• AHABANZA
  • UBWANDITSI
  • KWAMAMAZA
  • AMATEGEKO
Thursday, June 4, 2026
Impinga Media
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
No Result
View All Result
Impinga Media
  • Inkuru Nyamukuru
  • Imyidagaduro
  • Ikoranabuhanga
  • Ibirori
Home Imyidagaduro

Jada Pinkett Smith yagarutse ku mubano we utavugwaho rumwe

Alex RUKUNDO by Alex RUKUNDO
April 16, 2026
Reading Time: 1 min read
A A

Jada Pinkett Smith yagarutse ku mpaka zimaze iminsi ku mbuga nkoranyambuga, aho abakoresha imbuga bagaruka kumubano we n’undi mugabo atari Will Smith, avuga ko afite impamvu yamuteye kubikora.

Yavuze ko yafashe icyemezo cyo kubishyira ku mugaragaro bitari impanuka, ahubwo ko yari agamije kurinda umuryango we no gukomeza kuba inyangamugayo mu bana be, nubwo avuga ko byamuteye igututu mu ruhame.

Yagize ati: “Birashoboka ko nari kubigira ibanga nti bizamenyekane, ariko  sinifuza ko mu muryango wanjye habamo amabanga. Hari ighe umuntu afata icyemezo cyo kureka ibyishomo bye kugira ngo abashe kurinda abo akunda.”

Jada Pinkett yakomeja avuga ko uwo mubano wabayeho mu gihe yari yatandukanye byagatenyo n’umugabo we Will Smith, cyane ko mu 2016 yari yirigeze gutangaza ko basigaye baba mu buzima butandukanye, nubwo bakunda kugaragara bari kumwe mu ruhame.

Aba bombi bavuga ko basigaye babana bisanzwe (ubufatanye bw’ubuzima – life partnership), uku kubana bisanzwe ahanini gushingiye mu kwiteza imbere no gufatanya aho kubana nk’abashakanye.

Umubano w’abambo kuva wagiye uragwamo ibibazo bitandukanye. Bamenyanye bwa mbere mu mwaka wa 1990 ubwo Jada yari agiye kugerageza amahirwe yo gukina muri filime yitwa The Fresh Prince of Bel-Air. Nubwo atabashishe kuyikanamo, aho ni ho hatangiriye umubano wabo. Bashyingiranywe mu 1997, baza kubyarana Jaden na Willow, ndetse banakomeza umwuga wabo.

Jada na WIll bagiye bagaragaza ko umubano wabo urimo ibibazo byihariye. Jada yaje gutangaza ko atigeze yifuza gushyingirwa, ndetse yumvaga abihatirizwa, ariko akomeza gushyira imbaraga mu kubaka urugo rwabo. Uko imyaka yagiye ishira, umubano wabo waje guhinduka.

Muri 2016, nibwo kutumvika kw’aba bombi kwafashe indi ntera, n’uko bafata icyemezo cyo gutanduka mu ibanga nyuma y’imyaka myinshi babana batumvikana neza. Muri ibyo bihe ni bwo Jada yaje kwinjira mu mubano yaje kwita “entanglement”

Nubwo bamaze imyaka myinshi tumvikana ndetse bakaba mu buzima butandukanye. ariko ntibigeze batandukana byemewe n’amategeko.

Previous Post

“Gloria Bugie afite umwihariko ukomeye mu muziki” – Dokta Brain

Next Post

Mu gitaramo Cardi B yatunguranye atumira Vybz Kartel ku rubyiniro

Alex RUKUNDO

Alex RUKUNDO

IZINDI NKURU WASOMA

DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice

DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice

by MUNYANKINDI Alphonse
2 weeks ago

Shema Arnaud de Bosscher wamamaye nka DJ Toxxyk yakatiwe n’Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge igifungo cy’umwaka n’amezi atandatu ndetse anacibwa ihazabu...

Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi

Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi

by MUNYANKINDI Alphonse
2 weeks ago

Umuhanzikazi w’icyamamare Shakira yatangaje ko yatumiye itsinda rya Ghetto Kids kuzataramana na we mu birori byo hagati mu mukino wa...

Spice Diana Yongeye gukorana na Selecta Rizzon

Spice Diana Yongeye gukorana na Selecta Rizzon

by MUNYANKINDI Alphonse
2 weeks ago

Umuhanzikazi wo muri Uganda Spice Diana yongeye kuvugisha abakunzi b’umuziki nyuma y’amakuru avuga ko yongereye Selecta Rizzon mu ikipe imufasha...

Next Post
Mu gitaramo Cardi B yatunguranye atumira Vybz Kartel ku rubyiniro

Mu gitaramo Cardi B yatunguranye atumira Vybz Kartel ku rubyiniro

Uganda: Urukiko rwasubukuye urubanza rw’ukekwaho ubwicanyi

Uganda: Urukiko rwasubukuye urubanza rw’ukekwaho ubwicanyi

Lisansi yazamutse igera ku 2,938 Frw kuri litiro, Leta ivuga ko ari ibihe bidasanzwe

Lisansi yazamutse igera ku 2,938 Frw kuri litiro, Leta ivuga ko ari ibihe bidasanzwe

“Mfite ibitsina gore bibiri”: Ubuzima bukomeye bwa Abigael bwakoze benshi ku mutima
Mu mahanga

“Mfite ibitsina gore bibiri”: Ubuzima bukomeye bwa Abigael bwakoze benshi ku mutima

by MUNYANKINDI Alphonse
May 23, 2026
DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice
Imyidagaduro

DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice

by MUNYANKINDI Alphonse
May 23, 2026
Aston Villa Yegukanye Europa League
Imikino

Aston Villa Yegukanye Europa League

by MUNYANKINDI Alphonse
May 21, 2026
Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi
Imyidagaduro

Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi

by MUNYANKINDI Alphonse
May 21, 2026

Stay Connected

Popular Post

    YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD
    ADVERTISEMENT
    Impinga Media

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    Navigate Site

    • AHABANZA
    • UBWANDITSI
    • KWAMAMAZA
    • AMATEGEKO

    Follow Us

    No Result
    View All Result
    • AHABANZA
    • Imyidagaduro
      • Imikino
      • Sinema
      • Ibirori & Muzika
    • Ikoranabuhanga
    • Ubuzima
    • Ubukungu
    • IBINDI
      • Biravugwa
      • Inkuru z’amashusho
      • Inkuru Ndende
      • Impinga Quiz & Survey
      • Utuntu n’utundi

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.