwanya muto wo gusohoka mu ijoro bisanzwe mu kabari mu mujyi wa East Kilbride muri Ecosse mu 2024, wahinduye ubuzima bwe burundu. Sean McInnes, umurwanyi...
Umuhanzi Mujyanama Claude uzwi nka TMC, wahoze mu itsinda rya Dream Boyz, yavuze ko yishimiye gutaramana na Ruti Joel mu gitaramo cyabereye muri Leta ya Indiana muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, aho yavuze ko byari no mu...
Umunyarwanda Aminu Hassan Iradukunda, uzwi ku izina rya Creative Aminu, uri gukorera ibikorwa bye by’umuziki mu Budage, akomeje kumenyekana ku rwego mpuzamahanga kubera uruhare rwe mu gutunganya ibikorwa bikomeye by’imyidagaduro n’imuziki bibera mu Burayi. Uyu musore ukora akazi...
Umuhanzikazi w’icyamamare Taylor Swift yongeye kwandika amateka mu muziki mpuzamahanga, nyuma yo kwegukana ibihembo birindwi mu birori bya iHeartRadio Music Awards 2026 byabereye i Los Angeles muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Ibi birori byabereye muri Dolby Theatre...