Umuhanzikazi w’Umunyamerika ufite inkomoko muri Afurika y’Epfo Doja Cat, uherutse no gutaramira mu Rwanda mu iserukiramuco rya Move Afrika, ari mu ntambara y’amagambo na se Dumisani Dlamini nyuma y’uko amushinje kuba umubyeyi gito. Ibi byatangiye nyuma y’igitaramo uyu...
Umuririmbyi akaba n’umuhanga mu gutunganya indirimbo mu buryo bw’amajwi, Element Eleeeh yamaze kugera i Kampala muri Uganda aho aza gususurutsa abitabira igitaramo cy’urwenya cya Comedy Store gitegurwa na Alex Muhangi Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu, tariki...
Umuhanzikazi mpuzamahanga Doja Cat yongeye gushimisha abafana i Pretoria muri Afurika y’Epfo nyuma y’iminsi mike yataramiraga i Kigali. Icyo gitaramo cyabaye ku wa 20 Werurwe 2026 muri SunBet Arena, aho yakiriwe n’ibihumbi by’abafana bishimira imyambaro ye yihariye n’indirimbo...
Abahanzi b’icyamamare mu Rwanda barimo Israel Mbonyi, Bruce Melodie, Meddy na Alicia & Germaine bari mu bahataniye ibihembo bikomeye bya Africa Golden Awards 2026, bihuriza hamwe ibyamamare byo ku mugabane wa Afurika no hanze yawo. Africa Golden Awards...
Ah Itangazo ry'umuryango we rivuga ko "Ku bandi ku isi, yari umuhanga mu mikino njyarugamba, umukinnyi wa filimi, n'ikimenyetso cy'imbaraga. "Kuri twe, yari umugabo w'umutima, umubyeyi ukunda, wuzukuruje, umuvandimwe w'igitangaza, n'umutima w'umuryango wacu." Kugeza no mu myaka yari...
Umwamikazi wa “Hype” mu itangazamakuru, wamamaye nka Media Messiah, Azeezah Hashim, ari mu bari guhindura isura y’imyidagaduro muri Afurika y’Iburasirazuba. Uyu mukobwa wavukiye i Nairobi amaze kuba umwe mu banyamakuru n’abanyamidagaduro bakunzwe cyane, abikesha ijwi rye ryihariye, imbaraga...
Umuhanzikazi Tracy Melon yavuze ukuri ku modoka yo mu bwoko bwa Mercedes Benz ihenze yerekanye vuba aha, avuga ko atari iyo yaguze amafaranga ye, ahubwo ko yayihawe nk’impano. Mu gusobanura iby’iyo modoka, Tracy yavuze ko atigeze akoresha amafaranga...
Kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 20 Werurwe 2026 nibwo Kivumbi King afatanyije na Juno Kizigenza ndetse na Bob pro utuganya indirimbo bashyize hanze mu buryo bw’amajwi n’amashusho indirimbo yabo nshya bahuriyemo bise “Kirigute” Izina ry’iyi ndirimbo rikomoka...
Umuhanzikazi “King Herself,” wamamaye nka Cindy Sanyu, mu kiganiro cyihariye yagiranye na Baba Tv Uganda, yavuze ku itandukaniro riri hagati y’uruganda rw’umuziki muri Uganda n’urwa Mpuzamahanaga. Cindy yasobanuye ko n’ubwo abahanzi mpuzamahanga bakunze kubona amafaranga menshi cyane, akenshi...
Umuhanzikazi Cindy Sanyu yasobanuye uko amafaranga azajya asaraganywa nyuma y’uko Inteko Ishinga Amategeko ya Uganda yemeje itegeko rushya rya copyright. Cindy yavuze ko iyi gahunda nshya ari intambwe ikomeye ku bahanzi, cyane ko mu myaka yashize ari bo...