• AHABANZA
  • UBWANDITSI
  • KWAMAMAZA
  • AMATEGEKO
Wednesday, August 12, 2026
Impinga Media
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
No Result
View All Result
Impinga Media
  • Inkuru Nyamukuru
  • Imyidagaduro
  • Ikoranabuhanga
  • Ibirori
Home Imyidagaduro

Nabaye umuherwe mfite imyaka 25 – Hon. Balaam Barugahar

Alex RUKUNDO by Alex RUKUNDO
February 5, 2026
Reading Time: 1 min read
A A

Hon. Balaam Barugahara, umucuruzi ukomeye kandi uzwi cyane muri Uganda ndetse akaba ari na Minisitiri w’Igihugu ushinzwe Iterambere ry’Imibereho y’Abaturage, Umurimo n’Imibereho Myiza mu rwego rushinzwe Abana n’Urubyiruko, yatangaje ko yabaye umuherwe (billionaire) akiri muto afite imyaka 25.

Umu kiganiro yagiranye na Spark TV, Hon. Balaam, uzwi ho kuba akunda ibikorwa by’imyidagaduro nk’umunyamakuru ndetse akaba anakunda gutera inkunga ibikorwa b’umuziki, yanavuze ko Imana yamuhaye ubutunzi akiri muto. Ariko nannone akaba abishimira Imana.

Uyu mugabo w’imyaka 46 y’amavuko, yavuze ko icyo asigaye asaba Imana ari ukumufasha kubasha kumva no kwakira ibibazo by’abantu bayo, ndetse no kugira inama ubuyobozi mu mbagara ze nke.

Yagize ati: “Nshobora kwemeza ko ndi umuherwe kuko ndi umusoreshwa wo hagati, ntanga imisoro myinshi kandi mfite imirimo myinshi ishobota gutangwa ku rubyiruko rwinshi no mu bitangazamakuru bitandukanye no mu bucuruzi butandukanye dukora.”

Yakomeje agira ati: “Imana yampaye amafaranga nkiri muto. Nabaye umuherwe mfite imyaka 25. Ubu ndi kwitangira gukorera abanya-Uganda.”

Yasoje avuga ko icyo asaba Imana ari ku mufasha akajya afasha abantu, no gufasha abatishobo ndetse no kubagira inma, ashimangira ko atari buri wese ubashakugera mu biro bye akeneye amafaranga, ahubwo ko hari ababa bakeneye inama zibafasha.

Previous Post

Eddy Kenzo yasobanuriye impamvu atitabiriye Grammy

Next Post

Musanze: RIB yataye muri yombi umubyeyi ukurikiranyweho guhohotera umwana we

Alex RUKUNDO

Alex RUKUNDO

IZINDI NKURU WASOMA

 Sina Gerard Enterprise yazanye udushya dushya muri Expo 2026, Akabanga gahabwa isura nshya y’icyubahiro

 Sina Gerard Enterprise yazanye udushya dushya muri Expo 2026, Akabanga gahabwa isura nshya y’icyubahiro

by Alex RUKUNDO
5 days ago

Mu Imurikagurisha Mpuzamahanga rya 29 ririmo kubera i Gikondo, Sina Gerard Enterprise yongeye kugaragaza udushya twihariye mu bicuruzwa ikora, birimo...

DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice

DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice

by MUNYANKINDI Alphonse
3 months ago

Shema Arnaud de Bosscher wamamaye nka DJ Toxxyk yakatiwe n’Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge igifungo cy’umwaka n’amezi atandatu ndetse anacibwa ihazabu...

Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi

Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi

by MUNYANKINDI Alphonse
3 months ago

Umuhanzikazi w’icyamamare Shakira yatangaje ko yatumiye itsinda rya Ghetto Kids kuzataramana na we mu birori byo hagati mu mukino wa...

Next Post
Musanze: RIB yataye muri yombi umubyeyi ukurikiranyweho guhohotera umwana we

Musanze: RIB yataye muri yombi umubyeyi ukurikiranyweho guhohotera umwana we

DJ Pius yatangaje ko agiye gukorera igitaramo muri Amerika

DJ Pius yatangaje ko agiye gukorera igitaramo muri Amerika

Harmonize yongera kurahira urukundo rwa Kajala: “Ni we mahitamo yanjye ya nyuma”

Harmonize yongera kurahira urukundo rwa Kajala: “Ni we mahitamo yanjye ya nyuma”

 Sina Gerard Enterprise yazanye udushya dushya muri Expo 2026, Akabanga gahabwa isura nshya y’icyubahiro
Ubukungu

 Sina Gerard Enterprise yazanye udushya dushya muri Expo 2026, Akabanga gahabwa isura nshya y’icyubahiro

by Alex RUKUNDO
August 7, 2026
Les médias appelés à changer leur regard sur les violences basées sur le genre
Inkuru Nyamukuru

Les médias appelés à changer leur regard sur les violences basées sur le genre

by MUNYANKINDI Alphonse
June 23, 2026
“Mfite ibitsina gore bibiri”: Ubuzima bukomeye bwa Abigael bwakoze benshi ku mutima
Mu mahanga

“Mfite ibitsina gore bibiri”: Ubuzima bukomeye bwa Abigael bwakoze benshi ku mutima

by MUNYANKINDI Alphonse
May 23, 2026
DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice
Imyidagaduro

DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice

by MUNYANKINDI Alphonse
May 23, 2026

Stay Connected

Popular Post

    YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD
    ADVERTISEMENT
    Impinga Media

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    Navigate Site

    • AHABANZA
    • UBWANDITSI
    • KWAMAMAZA
    • AMATEGEKO

    Follow Us

    No Result
    View All Result
    • AHABANZA
    • Imyidagaduro
      • Imikino
      • Sinema
      • Ibirori & Muzika
    • Ikoranabuhanga
    • Ubuzima
    • Ubukungu
    • IBINDI
      • Biravugwa
      • Inkuru z’amashusho
      • Inkuru Ndende
      • Impinga Quiz & Survey
      • Utuntu n’utundi

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.