• AHABANZA
  • UBWANDITSI
  • KWAMAMAZA
  • AMATEGEKO
Thursday, June 4, 2026
Impinga Media
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
No Result
View All Result
Impinga Media
  • Inkuru Nyamukuru
  • Imyidagaduro
  • Ikoranabuhanga
  • Ibirori
Home Imyidagaduro

Mu gitaramo Cardi B yatunguranye atumira Vybz Kartel ku rubyiniro

Alex RUKUNDO by Alex RUKUNDO
April 16, 2026
Reading Time: 1 min read
A A

Umuraperikazi Card B yashimishije abakunze be baherereye i Florid ubwo yasozaga ku mugaragaro ibitaramo bye bya Little Miss Drama Tour, aho yatumiye ku rubyiniro Vybz Kartel, uzwi ku mazina nka Adidja Palmer.

Iki gitaramo cyabereye muri Bank Arena, aho Kartel yaririmbye indirimbo ye yakunzwe cyane ‘Fever’ ibintu byate ibyishimo byinshi mu bafana. Ingufu ze n’imvugo ye ya patois byahujwe n’imiririmbire ya Cardi B, bituma icyo gitaramo kirushaho kuba kiza cyane.

Uyu muhanzikazi afite umyaka 33 y’amavuko, ubusanzwe yiyita “Bodega Baddie” yakoze igitaramo gikomeye cyari cyuzuyemo udushya twinshi, aho yahuje injyana zitandukanye zirimo hip- Hop, dancehall, reggaeton, na southern rap.

Kuri ubu Cardi Bi afite abana bane, yanazanye ku rubyiniro ucyamamare cyo muri Puerto Rico Ozuna, bakaba bari basanzwe bakoran, ibi na byo bikaba byatumye ku rubyiniro hataburaho umuhanzi.

Mu gusoza, yongeye gutungura abafana atumira Trina, akaba yavuze ko ari umwe mu bantu akunda cyane, bakaba baririmanye indirimbo  ‘Look Back At Me,” yagiye hanze muri 2008.

Mu bari bitabiriye iki gitaramo harimo n’umuraperi Quavo, aho Cardi B yamushimiye by’umwihariko, ndetse anunamira umuvandimwe we witabye Imana Takeoff.

Muri uru rugendo rw’iki gitaramo, Cardi B yakomeje gutumira abahanzi bakomeye batandukanye, yaba abagenzweho cyagwa n’abakizamuka.

Ku ruhande rwa Vybz Kartel, ufite imyaka 50, yamenyekanye cyane mu 2003 binyuze mu ndirimbo zakunzwe muri Jamaica. Mu rugendo rwe rwa muzika yasohoye alrumb zitandukanye zirimo Up 2 Time, more Up 2 Di Time na J.M.T.

Uyu muhanzi akaba yarigeze gufugwa mu 2011 na 2012 akekwaho ibyaha by’ubwicanyi, ariko yaje kurekurwa mu 2024, ubu akaba akomeje ibikorwa bye bya muzika, birimo no kwitabira iki gitaramo cya Cardi B.

Previous Post

Jada Pinkett Smith yagarutse ku mubano we utavugwaho rumwe

Next Post

Uganda: Urukiko rwasubukuye urubanza rw’ukekwaho ubwicanyi

Alex RUKUNDO

Alex RUKUNDO

IZINDI NKURU WASOMA

DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice

DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice

by MUNYANKINDI Alphonse
2 weeks ago

Shema Arnaud de Bosscher wamamaye nka DJ Toxxyk yakatiwe n’Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge igifungo cy’umwaka n’amezi atandatu ndetse anacibwa ihazabu...

Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi

Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi

by MUNYANKINDI Alphonse
2 weeks ago

Umuhanzikazi w’icyamamare Shakira yatangaje ko yatumiye itsinda rya Ghetto Kids kuzataramana na we mu birori byo hagati mu mukino wa...

Spice Diana Yongeye gukorana na Selecta Rizzon

Spice Diana Yongeye gukorana na Selecta Rizzon

by MUNYANKINDI Alphonse
2 weeks ago

Umuhanzikazi wo muri Uganda Spice Diana yongeye kuvugisha abakunzi b’umuziki nyuma y’amakuru avuga ko yongereye Selecta Rizzon mu ikipe imufasha...

Next Post
Uganda: Urukiko rwasubukuye urubanza rw’ukekwaho ubwicanyi

Uganda: Urukiko rwasubukuye urubanza rw’ukekwaho ubwicanyi

Lisansi yazamutse igera ku 2,938 Frw kuri litiro, Leta ivuga ko ari ibihe bidasanzwe

Lisansi yazamutse igera ku 2,938 Frw kuri litiro, Leta ivuga ko ari ibihe bidasanzwe

Pakistan: Ikoreshwa ry’inshinge zakoreshejwe ryanduza abana virusi itera SIDA

Pakistan: Ikoreshwa ry’inshinge zakoreshejwe ryanduza abana virusi itera SIDA

“Mfite ibitsina gore bibiri”: Ubuzima bukomeye bwa Abigael bwakoze benshi ku mutima
Mu mahanga

“Mfite ibitsina gore bibiri”: Ubuzima bukomeye bwa Abigael bwakoze benshi ku mutima

by MUNYANKINDI Alphonse
May 23, 2026
DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice
Imyidagaduro

DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice

by MUNYANKINDI Alphonse
May 23, 2026
Aston Villa Yegukanye Europa League
Imikino

Aston Villa Yegukanye Europa League

by MUNYANKINDI Alphonse
May 21, 2026
Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi
Imyidagaduro

Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi

by MUNYANKINDI Alphonse
May 21, 2026

Stay Connected

Popular Post

    YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD
    ADVERTISEMENT
    Impinga Media

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    Navigate Site

    • AHABANZA
    • UBWANDITSI
    • KWAMAMAZA
    • AMATEGEKO

    Follow Us

    No Result
    View All Result
    • AHABANZA
    • Imyidagaduro
      • Imikino
      • Sinema
      • Ibirori & Muzika
    • Ikoranabuhanga
    • Ubuzima
    • Ubukungu
    • IBINDI
      • Biravugwa
      • Inkuru z’amashusho
      • Inkuru Ndende
      • Impinga Quiz & Survey
      • Utuntu n’utundi

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.