Ikigo gishinzwe gucunga no kurengera ibidukikije mu gihugu (NEMA) cyashyize hanze itangazo ribuza gutwikira imyanda mu mu mijyi rwagati, no munyegero zawo ndetse no mu turere twose, iri tangazo rirasaba abantu babikora guhita babihagarika bakanbigira inshinganoza buri wese....
Urupfu rwa Alexei Navalny rwongeye kugarura mu biganiro izina ry’ikinyabutabire gikomeye cyane kizwi nka epibatidine uburozi busanzwe buboneka ku ruhu rw’imitubu imwe na imwe yo muri Amerika y’Epfo. Raporo zaturutse mu Bwongereza no mu bindi bihugu by’u Burayi zivuga...
Umuhanzi w'icyamamare muri Uganda, Jose Chameleone, ari mu byishomo byinshi nyuma yo kugenda neza kw'igikorwa cyo kumubaga ijisho ry'iburyo, ijisho ryari ryatangiye gutakaza ubushobozi bwo kureba. Ku wa Kabiri tariki 17 Gashyantare 2026, Chameleone yatangaje aya makuru kuri...
Gupfa ntibisanzwe biha umuntu amahirwe ya kabiri yo kubaho, ariko kuri Patrick Charnley byarabaye. Uyu munyamategeko w’abana babiri, wari ufite imyaka 39 mu 2021, yagize ikibazo gikomeye cy’umutima nyuma y’igihe kirekire akora cyane mu bihe bya Covid-19. Byatangiye...
Ibanga ryo kumva umeze neza nyuma yo gusinzira nijoro burya rishobora kuba mu gukanguka. Akenshi, ingamba twibutswa zishobora kudufasha kumva tumerewe neza ziba zibanda ku gihe cyo kuryama nijoro, nko gushyiraho igihe cyo kuryama no kudahugira cyane kuri...
Ibitaro Kaminuza bya Kigali, CHUK, byatangaje ko uyu munsi ku nshuro ya mbere byabaze umurwayi ufite indwara y'igicuri cyari cyarananiye imiti. Ibi bitaro bivuga ko uko kubaga kwakozwe n'ikipe y'abaganga bo mu Rwanda no mu mahanga b'inzobere mu...
Muri iyi minsi, abana bareba TV cyane ariko kandi benshi bakoresha telephone cyane cyangwa se Ipad. Muri iyi nkuru turabagezaho ibyo akwiriye kureba bimugenewe n’ibigenewe ababyeyi. Nkuko bitangazwa n’urubuga ’healthmatters.nyp.org , ruvuga ko abana bakoresha cyane ’screens’ rero bishobora...
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuzima (RBC) cyatangaje ko kanseri ya prostate ikomeje kwiyongera mu Rwanda ku buryo mu 2025 ari yo kanseri yibasiye abagabo benshi kurusha izindi, ibintu byatumye inzego z’ubuzima zitanga impuruza isaba kwihutisha isuzuma rya kare n’ubukangurambaga....
Imyaka ya 30 ni igihe benshi bumva bafite imbaraga nyinshi, ariko ni na bwo umubiri utangira guhinduka buhoro buhoro mu buryo butagaragara. Abahanga mu by’ubuzima bagaragaza ko imyitwarire ugira muri iyi myaka ari yo ishyiraho umusingi w’ubuzima uzagira...
Mu gihe hashize imyaka myinshi hatangwa imiti itandukanye yo kwirinda Virusi itera Sida, u Rwanda ruri kwitegura gutangira gutanga umuti mushya uzahindura uburyo bwo kwirinda iyi ndwara, aho uzajya uterwa umuntu inshuro ebyiri gusa mu mwaka. Ikigo cy’Igihugu...