• AHABANZA
  • UBWANDITSI
  • KWAMAMAZA
  • AMATEGEKO
Friday, June 5, 2026
Impinga Media
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
No Result
View All Result
Impinga Media
  • Inkuru Nyamukuru
  • Imyidagaduro
  • Ikoranabuhanga
  • Ibirori
Home Ubuzima

kuki hari abantu baseka mu bibabaje?

Alex RUKUNDO by Alex RUKUNDO
March 17, 2026
Reading Time: 1 min read
A A

Abantu bakunda guseka mu bibabaje baba ari abahanga cyane mu kugenzura amarangamutima yabo. Iyo ukunda kwisanga uri guseka mu bihe bibabaje nko mu kiriyo, uri gutongana n’abantu, cyangwa ufite ubukene, kiba ari ikimenyetso cy’uko ufite ubushobozi bwimbitse bwo kugenzura amarangamutima yawe.

Ntabwo biterwa n’uko ufite uburwayi bwo mu mutwe cyangwa nta mutima ugira. Abantu benshi bahisha amarangamutima yabo cyangwa bakayakabiriza, ariko ubwonko bwawe buhitamo kutagendera mu kigare. Muri pyschology byitwa Incongruous affect cyangwa se Cognitive Processing. Ni uburyo ubwonko bwacu bukoresha mu kwakira ibintu bitubayeho tutari twiteze.

Ibyo bijyanirana no gukunda amashyengo ababaje cyangwa se ‘dark humour’. Abantu bakunda ubu bwoko bw’amashyengo baba bafite ubushobozi buhambaye bwo kugenzura amarangamutima cyangwa se ‘emotional intelligence’, bakarangwa no guhanga udushya, kandi bakoroherwa no gukemura ibibazo.

Ni ba bantu ushobora gutuka, aho kubikomeza bakabiteramo urwenya. Ubwonko bwabo buba bwarashyizeho ubwirinzi bukomeye ku buryo kubababaza biba bigoye. Twavuga ko ari nk’imbaraga zidasanzwe mu mitekerereze n’amarangamutima.

Previous Post

Grenade Offical yinjiye mu idini rya Islam

Next Post

Dore impamvu utacyumva icyanga cy’ubuzima

Alex RUKUNDO

Alex RUKUNDO

IZINDI NKURU WASOMA

“Mfite ibitsina gore bibiri”: Ubuzima bukomeye bwa Abigael bwakoze benshi ku mutima

“Mfite ibitsina gore bibiri”: Ubuzima bukomeye bwa Abigael bwakoze benshi ku mutima

by MUNYANKINDI Alphonse
2 weeks ago

Abigael Kendi ni umukobwa w’imyaka 19 wo muri Kenya ufite ubuzima budasanzwe bwatangaje benshi. Yavutse afite inkondo ebyiri z’umura, nyababyeyi...

Ebola yongeye kwaduka muri DR Congo iri koreka imbaga

Ebola yongeye kwaduka muri DR Congo iri koreka imbaga

by MUNYANKINDI Alphonse
3 weeks ago

Africa Centres for Disease Control and Prevention yatangaje ko icyorezo gishya cya Ebola cyadutse mu burasirazuba bwa Democratic Republic of...

Gukora imibonano mpuzabitsina kabiri mu Cyumweru birinda ibyago byo kurwara kanseri

Gukora imibonano mpuzabitsina kabiri mu Cyumweru birinda ibyago byo kurwara kanseri

by Alex RUKUNDO
4 weeks ago

Igikorwa cyo gukora imibonano mpuzabitsina iyo gikozwe neza kandi cyitondewe uretse kuba gitanga ibyishimo bigira n’inyungu nyinshi ababikora zirimo kugira...

Next Post
Dore impamvu utacyumva icyanga cy’ubuzima

Dore impamvu utacyumva icyanga cy’ubuzima

Prim Asiimwe yatangaje ko adashobora gukundana na A Pass

Prim Asiimwe yatangaje ko adashobora gukundana na A Pass

Hannah Karema Tumukunde wahoze ari miss wa Uganda yiyamamarije kuyobora Guild muri Makerere

Hannah Karema Tumukunde wahoze ari miss wa Uganda yiyamamarije kuyobora Guild muri Makerere

“Mfite ibitsina gore bibiri”: Ubuzima bukomeye bwa Abigael bwakoze benshi ku mutima
Mu mahanga

“Mfite ibitsina gore bibiri”: Ubuzima bukomeye bwa Abigael bwakoze benshi ku mutima

by MUNYANKINDI Alphonse
May 23, 2026
DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice
Imyidagaduro

DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice

by MUNYANKINDI Alphonse
May 23, 2026
Aston Villa Yegukanye Europa League
Imikino

Aston Villa Yegukanye Europa League

by MUNYANKINDI Alphonse
May 21, 2026
Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi
Imyidagaduro

Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi

by MUNYANKINDI Alphonse
May 21, 2026

Stay Connected

Popular Post

    YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD
    ADVERTISEMENT
    Impinga Media

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    Navigate Site

    • AHABANZA
    • UBWANDITSI
    • KWAMAMAZA
    • AMATEGEKO

    Follow Us

    No Result
    View All Result
    • AHABANZA
    • Imyidagaduro
      • Imikino
      • Sinema
      • Ibirori & Muzika
    • Ikoranabuhanga
    • Ubuzima
    • Ubukungu
    • IBINDI
      • Biravugwa
      • Inkuru z’amashusho
      • Inkuru Ndende
      • Impinga Quiz & Survey
      • Utuntu n’utundi

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.