Hari ikintu cyatangaje benshi cyabaye muri leta ya Telangana mu Buhinde, aho umugabo wari urakaye yateye umukobwa urushinge nyuma y'uko yanze ko bashyingiranwa. Nyuma byamenyekanye ko urushinge uyo mugabo yamuteye rwarimo amaraso yanduye virusi itera SIDA. Polisi...
Komiseri Mukuru wa Green Party, Hon. Mugisha Alexis, yatangaje ko ishyaka riri gukora ubusesenguzi ku biciro bishya by’umusanzu w’ubwisungane mu kwivuza (Mutuelle de Santé), nyuma y’uko iyi gahunda imaze iminsi ivugisha benshi mu Rwanda. Hon. Mugisha yabigarutseho ku...
Ubwandu bw’imyanya ndangagitsina y’umugore (Les vaginites et infections vaginales) ni ukwangirika kw’iyo myanya ndetse ikaba yanabyimba bitewe n’impamvu zinyuranye cyane cyane udukoko dutandukanye umugore ashobora gukura ahantu hatandukanye. Ubu bwandu bushobora guterwa n’isuku nke, kuba umugore cyangwa umukobwa...
Bitadusabye gutekereza cyane, ushobora kureba umuntu akikuri kure ugahita ubona ko yatsinzwe n’ubuzima. Uzamubona nta mpagarike afite, agenda buhoro mu ngufu nkeya nk’iz’umurwayi ari na ko agerageza guseka ababaye ahisha akababaro. Muri make imbaraga n’ingufu z’ubuzima bwe ziba...
Abantu bakunda guseka mu bibabaje baba ari abahanga cyane mu kugenzura amarangamutima yabo. Iyo ukunda kwisanga uri guseka mu bihe bibabaje nko mu kiriyo, uri gutongana n’abantu, cyangwa ufite ubukene, kiba ari ikimenyetso cy’uko ufite ubushobozi bwimbitse bwo...
Kuva ku gushyira mu maso hawe mu ibakure (cyangwa uruho) irimo amazi akonje cyane yabaye barafu, ukagera ku gukoresha ibikoresho byakonjeshejwe bikishushanya ku matama, imbuga nkoranyambaga ziba zuzuyeho uburyo bwihuse bukwizeza kuba mu maso hawe hareka kubyimba mu...
Ubushakashatsi bushya bwerekana ko ubuziranenge bw'intanga ngabo buba buri hejuru mu mpeshyi, mu gihe bumanuka mu gihe cy'itumba. Abashakashatsi bo mu Bwongereza, Canada na Denmark basuzumye ingero 15,581 z'uturemangingo tw'abagabo bafite hagati y'imyaka 18 na 45 mu bihugu...
Mu gihe abantu benshi bashaka uburyo bwihuse bwo kugabanya ibiro, kwiyiriza ubusa mu buryo bwa "jeûne intermittent" bwigeze kuba inkingi y'inyigisho z'ubuzima ku mbuga nkoranyambaga. Ariko ubushakashatsi bushya burakangurira abakoresha ubu buryo gutekereza neza. Itsinda ry'abashakashatsi bo mu...
Umuhanzikazi Mary Bata yatangaje ubuzima yanyuzemo ubwo yakoreshaga amavuta ahindura ibara ry’uruhu (mukorogo, cream that changes skin color,- bleaching), yavuze ko yigeze ku yakorsha agamije guhindura isura ye inzobe. Mary Bata yavuze ko ari umwe mu bahuye n’ingaruka...
Imyumvire imaze igihe ivuga ko abagore ari bo bagira impuhwe kurusha abagabo iracyagaragara mu muryango nyarwanda n’uw’Isi muri rusange. Abagore bakunze gufatwa nk’abanyempuhwe, mu gihe abagabo bo babonwa nk’abakomeye, badakwiye kugaragaza amarangamutima menshi. Ariko se koko ibi bifite...