Umuhanzikazi Juliana Kanyomozi yahakanye amakuru avugwa ko yaba yaraharitse gukora umuziki, nyuma yo kuva mukirihuko yari yarafe amaze yabyaye. Juliana yagarutse kuri ibyo bihuha mu kiganiro aherutse kugirana n’umunyamakuru Allan Cruz, aho yasobanuye neza ko akunda umwuga we...
Mukeshimana Dorothée, umwe mu bakinnyi b’ikipe y’Igihugu y’abagore (She-Amavubi), yatangaje ko impamvu nyamukuru yatumye ava muri Kayserispor WFC yo muri Turquie akagaruka mu Rwanda, ari ubuzima butamworoheye burimo n’ubukonje bwinshi. Uyu mukinnyi yari amaze amezi umunani muri iki...
Umuhanzi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Israel Mbonyi, yashyizwe mu bagize akanama kagizwe n’impuguke 16 kayobora Mashariki Arts Academy, ishuri rifite aho rihuriye n’iserukiramuco rya Mashariki African Film Festival. Ni ubwa mbere uyu muhanzi umaze imyaka irenga...
Kuri uyu wa gatatu tariki ya 25 Werurwe 2026, uruganda rw’imyidagaduromuri Uganda rwashenguwe n’urupfu rw’umukinnyi wa filime Esteri Tebandeke, witabye Imana azize uburwayi bw’impiko. Nk’uko byatangajwe n’ibitangamakuru byizewe, Esteri yari amaze igihe kinini mu bitaro aho ubuzima bwe...
Umuraperi w’Umunyamerika NLE Choppa agiye gutaramira i Kigali ku nshuro ya mbere mu gitaramo cya Fuego Fest, giteganyijwe kuba ku wa 24 Kamena 2026. Amakuru dukesha The New Times avuga ko abategura iki gitaramo bo mu kigo cya...
Mu kiganiro Perezida w’u Rwanda Paul Kagame yagiranye n’Abayisilamu ku wa 25 Werurwe 2026, hagaragaye umubyeyi witwa Batamuliza watangaje ko yigeze gukina muri filime y’Abahinde yitwa Saaho. Uyu mugore yavuze ko nubwo yavuye mu Rwanda kera, amaze igihe...
Umuhanzikazi Spice Diana yatangaje ko abakobwa n’abagore bakiri bato bakwiye kwakira uko basa, batiyambaje makiquillage, cyane ko kuyishingikirizaho bishobora kubangiriza ubwiza n’ikizere bari bifitiye. Uyu muhanzikazi uvuga ko ubusanzwe adakunda gukoresha amavuta y’ubwiza, ahubwo abikora bitewe na kazi...
Umunyemari w’icyamamare Leonid Radvinsky, wari nyiri urubuga OnlyFans ruzwi cyane ku isi, yitabye Imana afite imyaka 43 azize indwara ya kanseri, ibintu byateye agahinda kenshi mu bakurikiranira hafi ikoranabuhanga. Urupfu rwatunguranye n’itangazo rya OnlyFans Amakuru y’urupfu rwe yemejwe...
Umuhanzikazi Doja Cat yigeze kunyura mu bihe bikomeye akiri umwana, aho yagaragaje agahinda gakomeye ko gukura atazi Se, ibintu byongeye kuvugisha benshi nyuma y’imyaka myinshi. Ubutumwa bwakoze benshi ku mutima Mu 2010, Doja Cat wari ufite imyaka 14...
Umuhanzi David Lutalo yagarutse ku bitekerezo by’abamunenga, ibi bibaye nyuma y’ikiganiro aherutse gukorera kuri TikTok Live, aho yatanze nomero yo kumuhamagaraho ku bashaka ku mutumira mu bitaramo. Ibi byabaye ku wa Gatandatu, ubwo Lutalo yasomaga nimero ye ku...