• AHABANZA
  • UBWANDITSI
  • KWAMAMAZA
  • AMATEGEKO
Saturday, May 23, 2026
Impinga Media
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
No Result
View All Result
Impinga Media
  • Inkuru Nyamukuru
  • Imyidagaduro
  • Ikoranabuhanga
  • Ibirori
Home Imyidagaduro

Eddy Kenzo yakemuye ikibazo cyari kimaze iminsi hagati ya D Star na Mudra

Alex RUKUNDO by Alex RUKUNDO
May 17, 2026
Reading Time: 1 min read
A A

Perezida w’ihuriro ry’abahanzi muri Uganda, Uganda National Musicians Federation UNMF Eddy Kenzi, yinjiye mu kibazo kira hagati ya D Star na Mudra D Viral ki jyanye no kutumvikana neza ku buranganzira n’amafaranga by’indirimbo bahuriye bise ‘Hoozambe Remix’.

Iki kibazo cyavugishije benshi ku mbuga nkoranyambuga  nyuma y’uko D Star ashinje Mudra kuba yarinjije amafaranga arenga miliyono 140 z’amashilingi ya Uganda avuye kuri YouTube, mu gihe we avuga ko nta nyungu yabonye nk’ize.

Ku ruhande rwa Mudra, yahakanye ayo makuru avuga ko ataranagaruza n’igishoro yashoye mu kwamamaza no gukwirakwiza iyo ndirimbo hirya no hino.

Mu butumwa yasangije abantu kuri TikTok na Facebook, Eddy Kenzo yavuze ko ikibazo cyamaze gukemuka nyuma y’uko abo bahanzi bombi bumvikanye.

Kenzo yavuze ko kutumvikana kwabo kwaterarwaga n’urujijo rwari ku bijyanye n’uburenganzira bwa master y’indirimbo ndetse n’amakuru atari yo yavugwaga ku mafaranga yinjijwe n’iyo ndirimbo ku mbuga za digital.

Eddy Kenzo yakemuye ikibazo cyari kimaze iminsi hagati ya D Star na Mudra

Yagize ati: “Habaye kutumvikana ku muntu wari ufite master ya ‘Hoozambe Remix’ cyane ko hari ibihuha byavugaga ko Mudra ari kurya amafaranga yose kandi wenyine.”

Yakomeje avuga ko bakoresheje abantu b’inzobere mu bijyanye no gukwirakwiza umuziki kuri murandasi, basanga amafaranga Mudra yari amaze kubona atangera kuri 2% by’ayo yavugwaga.

Kenzo yavuze kandi ko D Star na Mudra bamaze no gusinya amasezerano mashya agaragaza uburyo amafaranga y’iyo ndirimbo azajya agabanwa mui gihe kiri imbere.

Yanatangaje ko aba bahanzi bombi biteganyijwe ko bazongera gukorana no kuririmbana “Hoozambe Remix” ku rubyiniro nyuma yo gukemura ayo makimbirane.

Nubwo yemeje ko bumvikanye, Kenzo yavuze ko adashobora gushyira hanze ibikubiye muri ayo masezerano, kuko ari aba bahanzi bazahitiramo niba bashaka kubitangaza cyangwa kutayatngaza.

Previous Post

Ebola yongeye kwaduka muri DR Congo iri koreka imbaga

Next Post

“The Beast”: Imodoka ya Perezida wa Amerika itinya amasasu n’ibisasu

Alex RUKUNDO

Alex RUKUNDO

IZINDI NKURU WASOMA

DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice

DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice

by MUNYANKINDI Alphonse
5 hours ago

Shema Arnaud de Bosscher wamamaye nka DJ Toxxyk yakatiwe n’Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge igifungo cy’umwaka n’amezi atandatu ndetse anacibwa ihazabu...

Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi

Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi

by MUNYANKINDI Alphonse
2 days ago

Umuhanzikazi w’icyamamare Shakira yatangaje ko yatumiye itsinda rya Ghetto Kids kuzataramana na we mu birori byo hagati mu mukino wa...

Spice Diana Yongeye gukorana na Selecta Rizzon

Spice Diana Yongeye gukorana na Selecta Rizzon

by MUNYANKINDI Alphonse
2 days ago

Umuhanzikazi wo muri Uganda Spice Diana yongeye kuvugisha abakunzi b’umuziki nyuma y’amakuru avuga ko yongereye Selecta Rizzon mu ikipe imufasha...

Next Post
“The Beast”: Imodoka ya Perezida wa Amerika itinya amasasu n’ibisasu

“The Beast”: Imodoka ya Perezida wa Amerika itinya amasasu n’ibisasu

Joshua Baraka yataramiye mu kirori cyateguwe na Linus Tattoo Party

Joshua Baraka yataramiye mu kirori cyateguwe na Linus Tattoo Party

Ambassadors of Christ Choir igiye kwizihiriza isabukuru y’imyaka 30 muri Bk Arena

Ambassadors of Christ Choir igiye kwizihiriza isabukuru y’imyaka 30 muri Bk Arena

“Mfite ibitsina gore bibiri”: Ubuzima bukomeye bwa Abigael bwakoze benshi ku mutima
Mu mahanga

“Mfite ibitsina gore bibiri”: Ubuzima bukomeye bwa Abigael bwakoze benshi ku mutima

by MUNYANKINDI Alphonse
May 23, 2026
DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice
Imyidagaduro

DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice

by MUNYANKINDI Alphonse
May 23, 2026
Aston Villa Yegukanye Europa League
Imikino

Aston Villa Yegukanye Europa League

by MUNYANKINDI Alphonse
May 21, 2026
Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi
Imyidagaduro

Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi

by MUNYANKINDI Alphonse
May 21, 2026

Stay Connected

Popular Post

    YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD
    ADVERTISEMENT
    Impinga Media

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    Navigate Site

    • AHABANZA
    • UBWANDITSI
    • KWAMAMAZA
    • AMATEGEKO

    Follow Us

    No Result
    View All Result
    • AHABANZA
    • Imyidagaduro
      • Imikino
      • Sinema
      • Ibirori & Muzika
    • Ikoranabuhanga
    • Ubuzima
    • Ubukungu
    • IBINDI
      • Biravugwa
      • Inkuru z’amashusho
      • Inkuru Ndende
      • Impinga Quiz & Survey
      • Utuntu n’utundi

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.