Umuhanzi w’icyamamare muri Afurika y’Iburasirazuba, Alikiba, yifatanyije n’Abanyarwanda mu gihe cy’ikorwa rya Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, asaba ko amateka mabi atazongera kwisubiramo ukundi. Uyu muhanzi ukomoka muri Tanzania, usanzwe ufite abakunzi benshi...
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwataye muri yombi Eric Semuhungu gusa ibyo akekwaho ntibyatangajwe kuko bishobora kubangamira iperereza. Umuvugizi wa RIB, Dr. Murangira B. Thierry, yagize ati: “Eric Sebuhungu yarafshwe. Ariko ntakindi dushobota gutanga kugira ngo bitabangamira iperereza. Ibyo...
Umuhanzikazi Spice Diane, yashimangiye akamaro k’uburezi mu bahanzi, yagaragaje ko bumufasha mu mwuga we wa muziki. Mu kiganiro “Bold Women” cyatambutse kuri NTV Uganda, Spice Diana yavuze uburyo ahuza amasomo n’umuziki, yanagaragaje ko uburezi bugira uruhare rukomeye mu...
Filime “Ben’Imana” y’umunyarwandakazi Dusabejambo Marie-Clémentine ikomeje kuvugisha benshi mu bakunzi ba sinema, nyuma yo gutoranywa mu cyiciro cya “Un Certain Regard” mu iserukiramuco rikomeye ku Isi rya sinema, Cannes Film Festival 2026. Iyi filime igaruka ku mateka ya...
Mu gihe u Rwanda n’inshuti zarwo bari mu bihe byo Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, umusizi akaba n’umwanditsi w’indirimbo Rumaga yagaragaje ko ubuhanzi bukwiye kugira uruhare rukomeye mu gushimangira ubudaheranwa no kubaka ubumwe...
Kureba filime zivuga ku mateka ya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 ni uburyo bwo kwibuka, kwiga no kurinda ukuri. Izi filime zatoranyijwe na impinga.rw ziboneka kuri YouTube kandi zifasha urubyiruko kumva amateka no kurushaho gusigasira ubumwe bw’Abanyarwanda. Dreams...
Mu Rwanda hose, uko ukwezi kwa Mata gutangiye, amajwi yumvikana kuri radiyo na televiziyo arahita ahinduka. Indirimbo zisanzwe zishimisha abantu zisimburwa n’izituje, ziganisha ku kwibuka no gutekereza ku mateka. Ku Banyarwanda benshi, iri hinduka ni ikimenyetso cy’igihe cyo...
Abahanzi bakomeye mu Karere ka Afurika y’Iburasirazuba, barimo Harmonize ndetse n’itsinda rya Good Lyfe, bifatanyije n’u Rwanda n’Isi muri iki gihe cyo Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Uyu muhanzi w’Umunya-Tanzania, Harmonize, yagaragaje ko...
Umuhanzi Ndayishimiye Musinga Joseph uzwi nka Musinga Joe, yashyize hanze indirimbo nshya yise “Agakanzu ka Murerwa”, igaruka ku mateka yihariye y’uburyo ababyeyi bifashishije ubwenge bagakiza abana babo b'abahungu muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Iyi ndirimbo nshya "Agakanzi...
Mu gihe u Rwanda riri mu bihe byo Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, umuhanzikazi Bwiza yacyebuye urubyiruko arusaba kumva ko ibi bihe atari iby’ikiruhuko cyangwa guceceka ku mbuga nkoranyambaga, ahubwo ari umwanya wo...