• AHABANZA
  • UBWANDITSI
  • KWAMAMAZA
  • AMATEGEKO
Saturday, May 23, 2026
Impinga Media
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
No Result
View All Result
Impinga Media
  • Inkuru Nyamukuru
  • Imyidagaduro
  • Ikoranabuhanga
  • Ibirori
Home Imyidagaduro

Dance Mamweta yatangaje uko Ruger yahinduye ubuzima bwe

Alex RUKUNDO by Alex RUKUNDO
May 17, 2026
Reading Time: 1 min read
A A

Mu buryo Ruger atazi numwe mu bafashije umubyinnyi Dance Mamweta kungera ku ntsinzi nyuma y’imyaka itari mike amwandikira kuri Instagram ariko ntamusubize.

Mamweta yavuze ko yamaze imyaka igera kuri ine yohereza ubutumwa kuri Instagram asaba Ruger amahirwe yo gukorana na we, ariko ntabashe gusubinzwa.

Uyu mubyinnyi yavuze ko yahoraga yohereza kuri Instagram amashusho ye abyina ndetse kayaherekesha taga ya Ruger, yizeye ko umunsi mwe azabona impano ye.

Yagize ati: “Najyaga nohereza ibikorwa byanjye kuri Instagram nkanashyiraho taga yiwe ariko ntiyigeze asubiza. Nategereje imyaka ine yose nizeye ko azasubiza, ariko umunsi umwe nyuma yo kumwoherereza amwe mu mashusho yanjye, ndebye muri DM nsanga yasubije. Hari muri 2022, nyuma tuza guhana contacts.”

Mamweta yavuze ko kandi ibintu byahise bihinduka nyuma y’uko Ruger abonye amashusho ye abyina, ndetse ko baje gukora ubwo Ruger yajyaga gutaramira muri Uganda.

Yakomeje avuga ko nyuma y’uko amashusho yakwirakwiriye ku mbuga nkoranyambuga ari kumwe na we, ndetse ko Ruger yaje no kumutumira muri Kenya.

Ati: “Icyo gihe indirimbo ‘Girlfriend’ yari iri guca ibintu hirya no hino ku isi, iyo ni yo twambyinannye kuri stage. Ayo mashusho yahise akwirakwira cyane, najye mpita namamara gutyo.”

Mamweta yasoje avuga ko gukora n’umuhanzi ukomeye nka Ruger byamufashije kuzamura izina rye ndetse n’agaciro ke ku isoko karazamuka.

Ati: “Iyo abantu babonye ko wakoranye n’umuhanzi ukomeye nka Ruger ikindi yaranagutumiye , ntibongera gufata ibikorwa byawe nk’ibisanzwe. Icyubahiro n’agaciro baguhaga bihita byiyogera.

Previous Post

Umunyamakurukazi wiyongeresheje ikibuno ari kwicuza

Next Post

Ebola yongeye kwaduka muri DR Congo iri koreka imbaga

Alex RUKUNDO

Alex RUKUNDO

IZINDI NKURU WASOMA

DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice

DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice

by MUNYANKINDI Alphonse
5 hours ago

Shema Arnaud de Bosscher wamamaye nka DJ Toxxyk yakatiwe n’Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge igifungo cy’umwaka n’amezi atandatu ndetse anacibwa ihazabu...

Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi

Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi

by MUNYANKINDI Alphonse
2 days ago

Umuhanzikazi w’icyamamare Shakira yatangaje ko yatumiye itsinda rya Ghetto Kids kuzataramana na we mu birori byo hagati mu mukino wa...

Spice Diana Yongeye gukorana na Selecta Rizzon

Spice Diana Yongeye gukorana na Selecta Rizzon

by MUNYANKINDI Alphonse
2 days ago

Umuhanzikazi wo muri Uganda Spice Diana yongeye kuvugisha abakunzi b’umuziki nyuma y’amakuru avuga ko yongereye Selecta Rizzon mu ikipe imufasha...

Next Post
Ebola yongeye kwaduka muri DR Congo iri koreka imbaga

Ebola yongeye kwaduka muri DR Congo iri koreka imbaga

Eddy Kenzo yakemuye ikibazo cyari kimaze iminsi hagati ya D Star na Mudra

Eddy Kenzo yakemuye ikibazo cyari kimaze iminsi hagati ya D Star na Mudra

“The Beast”: Imodoka ya Perezida wa Amerika itinya amasasu n’ibisasu

“The Beast”: Imodoka ya Perezida wa Amerika itinya amasasu n’ibisasu

“Mfite ibitsina gore bibiri”: Ubuzima bukomeye bwa Abigael bwakoze benshi ku mutima
Mu mahanga

“Mfite ibitsina gore bibiri”: Ubuzima bukomeye bwa Abigael bwakoze benshi ku mutima

by MUNYANKINDI Alphonse
May 23, 2026
DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice
Imyidagaduro

DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice

by MUNYANKINDI Alphonse
May 23, 2026
Aston Villa Yegukanye Europa League
Imikino

Aston Villa Yegukanye Europa League

by MUNYANKINDI Alphonse
May 21, 2026
Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi
Imyidagaduro

Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi

by MUNYANKINDI Alphonse
May 21, 2026

Stay Connected

Popular Post

    YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD
    ADVERTISEMENT
    Impinga Media

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    Navigate Site

    • AHABANZA
    • UBWANDITSI
    • KWAMAMAZA
    • AMATEGEKO

    Follow Us

    No Result
    View All Result
    • AHABANZA
    • Imyidagaduro
      • Imikino
      • Sinema
      • Ibirori & Muzika
    • Ikoranabuhanga
    • Ubuzima
    • Ubukungu
    • IBINDI
      • Biravugwa
      • Inkuru z’amashusho
      • Inkuru Ndende
      • Impinga Quiz & Survey
      • Utuntu n’utundi

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.