Umuhanzikazi Jowy Landa yatangaje ko yifuza gukorana indirimbo n’umuhanzi King Saha, avuga ko amufitiye urukundo rukomeye. Mu kiganiro yagiranye n’itangazamakuru, Jowy Landa, ukomeje gushyira hanze indirimbo nshya uko bukeye n’uko bwije, yagaragaje ko impano idasanzwe ya King Saha...
Mu gihe abahanzi mpuzamahanga bakomeje gushimwa cyane mu bitaramo bakorera mu Rwanda, hagenda hagaragara impak ku abahanzi b’imbere mu gihugu badatanga umusaruro ungana n’uwabo, aho benshi batunga agatoki ikibazo cy’amikoro make bahabwa. Ni mu murongo umwe n’ibi, umuhanzi...
Umuririmbyi Element EleéeH, ubifatanya no gutunganya indirimbo, yatangaje ko ari kwitegura gushyira hanze album ye ya mbere yahurijeho abahanzi mpuzamahanga bakomeye barimo Ruger, Kizz Daniel, Qing Madi n’abandi. Ybigarutseho bwa mbere ubwo yaganiraga na Radio Salus mu kiganiro...
Niba ukoresha imbuga nkoranyambaga cyangwa ukurikiranira hafi ibiziberaho hano mu Rwanda, biragoye ko wambwira ko utazi Tesha, inshuti y’akadasohoka ya DJ Brianne bakunze kuba bari kumwe henshi ndetse banakorana ibiganiro banyuza kuri shene yabo ya YouTube. Tesha ashimira...
Ministiri w’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi, Dr. Utumatwishima Jean Nepo Abdallah yatangaje ko imyambarire y’umuraperikazi, Doja Cat waraye ataramiye i Kigali ntacyo itwaye mu buhanzi gusa ahishura ko uzabikora atari ku rubyiniro azaba akosheje. Ibi Min Abdallah yabigarutseho mu gitondo...
Umunyamideli akaba n’icyamamare ku mbuga nkoranyambaga Zari Hassan yahakanye amakuru y’ibihuha yakwirakwijwe ku mbuga nkoranyambaga, aho yavugaga ko atishimira umugabo we Shakib Chama Lutaay. Mu minsi ishize, ku mbuga nkoranyambaga hasakaye amafoto (screenshots) agaragaza amagambo asa n’ayanditswe na...
Amatike yo kwinjira mu gitaramo cy’iserukiramuco rya Move Africa , cyatumiwemo umuhanzikazi Doja Cat ukomoka muri Leta Zunze Ubumwe za America akaba numwe mu bakomeye ku rwego mpuzamahanga, yamaze gushira ku isoko. Aya matike yashize mbere y’uko igitaramo...
Miss wacyuye igihe wa Uganda, Hannah Karema Tumukunde, yinjiye mu ipiganwa ryo kuyobora Guild muri Makerere University, ibintu byakuruye amarangamutima n’ibiganiro byinshi mu banyeshuri. Mu gihe amatora yegereje, abanyeshuri benshi bakomeje gukurikiranira hafi uko uyu mukobwa azitwara muri...
Umunyamakuru ukora mu gisata cy’ imyidagaduro Prim Asiimwe yatangaje ko ashobora gukundana n’umuhanzi A Pass, ariko akavuga ko hari impmvu imwe itamwerera gukundana na we. Mu kwezi kwa Kanama 2023, abakoresha imbuga nkoranyambaga benshi bagize urujijo nyuma y’uko...
Umuhanzi Deus Ndugwa, wamamaye nk Grenade Offical, bivugwa ko yahinduye idini yinjira mu idini ya Islamu, akaba yiyongera ku bandi bahanzi bo muri Uganda binjiye muri iri dini rya Islamu. Amakuru avuga ko uyu muhanzi yavuye mu idina...