Uruganda rw'ibiribwa n'ibinyobwa rwa Nestlé rwatangaje ko rwakuye ku isoko mpuzamahanga bimwe mu bicuruzwa by'amata y'abana kubera impungenge z'uko bishobora kuba birimo ubumara (toxin) bwateza uburozi mu biribwa (food poisoning). Nestlé yavuze ko bimwe mu byiciro (batches) by'amata...
Guhera mu mwaka wa 2026, u Rwanda ruteganya gushyira mu bikorwa imishinga minini izagira uruhare rukomeye mu guteza imbere ubwikorezi, ikoranabuhanga n’imijyi. Iyi mishinga igamije kunoza serivisi zihabwa abaturage, kongera imikorere myiza y’ubukungu no gutuma igihugu gikomeza kugendana...
Minisiteri y’Ubuhinzi n’Ubworozi (MINAGRI) yasabye abahinzi n’aborozi bo hirya no hino mu gihugu gushyira mu bikorwa ubumenyi bahawe mu mahugurwa atandukanye, bakora ubuhinzi n’ubworozi mu buryo bw’umwuga kandi bugezweho, hagamijwe kongera umusaruro, kwihaza mu biribwa no guteza imbere...
Kugabanya igihombo cy’ibiribwa bipfa cyangwa byangirika nyuma yo gusarurwa bikomeje kuba imwe mu mbogamizi zikomeye ku rugendo rw’u Rwanda rugamije kugera ku mutekano w’ibiribwa, kongera agaciro k’umusaruro no kuzamura imibereho y’abahinzi. Ubushakashatsi bushya bugaragaza ko ibibazo bikigaragara mu...
Urwego rw’Igihugu rushinzwe Uburezi bw’Ibanze (REB) rwatangaje ko abari abayobozi b’ibigo by’amashuri 890 bahagaritswe ku nshingano zo kuyobora amashuri nyuma yo gutsindwa isuzuma ryimbitse ry’imikorere n’imyitwarire ryakozwe ku rwego rw’Igihugu. Abo bayobozi bahagaritswe bagizwe n’abari basanzwe bayoboye amashuri...
Ku nkombe z’Ikiyaga cya Kivu, mu karere ka Karongi, uburobyi si akazi gusa ahubwo ni ubuzima, ni ubukungu, kandi ni isoko y’iterambere rifatika ku baturage ndetse no ku gihugu cy’Rwanda muri rusange. Iki kiyaga gifite uruhare rukomeye mu...
Kuri uyu wa Gatanu, Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku biribwa n’ubuhinzi (FAO) ryifatanyije na Minisiteri y’Ubuhinzi n’Ubworozi (MINAGRI) mu kwizihiza Umunsi Mpuzamahanga w’Ibiribwa, hamwe n’abafatanyabikorwa batandukanye n’abaturage bo mu Karere ka Nyamagabe.Insanganyamatsiko y’uyu mwaka igira iti: “Gukorera mu...
Umuyobozi uyoboye agashami k’imirire mu muryango w’abibumbye ushinzwe ubuhinzi n’ibiribwa ku isi FAO Madame Christine Mukantwari aratangaza ko abanyarwanda 5% gusa aribo barya inyama mu gihe abandi 95% batabona inyama mu gihe gikwiye. Ibyo yabitangaje kuri uyu wa...
Kuri uyu wa kabiri tariki ya 30 Nzeri 2025 – Mu nama ya 6 ya Federasiyo y’Abahinzi b’Afurika y’Iburasirazuba (Eastern Africa Farmers Federation – EAFF) yabereye i Kigali, abayobozi, abahinzi n’abafatanyabikorwa bahurije ku gitekerezo kimwe: ubuzima n’umutekano w’ibiribwa...
Mu buzima bwa buri munsi, amafaranga agira uruhare runini mu buryo tubaho, uburyo dutekereza, ndetse n’intego twiyemeza. Gusa hari abantu bamwe babaho baburabuzwa n’amadeni n’imyenda, mu gihe abandi bashobora gukora bike ariko bakagira ituze riturutse ku kuba bafite...