Nyuma yo gukorana indirimbo n’abahanzi batandukanye bo muri Uganda, Bruce Melodie yavuze ko abahanzi bo muri icyo gihugu badashyira imbaraga zihagije mu kwamamaza umuziki wabo hanze ya Uganda. Bruce Melodie, umwe mu bahanzi bakomeye mu Karere ka Afurika...
Uruzinduko ry’umuhanzi w’icyamamare mu Rwanda Bruce Melodie rwasize ababakora indirimbo (producers) bishimye, bitewe n’ijambo uyu muhanzi yavuze, aho yavuze ko abakora indirimbo bo muri Uganda ko ari abahanga bakomeye mu gukora indirimbo nziza kandi zigezweho mu karere. Bruce...
Umuhanzi w'icyamamare muri Uganda, Jose Chameleone, ari mu byishomo byinshi nyuma yo kugenda neza kw'igikorwa cyo kumubaga ijisho ry'iburyo, ijisho ryari ryatangiye gutakaza ubushobozi bwo kureba. Ku wa Kabiri tariki 17 Gashyantare 2026, Chameleone yatangaje aya makuru kuri...
Mbere y’umunsi w’abakundanye, mu kiganiro n’itangazamakuru, umuhanzikazi Gloria Bugie yavuzeko adashishikajwe cyane n’indabo, ahubwo ko yifuza impano zifatika. Yasabye abafana be bashaka kumuha impano ko batekereza uburyo bamuha mafaranga cyangwa imitungo nk’ubutaka i Kampala. Nk’uko byagaragaye ku mafoto...
Umuririmbyi Mugisha Benjamin uzwi nka The Ben yongeye kugaragaza imbaraga ze ku isoko ryo mu karere ka Afurika y’Iburasirazuba, nyuma yo gukora igitaramo gikomeye mu Mujyi wa Kampala muri Uganda ku munsi wa Saint Valentin. Iki gitaramo cyabereye...
Mu myaka icumi ishize, umuziki nyarwanda wateye intambwe igaragara. Amashusho y’indirimbo akorwa ku rwego rwo hejuru, imbuga nkoranyambaga zorohereje abahanzi kugera ku bafana, ndetse hari n’indirimbo zatangiye kugera ku masoko mpuzamahanga. Ariko nubwo isura y’iterambere ry’umuziki nyarwanda igaragara,...
Umunyabigwi muri Formula 1, Lewis Hamilton, akomeje kuvugwaho kuba ari mu rukundo n’icyamamare mu myideli no muri ‘Reality TV’, Kim Kardashian, nubwo bombi bakomeje kuruca bakarumira. Amakuru y’uru rukundo yatangiye gukwirakwira mu mpera za Mutarama 2026, ariko ibintu...
Urwego rw’ubuhanzi mu Rwanda rwongeye kugaragaza imbaraga zarwo mu iserukiramuco rya Art Rwanda-Ubuhanzi Xperience ryabereye muri Kigali Conference and Exhibition Village (KCEV), aho hatanzwe impamyabumenyi ku rubyiruko rwasoje icyiciro cya gatatu cy’iyi gahunda yo guteza imbere impano. Iki...
Umuraperi w’icyamamare Wiz Khalifa yatangaje inkuru ibabaje y’urupfu rwa se, Laurence W. Thomaz, abinyujije ku mbuga nkoranyambaga ze yashyizeho ubutumwa bwakoze ku mitima ya benshi. Uyu muhanzi ufite imyaka 37 y’amavuko, wamamaye mu ndirimbo zitandukanye zirimo nka “See...
Umunyamakuru ubarizwa mu gisata cy’imyidagaduro Flavia Namulindwa garutse ku bihe bye byo mu mashuri yisumbuye, yanatangaje ko yigeze kugira umubano na mugenzi we Kasuku, ku munsi wa prom (laever’s party). Flavia yavuze ko we na Kasuku biganye ku...