Umuhanzikazi w’icyamamare Taylor Swift yongeye kwandika amateka mu muziki mpuzamahanga, nyuma yo kwegukana ibihembo birindwi mu birori bya iHeartRadio Music Awards 2026 byabereye i Los Angeles muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Ibi birori byabereye muri Dolby Theatre...
Delivad Julio wo mu itsinda rya B2C Boys yavuze ko kugereranya Joshua Baraka na Eddy Kenzo bidakwiye kandi bidafite ishingiro. Uyu muhanzi yavuze ko nubwo Joshua Baraka ari kuzamuka neza ku rwego mpuzamahanga, kumugereranya na Eddy Kenzo ari...
Umuhanzikazi Azawi yatangaje ko nta muhanzi wo mu gihe cye wamuhangara ku rubyiniro mu bihe bya nyuma ya COVID-19. Mu kiganiro yagiranye na Galaxy TV, uyu muhanzikazi wamenyekanye mu ndirimbo “Repeat It” yavuze ko yizeye cyane impano ye,...
Bwa mbere mu mateka ya Amerika y’Amajyepfo, igihugu cya Brésil cyatangiye guteranyirizwamo indege z’intambara zigendera ku muvuduko uruta uw’ijwi, zizwi nka Saab JAS 39 Gripen. Izi ndege zikorerwa ubufatanye hagati y’uruganda rwo muri Suède Saab n’uruganda rwo muri...
Ku nshuro ya mbere mu mateka maremare y’Itorero Angilikani, umugore yagizwe Musenyeri wa Canterbury, umwanya ufatwa nk’uw’ikirenga mu buyobozi bw’iri torero ku Isi. Sarah Mullally ni we wanditse aya mateka nyuma yo kwimikwa ku mugaragaro ku wa 25...
Imirambo igera kuri 32, yiganjemo iy'abana, yakuwe mu mva rusange iri mu mujyi wa Kericho mu burengerazuba bwa Kenya, mu gihe iperereza rikomeje kuri uku gutahurwa kwayo kumije benshi. Gutabururwa kw'iyi mirambo byakozwe nyuma y'uko polisi ibonye icyemezo...
Umuraperi w’Umunyamerika NLE Choppa agiye gutaramira i Kigali ku nshuro ya mbere mu gitaramo cya Fuego Fest, giteganyijwe kuba ku wa 24 Kamena 2026. Amakuru dukesha The New Times avuga ko abategura iki gitaramo bo mu kigo cya...
Umunyemari w’icyamamare Leonid Radvinsky, wari nyiri urubuga OnlyFans ruzwi cyane ku isi, yitabye Imana afite imyaka 43 azize indwara ya kanseri, ibintu byateye agahinda kenshi mu bakurikiranira hafi ikoranabuhanga. Urupfu rwatunguranye n’itangazo rya OnlyFans Amakuru y’urupfu rwe yemejwe...
Umunyarwandakazi Elizabeth Mbabazi yakatiwe n’urukiko rwo muri Uganda gufungwa amezi atandatu, nyuma yo kumuhamya uruhare mu mugambi wo kwiba banki amafaranga menshi, inkuru yakuruye impaka zikomeye. Uko byagenze muri uyu mugambi Ni icyemezo cyafashwe n’Urukiko rwa Uganda mu...
Umuhanzikazi Doja Cat yigeze kunyura mu bihe bikomeye akiri umwana, aho yagaragaje agahinda gakomeye ko gukura atazi Se, ibintu byongeye kuvugisha benshi nyuma y’imyaka myinshi. Ubutumwa bwakoze benshi ku mutima Mu 2010, Doja Cat wari ufite imyaka 14...