Umuhanzikazi wo muri Afurika y’Epfo, Tyla, yogeye gukubitira mu mavi muhanzi Davido mu gihe cy’ibirori bya Grammy byabaye ku nshuro ya kabiri, ubwo rero Davido yazaga muri ibibirori yaje aherekejwe n’umugore we yifite ikizere cyo cyokwegukana iki gihembo....
Umuhanzi w’icyamamare Mugisha Benjamin , azahuza abakundana n’umuziki wuje amarangamutima mu gitaramo cyihariye kizabera i Kampala mu gihugu cya Uganda ku wa 14 Gashyantare 2026, umunsi wizihirizwa urukundo ku rwego rw’isi, Saint Valentin. Iki gitaramo kizaba kidasanzwe kuko...
Mu gihe injyana ya Hip Hop nyarwanda ikomeje kwaguka no guhabwa umwanya mu myidagaduro, abakunzi bayo bagiye guhurizwa hamwe mu gikorwa kidasanzwe cyiswe Mic Tribe, igitaramo gifatwa nk’urubuga ruhuza abaraperi n’abafana babo mu mwuka umwe w’umuziki, ubuhanzi n’imibanire....
Abakunzi b’umuziki muri Nigeria no hanze yayo baguye mu gahinda nyuma y’urupfu rw’umuhanzi ukizamuka, Ifunanya Nwangene, wapfuye mu mpera z’icyumweru gishize azize kurumwa n’inzoka yari yinjiriye mu nzu ye i Abuja, umurwa mukuru wa Nigeria. Ifunanya Nwangene wari...
Umuhanzi w’Umunya-Uganda Geosteady yatangaje ko ubuzima bwe bwahindutse cyane nyuma yo gusoza gahunda yo kwivura no kwiyubaka mu bigo ngororamuco, aho yari yajyanywe kubera ibibazo by’ibiyobyabwenge. Yagarutse ku masomo akomeye yakuye muri uru rugendo, ashimangira ko kwitandukanya n’ingeso...
Abakunzi b’umuziki nyafurika by’umwihariko uw’i Uganda batuye mu Bwongereza no mu bindi bihugu by’i Burayi bagiye kubona ibyishimo bidasanzwe ku munsi w’abakundana, tariki ya 14 Gashyantare 2026, aho abahanzi bakomeye Spice Diana na Iryn Namubiru bazataramira mu gitaramo...
Zuba Ray yagowe bikomeye no kwakira ko yakoranye indirimbo na King James ahamya ko kubwe n’ubu akibifata nk’inzozi nubwo bamaze gusohora indirimbo bahuriyemo bise ‘Ikirezi’. Ibi Zuba Ray yabigarutseho mu kiganiro yagiranye n'umunyamakuru wa Impinga, nyuma y’uko iyi...
Umuhanzi w’Umunya-Uganda Eddy Kenzo yongeye gutsindwa ku nshuro ye ya kabiri mu bihembo bya Grammy Awards, ariko izina rye riracyagaragara ku rwego mpuzamahanga mu muziki. Kenzo yari ahatanye mu cyiciro cya Best African Music Performance ku ndirimbo ye...
Mu gihe impaka ku ndirimbo Bruce Melodie na The Ben bakoze ziri mu murongo wa ‘diss’ zikomeje gufata indi ntera ku mbuga nkoranyambaga no mu bafana b’umuziki, umuraperi Pacson yumvikanishije ko kuri we, ibyo byombi ntibisatira na gato...
Umuhanzikazi Karole Kasita, yatangaje ko ateganya gukora igitaramo ku giti cye, mu gihe kiri imbere, ibintu bitandukanye cyane n’uburyo busanzwe bwo gutegura ibitaramo buyoborwa n’abamamaza (promoter) ibimenyere cyane mu muziki muri Afurika no mu mahanga. Iki gigitaramo biteganyijwe...