Mu mujyi wa Taunsa mu ntara ya Punjab muri Pakistan, haravugwa ikibazo gikomeye cy’abana benshi bandujwe virusi itera SIDA muri Pakistan, bikekwa ko byatewe n’ikoreshwa ry’inshinge zakoreshejwe mbere mu bitaro bya leta. Iperereza ryakozwe na BBC Eye rigaragaza...
Umuyobozi Mukuru wa Akagera Aviation, Patrick Nkulikiyimfura, yitabye Imana ku myaka 57, mu rukerera rwo ku wa 12 Mata 2026, aguye mu Bitaro bya Gisirikare bya Kigali (Rwanda Military Hospital), aho yari ari kumwe n’umuryango we n’inshuti ze...
Indwara itaramenyekana imaze gutera impungenge mu gihugu cy’Burundi nyuma y’uko imaze guhitana abantu batanu, mu gihe abandi 35 bayanduye. Iyi ndwara yagaragaye muri komine ya Mpanda, mu ntara ya Bujumbura, aho inzego z’ubuzima zatangiye iperereza rikomeye ngo hamenyekane...
Mu mateka y’isi, abagore ntibahoraga babyara baryamye bagaramye nk’uko bikunze kugaragara mu bitaro byinshi muri iki gihe. Ahubwo mu myaka ibihumbi ishize, abagore benshi babyaraga bahagaze, bapfukamye cyangwa bicaye basutamye, uburyo bwafashaga umwana kuvuka byoroshye. Gusa uko imyaka...
Munyanshoza Dieudonne uzwi cyane nka Mibirizi, ni umwe mu bahanzi bafite izina rikomeye mu muziki nyarwanda, by’umwihariko mu ndirimbo zafashije Abanyarwanda mu rugendo rwo kwiyubaka no gukira ibikomere byatewe na Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Uretse kuba umuhanzi,...
Mu ngo nyinshi zo hirya no hino ku isi, abagore bavuga ko bahora bananiwe nubwo hari imirimo igaragara baba barangije. Abashakashatsi bavuga ko hari umutwaro wihishe wo mu mutwe (mental load) utera uyu munaniro, ukaba akenshi utagaragara ariko...
Ubushakashatsi bushya bwagaragaje ko ibisuko, perike n’imishatsi y’inyongera abagore benshi bakoresha ku Isi bishobora kuba birimo ibinyabutabire bifitanye isano na kansere y’ibere, ihungabana ry’imisemburo n’ibibazo bijyanye no kubyara. Ubu bushakashatsi bwakozwe n’abahanga mu bya siyansi bwagaragaje ko mu...
U Rwanda rwizihije iminsi mpuzamahanga yibanda ku bidukikije ruvugurura gahunda yo kubungabunga amashyamba n’umutungo w’amazi, aho abaturage hirya no hino mu gihugu bateye ibiti mu bikorwa by’Umuganda. Mu muganda wabaye ku wa Gatandatu, tariki ya 28 Werurwe, ahazwi...
Imirambo igera kuri 32, yiganjemo iy'abana, yakuwe mu mva rusange iri mu mujyi wa Kericho mu burengerazuba bwa Kenya, mu gihe iperereza rikomeje kuri uku gutahurwa kwayo kumije benshi. Gutabururwa kw'iyi mirambo byakozwe nyuma y'uko polisi ibonye icyemezo...
Hari ikintu cyatangaje benshi cyabaye muri leta ya Telangana mu Buhinde, aho umugabo wari urakaye yateye umukobwa urushinge nyuma y'uko yanze ko bashyingiranwa. Nyuma byamenyekanye ko urushinge uyo mugabo yamuteye rwarimo amaraso yanduye virusi itera SIDA. Polisi...