• AHABANZA
  • UBWANDITSI
  • KWAMAMAZA
  • AMATEGEKO
Wednesday, June 17, 2026
Impinga Media
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
No Result
View All Result
Impinga Media
  • Inkuru Nyamukuru
  • Imyidagaduro
  • Ikoranabuhanga
  • Ibirori
Home Imyidagaduro

“Sinshobora kongera gukoresha amavuta ahindura uruhu”Mary Bata

Alex RUKUNDO by Alex RUKUNDO
February 27, 2026
Reading Time: 1 min read
A A

Umuhanzikazi Mary Bata yatangaje ubuzima yanyuzemo ubwo yakoreshaga amavuta ahindura ibara ry’uruhu (mukorogo, cream that changes skin color,- bleaching), yavuze ko yigeze ku yakorsha agamije guhindura isura ye inzobe.

Mary Bata yavuze ko ari umwe mu bahuye n’ingaruka za bleaching, nubwo yabiretse atarahura n’ingaruka zikomeye nk’uko yari abyiteze. Yavuze ko nubwo atabyicuza cyane, nta guhunda afite yo kongera gukoresha ayo mavuta.

Nk’uko abitangaza, ibibazo bikomeye bigaragara iyo umuntu ahagaritse gukoresha ayo mavuta, cyane ko uruhu rushobora guhinda gurika no gufatwa n’indwara zidateganyijwe.

Yagize ati: “Nigeze gukora amavuta ahindura ibara ry’isura (bleaching). Ndi umwe mu bahuye n’ingaruka zayo, kandi ntibyagenze neza. Ubu sinshobora kongera ku yakoresha. Kandi sinabyicuza kuko nshobora no kongera kubikora, birashoboka. Cyane ko iyo uyakoresheje usa neza, ariko nanone iyo umaze igihe utayakoresha, nib wo ibibazo bitangira ku kugeraho.”

Uretse ibyo yatangaje, Mary Bata yanatanze amakuru meza ku iterambere rye bwite.

Yatangaje ko aherutse gusubira mu ishuri mu rwego rwo gukomeza amasomo ye, kandi ko ari hafi kurangiza.

Yagize ati: “Ubu nasubiye mu ishuri, ndimo gukurikirana masomo yanjye. Mu minsi iri mbere nzasoza amasomo.”

Ku bijyanye n’urukundo, uyu muhanzikazi yavuze ko kuri ubu afitnye mu mubano wuje urukundo. Gusa ntigeze atangaza umukunzi we yahisemo ku mugumisha ari ibingandetse no ku tamushyira ku rubanda.

Yasobanuye ko mu gihe umukunzi we yari umushomeri, ashakaga akazi, we yari icyamamare, bityo avuga ko kumushyira ku karubanda bishobora guhungabya umutekano we

Yagize ati: “Mu by’ukuri nabonye umukunzi unkunda, unyitaho kandi unyumva. Sishaka ku mushyira ku mugaragaro, ariko mu gihe yashakaga kazi, akiri umushomeri, njye nari maze kwamamara, bityo rero mwerekanye aka kanya bishobora ku bangamira umutekano we.”

Yasoje ashimangira ko ari mu rukundo, kandi ko umukunzi we amukunda cyane. Yavuze ko mu gihe kiri imbere ashobora no kuva mu cyiciro cy’abakobwa batarashaka.

Previous Post

Sheebah tangaje ko yinjiye mu isi y’ibiganiro bitambutswa kuri Televiziyo na Radio

Next Post

Uganda: Taxi zigiye kujya zikorera muri parikingi gusa

Alex RUKUNDO

Alex RUKUNDO

IZINDI NKURU WASOMA

“Mfite ibitsina gore bibiri”: Ubuzima bukomeye bwa Abigael bwakoze benshi ku mutima

“Mfite ibitsina gore bibiri”: Ubuzima bukomeye bwa Abigael bwakoze benshi ku mutima

by MUNYANKINDI Alphonse
4 weeks ago

Abigael Kendi ni umukobwa w’imyaka 19 wo muri Kenya ufite ubuzima budasanzwe bwatangaje benshi. Yavutse afite inkondo ebyiri z’umura, nyababyeyi...

DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice

DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice

by MUNYANKINDI Alphonse
4 weeks ago

Shema Arnaud de Bosscher wamamaye nka DJ Toxxyk yakatiwe n’Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge igifungo cy’umwaka n’amezi atandatu ndetse anacibwa ihazabu...

Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi

Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi

by MUNYANKINDI Alphonse
4 weeks ago

Umuhanzikazi w’icyamamare Shakira yatangaje ko yatumiye itsinda rya Ghetto Kids kuzataramana na we mu birori byo hagati mu mukino wa...

Next Post
Uganda: Taxi zigiye kujya zikorera muri parikingi gusa

Uganda: Taxi zigiye kujya zikorera muri parikingi gusa

Bruno K yongeye kugaragaza umutima w’ubugiraneza

Bruno K yongeye kugaragaza umutima w’ubugiraneza

Beenie Gunter yatangaje ko nta makimbirane afitanye na Eddy Kenzo

Beenie Gunter yatangaje ko nta makimbirane afitanye na Eddy Kenzo

“Mfite ibitsina gore bibiri”: Ubuzima bukomeye bwa Abigael bwakoze benshi ku mutima
Mu mahanga

“Mfite ibitsina gore bibiri”: Ubuzima bukomeye bwa Abigael bwakoze benshi ku mutima

by MUNYANKINDI Alphonse
May 23, 2026
DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice
Imyidagaduro

DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice

by MUNYANKINDI Alphonse
May 23, 2026
Aston Villa Yegukanye Europa League
Imikino

Aston Villa Yegukanye Europa League

by MUNYANKINDI Alphonse
May 21, 2026
Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi
Imyidagaduro

Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi

by MUNYANKINDI Alphonse
May 21, 2026

Stay Connected

Popular Post

    YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD
    ADVERTISEMENT
    Impinga Media

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    Navigate Site

    • AHABANZA
    • UBWANDITSI
    • KWAMAMAZA
    • AMATEGEKO

    Follow Us

    No Result
    View All Result
    • AHABANZA
    • Imyidagaduro
      • Imikino
      • Sinema
      • Ibirori & Muzika
    • Ikoranabuhanga
    • Ubuzima
    • Ubukungu
    • IBINDI
      • Biravugwa
      • Inkuru z’amashusho
      • Inkuru Ndende
      • Impinga Quiz & Survey
      • Utuntu n’utundi

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.