Korali Ambassadors of Christ yakoreye umurimo w’ivugabutumwa mu kigo ngororamuco cya Gitagata, maze benshi mu bari kuhagororerwa bakira agakiza. Ni mu gitaramo cyabaye ku wa Gatandatu, tariki ya 21 Werurwe 2026, mu karere ka Bugesera, umurenge wa Musenyi,...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 20 Werurwe 2026, abakinnyi b’Abayisilamu bakinira APR FC, bifatanyije na bagenzi babo bo mu Rwanda ndetse no ku Isi yose, mu isengesho risoza ukwezi Gutagatifu kwa Ramadhan. Ku rwego...
Mu rwego rwo gukomeza kwimakaza ubutabera no kweza urwego rw’abayobozi b’amadini nyuma ya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, ubuyobozi bw’Itorero ADEPR mu Rwanda bwafashe icyemezo cyo kwambura inshingano abashumba n’ababwirizabutumwa 35 bahamijwe icyaha cya jenoside. Ibi byatangajwe mu...
Umunyarwanda yatorewe kuba umukuru w’ihuriro ry'abanglikani ritemera amwe mu amahame y'ubutegetsi busanzweho bw’iri dini ku isi rikuriwe na Archbishop of Canterbury wo mu Bwongereza. Reverand Laurent Mbanda yatorewe kuba umukuru wa Global Fellowship of Confessing Anglicans (Gafcon) mu...
Abantu 195 bagororerwa mu Ikigo Ngororamuco cya Iwawa bakiriye agakiza nyuma y’igiterane cy’ivugabutumwa cyahakorewe na Korali Ambassadors of Christ ku wa 21 Gashyantare 2026. Iki giterane cyari kigamije kubaha ubutumwa bw’ihumure n’icyizere, kibutsa abahagororerwa ko bishoboka guhinduka no...
Umuziki wa Gospel nyarwanda ukomeje kwambuka imipaka, aho umuhanzi Josh Ishimwe ari kwandika indi paji nshya mu rugendo rwe, ategura igitaramo cye cya mbere muri Poland. Uyu muririmbyi wamamaye mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, yageze i...
Muri uyu mwaka, igisibo gitagatifu cya Islam kizwi nka Ramadhani n’igisibo cy’Abakristu kizwi nka Ikarema byahuriye igihe kimwe, bituma abayoboke b’amadini yombi binjira mu bihe by’umwihariko byo kwegera Imana no kwisuzuma. Nubwo inkomoko n’imigenzo yabyo bitandukanye, bihurira ku...
Minisitiri w'Umutekano w'Imbere mu gihugu muri Uganda, Kahinda Otafiire, yatanze ubutumwa budasanzwe bujyanye n'abapasiteri bakomeye muri Uganda basigaye bashaka uburinzi bwa polisi y'igihugu. Yababwiye ko bagomba kwiringira Imana bakorera, aho gukomeza gutwara amafaranga y'umutekano. Otafiire yavuze ibi mu...
Ukwezi kw’igisibo cya Ramadhani mu mwaka wa 2026 kuzatangira tariki ya 17 Gashyantare ku bihugu bimwe, naho ahandi tariki ya 18 Gashyantare. Igisibo, kimwe mu nkingi eshanu z’idini ya Islamu, gisaba abayisilamu kwiyiriza ubusa kuva izuba rirasohoka kugeza...
Inkuru ya Paul Mackenzie, umuvugabutumwa washinze idini rya Good News International Church muri Kenya, ikomeje kuba igikomere gikomeye ku iyobokamana muri Afurika. Mu gihe akurikiranyweho uruhare mu rupfu rw’abantu basaga 400 babonetse mu ishyamba rya Shakahola, hiyongereyeho n’abandi...