Filimi mbarankuru ku ngagi zo mu birunga zo mu Rwanda, yakozwe na Silverback Films ifatanyije na Appian Way Productions sosiyete y’ibidukikije yashinzwe n’umukinnyi wa filime Leonardo DiCaprio, Rwanda Development Board (RDB) na Dian Fossey Gorilla Fund - iraboneka...
Mu gihe umuziki wo kuramya no guhimbaza ukomeje kwaguka hirya no hino, abahanzi nyarwanda bawukora bagenda babona amahirwe mashya mu bihugu byo hanze, cyane cyane muri diaspora. Ni muri urwo rwego Prosper Nkomezi yatangaje gahunda y’ibitaramo agiye gukorera...
Mu gihe isi igenda irushaho kugenda imenya ibijyanye n’imigendere y’abantu n’ubwisanzure bwo guhitamo aho bifuza kuba, ikibazo cy’ubwenegihugu gikomeje kuba ingingo itavugwaho rumwe, cyane cyane ku bantu b’ibyamamare. Ni muri urwo rwego Dj Ira yongeye kugaruka ku cyemezo...
Igitaramo cy’umuraperi w’umunyamerika Kanye West cyari gitegerejwe kubera muri Poland cyahagaritswe nyuma y’igitutu cya Guverinoma n’abanenze amagambo amaze iminsi atangaza ashyigikira ibitekerezo by’ivangura n’ibya Nazi. Uyu muhanzi uzwi kandi ku izina rya “Ye” yari ategerejwe kuzakorera igitaramo kuri...
Mu gihe abahanzi benshi baharanira kumenyekana ku rwego mpuzamahanga, bamwe bahisemo gukoresha umuco wabo nk’intwaro ibafasha kwitandukanya n’abandi. Ni muri uwo murongo, umuhanzi nyarwanda Vex Prince akomeje kugaragaza ko umwimerere w’umuco ushobora kuba urufunguzo rwo kwigaragaza ku ruhando...
Umuhanzi wo muri Uganda Ykee Benda yagaragaje ibitekerezo byateje impaka ku mbuga nkoranyambaga, aho yavuze ko gushaka bitagomba gufatwa nk’ikintu cyerekana ko umuntu yageze ku ntsinzi mu buzima. Uyu muhanzi yasobanuye ko kuba umuntu yarashatse bidakwiye kumushyira hejuru...
Umunyamakuru n’umunyamideli wo muri Uganda Sheilah Gashumba yasobanuye impamvu atita Mutoni Malaika, umugore wa se, ijambo rya “mama”, nubwo ari we bashakanye. Mu kiganiro yagiranye n’umunyamakuru Kasuku, Sheilah yavuze ko kubaha umuntu bidashingira ku mazina ahabwa mu muryango,...
Umuraperikazi Card B yashimishije abakunze be baherereye i Florid ubwo yasozaga ku mugaragaro ibitaramo bye bya Little Miss Drama Tour, aho yatumiye ku rubyiniro Vybz Kartel, uzwi ku mazina nka Adidja Palmer. Iki gitaramo cyabereye muri Bank Arena,...
Jada Pinkett Smith yagarutse ku mpaka zimaze iminsi ku mbuga nkoranyambuga, aho abakoresha imbuga bagaruka kumubano we n’undi mugabo atari Will Smith, avuga ko afite impamvu yamuteye kubikora. Yavuze ko yafashe icyemezo cyo kubishyira ku mugaragaro bitari impanuka,...
Umwanditsi w’indirimbo akaba n’umuhanzi Dokta Brain yatangaje ko Gloria Bugie ari umwe mu bahanzi bafite umwihariko ukomeye muri Uganda, nubwo ahura n’imbogamizi ziterwa n’uburyo amenyekanisha no kwamamaza umuziki we. Mu myaka mike amaze mu muziki, Gloria Bugie yahuye...