Umuhanzi Alexander Bagonza wamamaye nka A pass, yasubije amagambo aherutse gutangazwa na Nalebo wamunenze avuga ko abafaba be batiyongera kandi ko undurimbo ze zidashobora gukundwa n’abantu benshi. Mu kiganiro cyatambutse kuri Now Media UG, Jonathan Nalebo yagize ati:...
Chris Ngabonziza, uzwi ku izina rya Tontonchris, wahoze mu itsinda rya Cool Family, yasubiye ku rugamba rw'umuziki. Kuri ubu yamaze gusohora indirimbo ebyiri icyarimwe icyarimwe arizo: Kiberinka yafatanyije na Amalon ndetse na Look Around XOXO yafatanyije na Ariel...
Isi y'ubuhanzi yahuye n'igihombo gikomeye nyuma y'urupfu rwa Lil Poppa, umuraperi w'imyaka 25 wari wazamutse mu buryo butangaje muri Amerika. Yapfuye ku wa 18 Gashyantare 2026, asiga inyuma umurage w'indirimbo zikomeye zivuga ku buzima nyakuri. Lil Poppa, wari...
Mu gihe hasigaye iminsi mike ngo hatangire irushanwa rya Tour du Rwanda 2026, imyidagaduro na yo yamaze gufata indi ntera. Abategura “Tour du Rwanda Festivals” batangaje urutonde rw’abahanzi bazasusurutsa abazitabira iri rushanwa, ibintu byamaze kuzamura amarangamutima y’abakunzi b’umuziki...
Umuhanzi w’icyamamare ukora injyana ya Afropop, John Blaq yatangaje ko afite gahunda yo gukora igitaramo kizaba gikomeye muri uyu mwaka, kikazaba ari igitaramo cyigaragaza igaruka (Comeback) mu muziki neza, ni nyuma y’igitaramo gihambaye yaherukaga gukora mu mwaka wa...
Mariam Mutakubwa, uzwi nka Biggie Events, utegura ibitaramo n’ibikorwa bitandukanye, yatangaje ko yiyemeje kwishyura imyenda yose abereyemo abantu mu gihe cya vuba. Mu kiganiro aherutse kugirana n’itangazamakuru, Mutakubwa yavuze ko SACCOihuza abategura ibitaramo (Promoters SACCO) yahawe inkunga ya...
Umuhanzikazi w’Umunyafurika y’Epfo, Tyla, yatangaje ko ageze kure imirimo ya album ye ya kabiri yise “A Pop”, ateganya gushyira hanze mu mpeshyi ya 2026, hagati ya Kamena na Kanama. Ibi yabitangaje ari muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika...
Uwahoze ari umuyobozi w’akarere ka Kawempe y’ Amajyepfo, Hon. Mubaraka Munyagwa Sserunga, yahakanye amakuru avuga ko yaba afitanye ikibazo cyihariye n’umuhanzi Mansoor Ssemand wamamaye nka King Saha, ni nyuma y’uko abateranye amagambo mu ruhame ashingiye ku myemerere ya...
Umuhanzi w’Umunya-Kenya ukora injyana ya Afropop, Bien-Aimé Baraza, yaciye ibintu ku mbuga nkoranyambaga nyuma yo kugaragaza ibyishimo yatewe n’uko yahuye na Perezida Paul Kagame mu mukino w’amaboko (basketball) wa NBA All-star 2026, n’umukino wabereye i Los Angeles, ukaba...
Mary Nambwayo asa nu watangiye ubuzima bushya mu rukundo nyama yo gutandukana n’uwahoze ari umugabo we Suuna Ben mu mwaka wa 2025, ibintu byavuzwe cyane mu bitangazamakuru bitandukanye byo muri Uganda. Aba bombi bigeye bagaragaye cyane mu binyamakuru...