Mu mibano y’urukundo, kenshi abantu baranzwe no kwirinda igice kidasobanutse cyo hagati yo kwiyemeza gukundana nyabyo n’umuntu cyangwa kwibera inshuti zisanzwe. Abakundana bakiri bato bari guhitamo icyo gice. Ubushakashatsi bwerekanye ko imyifatire y’abo mu kigero cy’imyaka kizwi nka...
Mu Majyaruguru ya Afurika hose, abaturage bo mu bwoko bwa Amazigh bizihije umwaka wa mushya wa 2976. Umwaka mushya w'aba Amazigh, uzwi nka Yennayer, utangira hagati ya tariki ya 12 na 14 Mutarama(1), bitewe n'akarere batuyemo. Hari abatuye...
Mu gicuku cyo mu ijoro ryo ku wa mbere, Rachel Bloor yinyeganyeje mu buriri bwe asanga hari ikintu kiremereye kimuzengurutse ku gituza cye. Atarakanguka neza, yagifasheyo agira ngo ni imbwa ye ariko asanga arimo gukorakora ikintu cyoroshye kandi...
Inkuru ikomeje kuvugwa mu bice bitandukanye by’Umujyi wa Kigali ni iy’umuryango wavuzwemo ibibazo bikomeye by’ubuhemu, nyuma y’uko umugabo afatiye umugore we mu cyuho ari kumwe n’undi mugabo muri Lodge imwe yo mu mujyi. Amakuru avuga ko uyu mugore...
Umusozi wa Kiruri, uzwi cyane mu mateka y’ubuhanzi nyarwanda, ugiye kwinjira mu kindi cyiciro cy’iterambere nyuma y’uko Umusizi Junior Rumaga awugabiwe kugira ngo awubyaze umusaruro ujyanye n’ubukerarugendo n’imishinga ihuza ubuhanzi n’ubukungu. Aya masezerano yasinywe ku wa 8 Mutarama...
Umubyeyi wo mu Bwongereza yasabye ko hashyirwaho amasomo yigisha abana ingaruka zo gukoresha nabi imyuka ihumanya ikirere, nyuma y'urupfu rw'umukobwa we w'imyaka 13 wapfuye yigana ibyo yari yabonye ku mbuga nkoranyambaga. Sonia Hopkin yavuze ko umukobwa we, Tiegan...
Mu Butaliyani, inkuru ya Laura Mesi yakomeje gukurura amatsiko n’impaka ku mbuga nkoranyambaga no mu bitangazamakuru. Uyu mugore w’imyaka 40, uzwi nk’umutoza w’imyitozo ngororamubiri, yafashe icyemezo kidasanzwe cyo kwishyingira, nyuma yo kurambirwa gutegereza umugabo yafataga nk’uw’inzozi ze. Laura...
Mu myaka ya vuba, uburyo bwo guhindura ishinya (tattoo) umukara, cyane cyane ku rubyiruko rwo mu Rwanda, buragenda buzamuka. Guhindura ishinya cyangwa iminwa umukara hifashishijwe tattoo ni imwe mu myidagaduro no guhanga ibishya ku mubiri. Iyi myemerere ikomeje...
Abanya-Kenya bakomeje guterwa urujijo nyuma y’uko umugore wiyitiriye kuba ari nyina wa muhanzi w’icyamamare Kevin Bahati atangaje ko akiri muzima, kandi ko ari we yamubyaye. Iyi mvugo ikomeje kuvugisha benshi kuko ihabanye n’inkuru Bahati amazeyo imyaka avuga ko...
Hasigaye ibyumweru bitatu gusa ngo umwaka w’amashuri wa 2025-2026 utangire ku itariki ya 8/9/2025. Kuva kuri uyu wa mbere abanyeshuri batangiye ibizami bizamara iminsi itatu bigaragaza niba bazimuka cyangwa bazasubira mu mwaka bigagamo. Sengabo Ayubu, Umuyobozi wa G.S...