• AHABANZA
  • UBWANDITSI
  • KWAMAMAZA
  • AMATEGEKO
Saturday, May 23, 2026
Impinga Media
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
No Result
View All Result
Impinga Media
  • Inkuru Nyamukuru
  • Imyidagaduro
  • Ikoranabuhanga
  • Ibirori
Home Imyidagaduro

Umunyamakurukazi wiyongeresheje ikibuno ari kwicuza

MUNYANKINDI Alphonse by MUNYANKINDI Alphonse
May 16, 2026
Reading Time: 1 min read
A A

Sophie Elise, umunyamakuru kuri televiziyo ndetse akaba umwe mu bakurikirwa cyane ku mbuga nkoranyambaga muri Norvège, yavuze ko yicuza icyemezo yafashe cyo kongeresha ikibuno akoresheje uburyo bwa silicone.

Uyu mukobwa yavuze ko yabazwe afite imyaka 20 nyuma yo kubona ko ananutse cyane. Yagiye kubikoresha muri Turkey, aho yakorewe uburyo bwo kongera ikibuno hakoreshejwe ibinure bikurwa ku mubiri bikimurirwa ku kibuno.

Sophie Elise ngiki ikibuno yagize nyuma yo kwibagisha

Mu gihe yabanje kunyurwa n’ibyavuye muri icyo gikorwa, nyuma yaje gutangira guhura n’ibibazo byo kunengwa n’abantu benshi bamukurikira. Bamubwiraga ko ikibuno cye kitajyanye n’umubiri we.

Sophie Elise yavuze ko icyo gihe yafashe icyemezo yihuse kandi atabanje kubitekerezaho bihagije. Ubu avuga ko amaze kubona ko yari afite imiterere y’umubiri mwiza ku buryo bw’umwimerere.

Nyuma y’imyaka itanu abazwe, ubu arifuza kugabanyirizwa ibyo yatewe ku kibuno kugira ngo yongere agaragare uko yahoze mbere.

Uyu mukobwa yavuze ko yamaze kubona umuganga uzamufasha muri icyo gikorwa, ndetse asobanura ko yahisemo gukorana n’inzobere zizewe aho kwizera abamamaza ibikorwa byo kubaga ku mbuga nkoranyambaga.

Abaganga batandukanye bakomeje kugaragaza impungenge ku kubaga hagamijwe kongera imiterere y’umubiri, cyane cyane ibikorwa bikorerwa hanze y’ibihugu by’abo bireba. Hari aho byagiye biteza ibibazo bikomeye by’ubuzima ndetse rimwe na rimwe bikaviramo bamwe urupfu.

Previous Post

The Ben na Bruce Melodie bahataniye MTN Caller Tunez Awards 2026

Next Post

Dance Mamweta yatangaje uko Ruger yahinduye ubuzima bwe

MUNYANKINDI Alphonse

MUNYANKINDI Alphonse

IZINDI NKURU WASOMA

“Mfite ibitsina gore bibiri”: Ubuzima bukomeye bwa Abigael bwakoze benshi ku mutima

“Mfite ibitsina gore bibiri”: Ubuzima bukomeye bwa Abigael bwakoze benshi ku mutima

by MUNYANKINDI Alphonse
4 hours ago

Abigael Kendi ni umukobwa w’imyaka 19 wo muri Kenya ufite ubuzima budasanzwe bwatangaje benshi. Yavutse afite inkondo ebyiri z’umura, nyababyeyi...

DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice

DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice

by MUNYANKINDI Alphonse
5 hours ago

Shema Arnaud de Bosscher wamamaye nka DJ Toxxyk yakatiwe n’Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge igifungo cy’umwaka n’amezi atandatu ndetse anacibwa ihazabu...

Aston Villa Yegukanye Europa League

Aston Villa Yegukanye Europa League

by MUNYANKINDI Alphonse
2 days ago

Ikipe ya Aston Villa yatsinze SC Freiburg ibitego 3-0 yegukana UEFA Europa League ku nshuro ya mbere mu mateka yayo....

Next Post
Dance Mamweta yatangaje uko Ruger yahinduye ubuzima bwe

Dance Mamweta yatangaje uko Ruger yahinduye ubuzima bwe

Ebola yongeye kwaduka muri DR Congo iri koreka imbaga

Ebola yongeye kwaduka muri DR Congo iri koreka imbaga

Eddy Kenzo yakemuye ikibazo cyari kimaze iminsi hagati ya D Star na Mudra

Eddy Kenzo yakemuye ikibazo cyari kimaze iminsi hagati ya D Star na Mudra

“Mfite ibitsina gore bibiri”: Ubuzima bukomeye bwa Abigael bwakoze benshi ku mutima
Mu mahanga

“Mfite ibitsina gore bibiri”: Ubuzima bukomeye bwa Abigael bwakoze benshi ku mutima

by MUNYANKINDI Alphonse
May 23, 2026
DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice
Imyidagaduro

DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice

by MUNYANKINDI Alphonse
May 23, 2026
Aston Villa Yegukanye Europa League
Imikino

Aston Villa Yegukanye Europa League

by MUNYANKINDI Alphonse
May 21, 2026
Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi
Imyidagaduro

Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi

by MUNYANKINDI Alphonse
May 21, 2026

Stay Connected

Popular Post

    YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD
    ADVERTISEMENT
    Impinga Media

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    Navigate Site

    • AHABANZA
    • UBWANDITSI
    • KWAMAMAZA
    • AMATEGEKO

    Follow Us

    No Result
    View All Result
    • AHABANZA
    • Imyidagaduro
      • Imikino
      • Sinema
      • Ibirori & Muzika
    • Ikoranabuhanga
    • Ubuzima
    • Ubukungu
    • IBINDI
      • Biravugwa
      • Inkuru z’amashusho
      • Inkuru Ndende
      • Impinga Quiz & Survey
      • Utuntu n’utundi

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.