Umunyamideri akaba n’umushyushyarugamba wo muri Uganda, Sheilah Gashumba, yongeye kuvugisha benshi nyuma yo gutanga ubutumwa bukomeye bugenewe urubyiruko, abasaba kureka kwitwaza ibibazo by’ubuzima bagahitamo inzira y’ibiyobyabwenge n’ibisindisha. Ubu butumwa yabunyujije ku rukuta rwe rwa Snapchat, aho yasabye cyane...
Umuhanzikazi w’icyamamare muri Tanzania, Zuchu, yongeye kuvugisha benshi ku mbuga nkoranyambaga nyuma y’amashusho ye ari mu kiganiro cy’urwenya na Diamond Platnumz, aho yamusabaga kumwishyurira operasiyo yo kongeresha amabere. Aya mashusho yakwirakwiye cyane kuri interineti agaragaza aba bombi bari...
Umuhanzikazi wo muri Kenya Victoria Kimani yagaragaje ko ashyigikiye byimazeyo umuhanzi w’icyamamare wo muri Afurika y’Epfo Tyla, nyuma y’uko bamwe bakibaza uburyo yatsindiye igihembo cya Grammy, ndetse bagaruka ku mitegurire n’amategeko akomeye ashyirwa ku bahanzi b’Abanyafurika. Abinyujije ku...
Ubushize Prence Nemial, wamamaye ku izina rya Ya Levid, yakoreye igitaramo muri Uganda, asiga yanditse amateka, aho abacyitabiriye bamusezeranyije ko bazogera bakwitabira igitaramo cye igihe icyo ari cyo cyose yaba yongeye kugikorera muri iki gihugu. Uyu muhanzi ukomoka...
Nyuma y’uko Christopher ashyize hanze album ye shya yise ‘H20), yavuze ko atemeranya n’abantu bakunze kuvuga ahri umuhanzi wa mbere kurusha abandi cyagwa bamwe mu abahanzi biyita abambere mu muziki. Muneza Christopher yagize ati: “Nubwo ntawe gamije...
Umuhanzi Big Eye Starboss yakiriye neza izamuka ry’impano nshya mu ruganda rw’umuziki, avuga ko abahanzi bashya ari ingenzi mu iterambere no guhinduka k’uru rwego. Gusa, yagaragaje ko gutsinda kw’abahanzi bakizamuka bitavuze ko abamaze kwiyubakira izina baba barangiye. Umuhanzi...
Umunyapolitiki umaze igihe kirekire mu ruhando rwa politiki, uzwi ku izna rya Fred Mukasa Mbidde, yagurutse ku gitekerezo cy’umuhanzikazi wo mu gisekuru (ukuzimaka), cy’abahanzi bo muri Uganda uyu munyapolitiki avaga ko abona uyu muhanzikazi arimo gutanga umusanzu ugaragara...
Umuhanzikazi wamenyekaniye mu kigo cya Source management, Spice Diana, yagiriye inama bagenzi be bakora umuziki, ashimangira akamaro ko gukorana n’ikipe ifasha abahanzi ku yobora ibikorwa by’ubuhanzi ha kubikora wenyine. Ibi yabivuze ashingiye ku bunararibonye bwe, uyu muhanzi yavuze...
Mu gihe umuziki wo kuramya no guhimbaza Imana ukomeje gukura no kwambuka imipaka, i Bruxelles mu Bubiligi hategerejwe igitaramo cyitezweho guhuriza hamwe Abanyarwanda n’inshuti zabo batuye i Burayi mu mwuka w’amasengesho, indirimbo n’ugusangira kwizera. Ku wa Gatandatu tariki...
Mu bihembo bya Grammy Awards 2026, umuraperi Kendrick Lamar yanditse amateka mashya, aba umuhanzi wa Hip-hop wegukanye ibihembo byinshi kurusha abandi bose mu mateka ya Grammy, aho yarushije Jay-Z wari ufite aka gahigo. Kendrick Lamar wegukanye igihembo cya...