U Rwanda ruzakira imurikagurisha mpuzamahanga ngarukamwaka ku nshuro yaryo ya 28, rizitabirwa n’ibihugu birenga 30 hamwe n’abashoramari bagera kuri 450. Iri murikagurisha rizatangira ku wa 29 Nyakanga rigasozwa ku wa 17 Kanama 2025, rizabera ahasanzwe habera iki gikorwa...
Uwiyita Nibisazi ku mbuga nkoranyambaga yandikiye Polisi y’u Rwanda avuga ko ibintu bitifashe neza mu mibereho ye, asaba ko yajyanwa mu Kigo Ngororamuco cya Iwawa giherereye mu Karere ka Rutsiro mu Ntara y’Iburengerazuba kwigirayo imyuga. Ni ubutumwa yashyize...
Usanzwe wumva bavuga ngo ibintu ni magirirane, yewe no mungo ubu bisigaye bikunze gukoreshwa ngo umugabo n’umugore ni magirirane. Ese waba uzi aho iyi nsigamigani yakomotse? Uyu mugani baca kenshi, bawuca iyo babonye ineza yiturwa indi, ni bwo...
Donald Trump akigera ku butegetsi yasinye itegeko ribuza ababana bahuje ibitsina kujya mu gisirikare, nyuma y’igihe gito avuga ko agomba gushyiraho amategeko na politike bihindura ibintu ku buryo abantu bihinduje igitsina azabirukana mu mirimo itandukanye. Nyuma y’iminsi irindwi...
Judith Babirye, umuririmbyi w’indirimbo zihimbaza Imana ukomoka muri Uganda, amaze imyaka itanu aba muri Canada nyuma yo kuhimukira mu 2018. Yibarutse umwana wa kabiri nyuma y’uko ahagera, ubwo yari afite imyaka 42. Uyu muririmbyi wamenyekanye cyane arashishikariza Abanya-Uganda...
Basomyi bacu muraho kandi murakomeye? Amahoro y'Imana abane na mwe. Mu minsi ishize hari umugore watwandikiye adusaba ko mwamugira inama ku kibazo kimukomereye kandi avuga ko amaranye igihe. Mureke dufatanye kumugira inama. UBUHAMYA: Nahisemo kubandikira hano kubera inama...
Imvugo nyinshi zigenda zikoreshwa ahantu hatandukanye, kenshi na kenshi hakibazwa inkomoko yazo. Iyo bavuze bati kanaka “aravugisha inani na rimwe” si benshi bahita bumva inkomoko yabyo nubwo atari imvugo ya kera cyane. Iyo babonye umuntu wigize ibuye afite...
Urukundo ku basore n’inkumi bakigerageza uba ari nk’umukino, buri ruhande rukeneye kwerekana ko rushoboye kandi rukwiye umwanya mwiza. Iyo umusore n’inkumi basohokanye bwa mbere, abakobwa bagira utuntu twinshi cyane bitondera kurusha abasore. Ibi ni bimwe na bimwe byatangajwe...
Michael Graf von Moltke, Umuyobozi w’Ishami rishinzwe kugenza ibyaha, aganira n’itangazamakuru muri uwo Mujyi wa Düsseldorf yagize ati, “Izo Pizza nizo zagurishwaga cyane kurusha izindi zose”.
Abafotozi barenga ijana bashinze ‘Image Rwanda’, bafunguye inzu ’Northern Creative Corner’ bazajya bamurikiramo ibikorwa byabo bikubiye mu mafoto, bakanahuguriramo urubyiruko rwifuza kwiga uyu mwuga. Iyi nzu bafunguye mu karere ka Musanze bavuga ko izafasha ba mukerarugendo basura u...