• AHABANZA
  • UBWANDITSI
  • KWAMAMAZA
  • AMATEGEKO
Saturday, April 25, 2026
Impinga Media
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
No Result
View All Result
Impinga Media
  • Inkuru Nyamukuru
  • Imyidagaduro
  • Ikoranabuhanga
  • Ibirori
Home Imyidagaduro

“Sinshobora kongera gukoresha amavuta ahindura uruhu”Mary Bata

Alex RUKUNDO by Alex RUKUNDO
February 27, 2026
Reading Time: 1 min read
A A

Umuhanzikazi Mary Bata yatangaje ubuzima yanyuzemo ubwo yakoreshaga amavuta ahindura ibara ry’uruhu (mukorogo, cream that changes skin color,- bleaching), yavuze ko yigeze ku yakorsha agamije guhindura isura ye inzobe.

Mary Bata yavuze ko ari umwe mu bahuye n’ingaruka za bleaching, nubwo yabiretse atarahura n’ingaruka zikomeye nk’uko yari abyiteze. Yavuze ko nubwo atabyicuza cyane, nta guhunda afite yo kongera gukoresha ayo mavuta.

Nk’uko abitangaza, ibibazo bikomeye bigaragara iyo umuntu ahagaritse gukoresha ayo mavuta, cyane ko uruhu rushobora guhinda gurika no gufatwa n’indwara zidateganyijwe.

Yagize ati: “Nigeze gukora amavuta ahindura ibara ry’isura (bleaching). Ndi umwe mu bahuye n’ingaruka zayo, kandi ntibyagenze neza. Ubu sinshobora kongera ku yakoresha. Kandi sinabyicuza kuko nshobora no kongera kubikora, birashoboka. Cyane ko iyo uyakoresheje usa neza, ariko nanone iyo umaze igihe utayakoresha, nib wo ibibazo bitangira ku kugeraho.”

Uretse ibyo yatangaje, Mary Bata yanatanze amakuru meza ku iterambere rye bwite.

Yatangaje ko aherutse gusubira mu ishuri mu rwego rwo gukomeza amasomo ye, kandi ko ari hafi kurangiza.

Yagize ati: “Ubu nasubiye mu ishuri, ndimo gukurikirana masomo yanjye. Mu minsi iri mbere nzasoza amasomo.”

Ku bijyanye n’urukundo, uyu muhanzikazi yavuze ko kuri ubu afitnye mu mubano wuje urukundo. Gusa ntigeze atangaza umukunzi we yahisemo ku mugumisha ari ibingandetse no ku tamushyira ku rubanda.

Yasobanuye ko mu gihe umukunzi we yari umushomeri, ashakaga akazi, we yari icyamamare, bityo avuga ko kumushyira ku karubanda bishobora guhungabya umutekano we

Yagize ati: “Mu by’ukuri nabonye umukunzi unkunda, unyitaho kandi unyumva. Sishaka ku mushyira ku mugaragaro, ariko mu gihe yashakaga kazi, akiri umushomeri, njye nari maze kwamamara, bityo rero mwerekanye aka kanya bishobora ku bangamira umutekano we.”

Yasoje ashimangira ko ari mu rukundo, kandi ko umukunzi we amukunda cyane. Yavuze ko mu gihe kiri imbere ashobora no kuva mu cyiciro cy’abakobwa batarashaka.

Previous Post

Sheebah tangaje ko yinjiye mu isi y’ibiganiro bitambutswa kuri Televiziyo na Radio

Next Post

Uganda: Taxi zigiye kujya zikorera muri parikingi gusa

Alex RUKUNDO

Alex RUKUNDO

IZINDI NKURU WASOMA

Kinshasa: Hongeye kwibukwa urupfu rwa Papa WEMBA ‘umwami wa Rumba’ apfuye

Kinshasa: Hongeye kwibukwa urupfu rwa Papa WEMBA ‘umwami wa Rumba’ apfuye

by MUNYANKINDI Alphonse
22 hours ago

Igihe kirihuta ku bakunzi ba muzika ya Rumba bagikunda kumva indirimbo nka 'Chacun pour soi', 'Show me the way' cyangwa...

Biravugwa ko Sat –B yatandukanye na Belle 9ice

Biravugwa ko Sat –B yatandukanye na Belle 9ice

by Alex RUKUNDO
3 days ago

Umuhanzi w’icyamamare mu Burundi, Sat-B, yemeje ku mugaragaro ko yamaze gutandukana n’umukunzi we bari bamaranye igihe kinini, Belle 9ice (Ingabire...

Miss Mutesi Jolly yatashye inzu y’akataraboneka yujuje i Kigali

Miss Mutesi Jolly yatashye inzu y’akataraboneka yujuje i Kigali

by Alex RUKUNDO
3 days ago

Nyampinga w’u Rwanda 2016, Mutesi Jolly, yashyize ahagaragara amashusho y’iminota itanu n’amasegonda 38’ agaragaza inzu ye nshya aherutse kuzuza i...

Next Post
Uganda: Taxi zigiye kujya zikorera muri parikingi gusa

Uganda: Taxi zigiye kujya zikorera muri parikingi gusa

Bruno K yongeye kugaragaza umutima w’ubugiraneza

Bruno K yongeye kugaragaza umutima w’ubugiraneza

Beenie Gunter yatangaje ko nta makimbirane afitanye na Eddy Kenzo

Beenie Gunter yatangaje ko nta makimbirane afitanye na Eddy Kenzo

Urukundo rushya rwa Abba Marcus imfura ya Cameleone ruri mu mbuto
Uncategorized

Urukundo rushya rwa Abba Marcus imfura ya Cameleone ruri mu mbuto

by MUNYANKINDI Alphonse
April 24, 2026
Kinshasa: Hongeye kwibukwa urupfu rwa Papa WEMBA ‘umwami wa Rumba’ apfuye
Imyidagaduro

Kinshasa: Hongeye kwibukwa urupfu rwa Papa WEMBA ‘umwami wa Rumba’ apfuye

by MUNYANKINDI Alphonse
April 24, 2026
Umuhanzi utabona agiye kwitabira irushanwa ryo kwiruka
Imikino

Umuhanzi utabona agiye kwitabira irushanwa ryo kwiruka

by MUNYANKINDI Alphonse
April 24, 2026
Drake agiye gukorera igitaramo i Kigali 2027
Uncategorized

Drake agiye gukorera igitaramo i Kigali 2027

by Alex RUKUNDO
April 24, 2026

Stay Connected

Popular Post

    YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD
    ADVERTISEMENT
    Impinga Media

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    Navigate Site

    • AHABANZA
    • UBWANDITSI
    • KWAMAMAZA
    • AMATEGEKO

    Follow Us

    No Result
    View All Result
    • AHABANZA
    • Imyidagaduro
      • Imikino
      • Sinema
      • Ibirori & Muzika
    • Ikoranabuhanga
    • Ubuzima
    • Ubukungu
    • IBINDI
      • Biravugwa
      • Inkuru z’amashusho
      • Inkuru Ndende
      • Impinga Quiz & Survey
      • Utuntu n’utundi

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.